Ndi kwihagarika buri minota icumi- umukunzi wa Diamond

Sangiza iyi nkuru

Umukunzi w’Umuhanzi Diamond Platnumz atangaza ko muri iki gihe atwite, ari kujya ku bwiherero buri minota 10.

Uyu mukobwa biteganyijwe ko azibaruka muri Nzeri 2019, avuga ko bimugoye ariko ko abyishimira.

Ku rukuta rwe rwa Instagram, ati “ Ngeze aho nsigaye nihagarika buri minota 10. Biragoranye ariko ndabyishimiye.”

Screenshot 2019 08 29 at 07.44.16

Tanasha aritegura kwibaruka imfura mu gihe umugabo we, Diamond azaba yibarutse ku nshuro ya gatanu.

N’ubwo bigaragara ko atorohewe n’impinduka z’umubiri zikomoka ku kuba atwite, uyu mukobwa ateganya gushyira hanze indirimbo ebyiri mbere y’uko umwaka wa 2019 urangira.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *