Ijambo ry’Imana: Abantu bose baramya antikristo bazacirwaho iteka

Sangiza iyi nkuru

Abantu bose baramya antikristo bazacirwaho iteka, cyangwa se abahabwa ikimenyetso cye ku mubiri wabo kugira ngo bemererwe kugura cyangwa kugurisha.
Marayika wundi wa gatatu akurikiraho, avuga ijwi rirenga ati “Umuntu naramya ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo, agashyirwaho ikimenyetso cyayo mu ruhanga rwe cyangwa ku kiganza, uwo ni we uzanywa ku nzoga, ni yo mujinya w’Imana, yiteguwe idafunguwemo amazi mu gacuma k’umujinya wayo.
Kandi azababazwa n’umuriro n’amazuku imbere y’abamalayika bera n’imbere y’Umwana w’Intama; ntibaruhuka ku manywa na nijoro, abaramya ya nyamaswa n’igishushanyo cyayo, umuntu wese ushyirwaho ikimenyetso cy’izina ryayo.”
…Numva ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti “Andika uti `Uhereye none hahirwa abapfa bapfira mu Mwami wacu.'” Umwuka na we aravuga ati “Yee, ngo baruhuke imihati yabo, kuko imirimo yabo ijyanye na bo ibakurikiye.” –Ibyahishuwe 14:9-13.
Anti
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *