Suudi Lukwago arahamya ko yasambanye n’abagore 500 mbere yo kubamenyekanisha muri Music

Sangiza iyi nkuru

Suudi Lukwago aturuka mu gihugu cya Uganda akora akazi ko kwamamaza no gusakaza ibihangano by’abahanzi batandukanye bo mu gihugu cya Uganda ndetse no hanze yaho mu rwego rwo kubimenyekanisha akaba abarizwa mu Idini ya Islam.
Aganira n’umunyamakuru mu kiganiro bakoreye muri Hotel Africana n’ibitwenge byinshi yavuze ko afite abana5 yabyaye mbere yuko akora ubukwe ariko mbere yahinduranyaga abagore nkuhindura umwenda kuri ubu akaba abona yarahindutse mu buzima bwe.
Suudi Lukwago 3
Mu buhamya bwe yakomeje avuga ko yari yaramaze kwangirika mu mutwe kuko atigeraga abasha no kurya bitewe nuko mu gitondo yabyukaga atekereza umugore saa sita nabwo bikaba uko mu gihe cyo gufata ifunguro rya nimugoroba nabwo bikaba uko bitryo umunsi wose akibera mu rukundo byibura abagore batatu nibo bake mubo baryamanaga kumunsi.
suudi Lukwago 1
Suudi yakomeje adashora kwibuka neza abagore bose yaba yararyamanye nabo ariko ko mubo yagerageza kwibuka neza bagera k’umubare w’abagore bagera kuri 500 ibi byo akaba avuga ko yabikoze abifashijwemo n’imbuga nkoranyamba ga nka skype,Watsapp,na Facebook za mufashije kugenda aganiriza aba bagore bose abizeza ko azabafasha kumenyekana.
Uyu mugabo yatangiye akazi ke ko gufasha abahanzi kumenyekana mu 1997 ari naho yatangiye gukora ubwo busambanyi ariko atangaza ko inshuti ze zamugiriye inama yo kureka ubu busambanyi zimubwira ko azabigiramo ingaruka zitari nziza nawe bituma afata umwanzuro wo kubireka.
N’ubwo bimeze gutya Suudi ararata akazi ke ngo kuko yamaze kugakuramo umugore,inzu nziza kuburyo abona ko naho yapfa abana be bakwiga muri Harvard University, akaba anishimira bimwe mubyo yakoze mu music nka Concert ya Eddy yitwaga Kat Kati yabaye umwaka utaha ngo kuko yabaye nziza kandi ikamusigira agatubutse.
Dore amwe mu mafoto yaranze ibikorwa bya Lukwago
Lukwago 6
suudi Lukwago 2
Lukwago 5
Suudi Lukwago
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Mecky@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *