Abahoze ari abagore ba Diamond ubu barabyinira ku rukoma

Sangiza iyi nkuru

Hamisa Mobeto na Wema Sepeto aba bombi bakundanye n’umuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz, ubu barabyinira kurukoma nyuma yo gufata umwanzuro wo kwiyunga. 

Nkuko bakunze kujya babigaragaza ku mbuga nkoranya mbaga zabo bombi bapfaga Diamond umwe avuga ko ariwe warumukwiye undi nawe ati ninjye umkwiye kuko ntacyo undusha aya matiku yakuruye urwangano hagati yabo kugeza ubwo buri wese afunze undi (block) kuri instagram.

Mobeto na Sepetu bakemuye ikibazo cyamahari bari bafitanye ubu bamaze kwiyunga buri wese yongeye gukurikira undi kuri instagram.

Nyuma yaho Diamond atandukaniye na Wema Sepetu wanabaye Miss Tanzaniya 2006, yahise akundana n’umunyamideli ukomeye muri Tanzaniya Hamisa Mobeto kuva ubwo batangira kugirana mashyari.

hm
Bombi bari mu byishimo by’uko bonyeye kwiyunga

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *