Isubiramo ry’indirimbo “applause”ya Lady Gaga ryacanze abantu benshi-REBA VIDEO

Sangiza iyi nkuru

Soufjan ni umwana ukiri muto washoboye gusubiramo indirimbo “applause” ya Lady Gaga imbere y’imbaga nyamwinshi abari aho bose baravangirwa.
soufj
Impano z’abantu ziratandukanye mu buryo bw’ubuhanzi, hari abahanzi bazi kwandika, kuririmba, gushushanya, gukina n’ibindi.
Hari abahanzi bashobora kwandindika neza indirimbo ariko batazi kuririmba, hakaba hariho n’abazi kuririmba gusa no kubyina.
Ubuhanzi bw’uyu mwana bwo burahebuje kuko abakemurampaka (juges) bararangaye cyane batwarwa n’ubuhanga bwa Soufjan bivugwa ko afite ijwi ridasanzwe (extraordinaire) bamwe bemeza ko aririmba neza cyane kurusha nyiri igihangano Lady Gaga.
Abari bitabiriye iki gitaramo bakaba bavuga ko nta muntu n’umwe ushobora kuzahiga uyu mwana w’akaraboneka mu kwigana ibihangano bitari ibye.
Akanama k’abakemurampaka (juges) bemeza ko isubiramo ry’indirimbo “applause” ya Lady Gaga, yatunguye benshi ku buryo nta muntu n’umwe washoboye kubyiyumvisha, bityo Soufjan akaba yabaye indashikirwa n’ikirangirire kubera indirimbo ya Lady Gaga.
Kanda nawe wirebere kandi wiyumvire
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *