Mpayimana yangiwe gukorana ikiganiro n’itangazamakuru
Umunyepolitiki wigenga Mpayimana Philippe wigeze kuba umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika mu mwaka wa 2017, akongera akaba umukandida wigenga mu matora y’abadepite yo mu mwaka wa 2018, yangiwe gukorana ikiganiro n’Abanyamakuru, none kuwa 10 Ugushyingo 2018. Ikiganiro cyari giteganyijwe kuva isa yine za mu gitondo kugeza I saa munani, ariko ntibyamukundiye, kuko aho […]
Amajyaruguru: Bejeje ibijumba ku bwinshi ariko babuze isoko
Bamwe mu baturage bo mu Ntara y’Amajyaruguru baravuga ko bejeje ibijumba kugeza ubwo babura isoko ryabyo, bimwe bikaba biri gupfira ubusa mu mirima, Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru buvuga ko kuba bejeje atari ikibazo ngo hagiye gushakwa amasoko ariko kandi abasobanukiwe iby’ibijumba bo basaba abaturage guhinga imbuto nziza ishobora kubyazwamo ibindi biribwa. Mu bigaragarira amaso yaba mu […]
Dore ibizakwereka ko umugore ageze ku rwego rwo gushaka imibonano mpuzabitsina
Mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina, ni ngombwa ko hagati y’abagiye gukora igikorwa bategurana, umwe akabanza gufasha mugenzi we kumugeza ku rwego yumva amwiyumvamo cyangwa yumva umubiri witeguye. Mugabo, dore ibimenyetso bizakwera ko ageze ku rwego abikeneye: 1.Indoro : Umugore ugeze ku rwego rwo kumva ashaka cyane imibonano mpuzabitsina, uzabona ayatangiye guhindura indoor, areba nk’unaniwe cyangwa […]
Kugira ngo uhindure abandi ugomba kwiheraho- IGP Dan Munyuza
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza arasaba urubyiruko rw’abakorerabushake kubanza kuba intangarugero mbere yo kwigisha abandi. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Ugushyingo 2018, ubwo hatangizwaga amahugurwa y’urubyiruko rw’abakorerabushake baturutse mu bice bitandukanye by’igihugu. IGP Munyuza yasabye uru rubyiruko guhindura imyumvire y’urubyiruko n’abandi baturage aho batuye, aho bakorera, biga […]
Ange Kagame nawe yasubije Michaà «lle Jean nyuma yo kuvugira Diane Rwigara
Nyuma y’aho Michaà «lle Jean watsinzwe kuyobora umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) abinyujije kuri twitter asabiye gukurikirana ubwitonzi urubanza rwa Diane Rwigara na nyina, akanengwa n’Umunyabanga wa leta muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Olivier Nduhungirehe wamubwiye ko avugishwa no kuba aherutse gutsindwa na Louise Mushikiwabo, Ange Kagame, umukobwa wa Perezida wa Repubulika nawe yagize icyo abwira uyu […]
Muvuga ko urumogi rufite ikibazo,nimukitubwire?-umudepite abwira inteko ishinga amategeko
Umudepite mu gihugu cya Tanzaniya, Joseph Musukuma avuga ko atumva impamvu Leta y’igihugu cye ikomeje kwanga ko urumogi rwacuruzwa nk’ibindi bicuruzwa byose yitwaje ko ngo rufite ikibazo. Uyu mugabo uhagarariye agace ka Geita kuwa 9 Ugushyingo 2018 ubwo yatangaga ibitekerezo mu nteko yavuze ko Leta ikwiriye gusobanura ikibazo kiba mu rumogi mu gihe ibindi bihugu […]
Burundi: Bamwe mu bayoboke ba CNDD-FDD bayinenze baranayiburira
Bamwe mu barwanashyaka ba CNDD-FDD, ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, bandikiye ibaruwa ifunguye igizwe n’amapaji 6 Umunyamabanga Mukuru w’iri shyaka, Evariste Ndayishimiye, amubwiza ukuri ku birebana n’ibibazo biri mu Burundi, amusobanurira ko bidaterwa n’u Rwanda n’u Bubiligi nk’uko bavuga, ahubwo anamuburira avuga ko ubukene buri mu gihugu nibukomeza abaturage bazahaguruka bakarwanya ubutegetsi. Ni ibaruwa […]
Watsapu ni uburyo bwiza bwo gutanga ubutumire ?
U Rwanda rurakataje mu  ikoranabuhanga mu bijyanye no guhana amakuru by’umwihariko gukoresh imbuga nkoranyambaga nka Facebook, Twitter,instagram n’izindi. N’ubwo bimeze gutyo, hari abavuga ko hari ubutumwa abantu badakwiriye kunyuza muri iyi nzira y’itumanaho abandi bakabyemeza. Urugero rtangwa ni ugutanga ubutumire bw’ubukwe ntibavuga  binyuze kuri kuri Watsapu (Watsapp). Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na bamwe mu bakoresha […]
HRW isaba u Rwanda kugaragaza ukuri ku ibura rya Twagirimana Boniface
Umuryango Uhuranira Uburenganzira bwa Muntu (Human Rights Watch) urasaba Leta y’u Rwanda kugaragaza ukuri mu gihe hashize ukwezi, umuryango n’ inshuti z’umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta y’ U Rwanda, Boniface Twagirimana aburiwe irengero. Twagirimana Boniface yatawe muri yombi ku wa 6 Nzeri 2017, hamwe na bagenzi be bagiye bafatwa mu minsi yakurikiye ifatwa rye, nk’ […]
Umwe mu bantu ba hafi ba Gen. Kayihura yahunze igihugu
Uyu mugabo wahoze ayobora polisi mu gace ka Kampala y’amajyepfo akaba umwe mu bapolisi bakoranye bya hafi na Gen. Kayihura, ACP Hajji Siraje Bakaleke yahunze igihugu cya Uganda. Ni nyuma y’aho urukiko rushinzwe kurwanya ruswa rutanze impapuro zo ku muta muri yombi kugira ngo aryozwe ibyaha birimo gukoresha ububasha yari afite nabi no gushimuta. Abantu […]
U Bubiligi: Hizihijwe isabukuru y’imyaka 75 ya Mgr Nzakamwita- AMAFOTO
Muri kiliziya iherereye i Gijzegem mu gice kivuga igifurama mu gihugu cy’u Bubiligi, habereye misa yo kwizihiza imyaka 75 Musenyeri Servilien Nzakamwita amaze avutse. Muri iyo misa yabaye ku wa Gatandatu taliki 3 Ugushyingo 2018, yari yateguwe n’abavandimwe ba Musenyeri Nzakamwita batuye mu Bubiligi bafatanije n’inshuti n’abavandimwe. Misa yasomwe na Musenyeri Nzakamwita ubwe akikijwe na […]
Bamwe mu banyamategeko mu Rwanda barakemanga ibizamini bikorwa ku mirambo
Mu Rwanda hari abanyamategeko bahangayikishijwe n’ibizamini by’abaganga bikorwa ku mirambo hagamijwe kumenya inkomoko y’urupfu bizwi nka Autopsy. Baravuga ko ibyo bimenyetso bikunze kwifashishwa mu nkiko biba bitarimo ukuri kandi abacamanza bakabishingiraho mu gufata ibyemezo. Barasaba ko abacamanza bagombye kubikoraho ubushishozi kuko ngo hari ababirenganiramo. Baravuga ko urugaga rw’abaganga mu Rwanda rwemeza ko nta mpuguke yabyigiye […]
Dr. J. Peter Pham, intumwa yihariye ya Perezida Trump mu Biyaga Bigari
Dr. J. Peter Pham yagizwe intumwa yihariye ya perezida w’Amerika mu Karere k’Ibiyaga Bigari k’Afurika nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara na Department ya leta rivuga. Mu nshingano nshya Dr Pham yahawe, harimo guhuza ibikorwa bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rw’umutekano ku mipaka, politiki n’iterambere ry’ubukungu mu karere k’Ibiyaga Bigari. Ni we kandi ushinzwe […]
MINAGRI irababwa ku gusobanura ikishe amafi i Musanze
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyatanzwe na minisiteri eshatu, iy’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, iy’Ubucuruzi n’Inganda MINICOM n’iy’Ubutegetsi bw’Igihgu MINALOC, habajijwe byinshi birimo n’ikibazo cy’amafi yahumanyijwe agapfira rimwe i Musanze. Mu gitondo cyo kuwa 21 Nzeli 2018 igifite ubuzima cyose gihumeka mu mugezi wa Mukungwa mu Karere ka Musanze cyasanzwe cyapfuye, amafi, inzoka n’ibikeri bireremba hejuru y’amazi. Yuma y’aho […]
Ruhango: Guverineri Gasana arasaba uruganda rwa Kinazi gushyiraho amakusanyirizo y’imyumbati
Bamwe mu bahinzi b’imyumbati bo mu murenge wa Kinazi bavuga ko nyuma y’aho baboneye imbuto nziza umusaruro wabaye mwinshi ariko bagorwa no kuwugeza ku ruganda, bifuza ko uruganda rwajya rubegera rukaza gutwara uwo musaruro wabo kuko bituma hari n’abahinzi bahitamo kuyinyuza ku ruhande bakigurishiriza ku masoko asanzwe. Umwe mu bahinzi bo muri uyu murenge, Nyabyenda […]