Umusaza w’imyaka 72 yicishijwe ibuye azira urwagwa

Sangiza iyi nkuru

Umusaza w’imyaka 72,  Leogracius Kyomuzizi wo mu Karere ka Rukungiri yishwe atewe amabuye azira inzoga yengwa aho ngaho yitwa ‘Tonto’.

Umwe mu bari aho ibi byabereye kuwa Kane  nimugoroba,  Arinaitwe  Nicholus yavuze ko muzeho Kyomuzizi yazize kubuza mugenzi we kumutangira inzoga.

Ati “ Urupfu rwe rwakomotse ku mirwano yari itewe no kubuza mugenzi we basangraga washakaga gutanga inzoga ye ayiha undi mugabo.”

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Inzego z’ibanze zabwiye The Daily Monitor ko ushinjwa kwica uyu musaza asanzwe azengereje abantu bitewe no gusoma agatama agahita asinda.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *