Byabaye amayobera ku buriri umwana wa Diamond azajya aryamamo

Sangiza iyi nkuru

Bamwe mu bari bitabiriye ibirori byo kwitegura kwibaruka umwana Diamond Platnumz na Tanasha Donna ntibabashije kumenya ibijyanye n’uburiri uyu mwana azajya aryamamo.

Umwe mu bari bitabiriye ibi birori, yavuze ko mu by’ukuri uburiri bw’uyu mwana w’umuhungu bwerekanwe, ariko ko besnhi batabashije kumenya ibyo ari byo.

Aganira na Ghafla, yagize ati “  Mu birori byo kwitegura umwana, berekanye uburiri azajya araramo. Benshi muri twe ntibamenye ibyo ari byo.”

Yakomeje agira ati “ Ukurikije ibyari byanditse ku musego, uriya mwana asaba yitwa ‘Young Lion’ nk’uko na bakuru be bitwa.”

4B535168 DB91 4A9B 9737 857D0DD9EAC7
Uburiri bw’umwana wa Diamond

Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko uburiri bw’uyu mwana bwaba bwaratwaye akayabo k’amafaranga gusa akaba ataramenyekana umubare.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Biteganyijwe ko uyu mwana ashobora kwibaruka muri uku  kwezi kwa Nzeri 2019.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *