Nitwa Sifa, ntuye Kicukiro, mfite umugabo tubyaranye kabiri ariko ikimbabaza cyane ni uko ahora anenga mu buriri ngo ni uko ntagira amavangingo.
Muri iyi myaka ibiri tumaranye, nta munsi n’umwe yigeze ambonaho ayo mavangingo ariko si uko nayabuze ahubwo nkeka ko ari we ufite ikibazo n’ubwo ntatinyuka kumubwira.
Yakunze kunenga cyane, burya rero hari igihe umujinya ugukoresha amahano, namuciye inyuma nshaka kureba niba koko ntayo ngira. Nasambanye kabiri kose n’umugabo tuziranye, rwose mbere y’uko twinjira mu gikorwa mbanza kumubwiza ukuri ko niba atari bungeze kuri uwo munezero araba ampemukiye.
Naje gutungurwa n’uko mu gihe gito gishobora nari namaze kuyazana, nabaye nk’ubonekewe pe, numva ngize ibyishimo, ndanezerwa ariko nyuma nza kwibuka ko ndi mu bibazo naciye inyuma umugabo wanjye.
Twasubiriye inshuro ya kabiri,biba uko ariko mbonye ko yabigira akamenyero mpita mpagarika umubane twari dufutanye ngo ntazisenyera.
Mungire inama, ubu umugabo nzerure mubwize ukuri ko ariwe utabashije, ngo mfite ikibuno kinini, ngo ubwiza ndata mu nzira ariko mu buriri nta kigenda, ibyo nibyo ambwira. Nkore iki?



6 Responses
Umugabo anengera kutanyara mu gihe cy’imibonano ngo n’ubwo mfite ubwiza n’ikibuno kinini- Nkore iki?
Madame reka nkugire inama kandi uzayikurikize. Gusa ndabanza kukunenga niba umugabo wawe adatuma uvubura ni nka 55% mu gihe uruhare rwawe ari nka 45% mugomba rero guhuza mukageza ku 100 %. Kuvubura kwawe rero ku wo hanze birumvikanisha ubushake wari umufitiye (jya ubugirira uwo mu rugo) uwo mu rugo na we hari icyo buriya atujuje (kugutera kumwiyumvamo) hari uburyo uzamushishikariza kubikoramo gahunda zemere (sms only 0785790160) buriya ushobora gusanga hari ahantu bayamwuhagira (amava…) ujye ukomeza udabagire uzasenya baguseke kandi barutahe. Bonne chance !
Umugabo anengera kutanyara mu gihe cy’imibonano ngo n’ubwo mfite ubwiza n’ikibuno kinini- Nkore iki?
Madame reka nkugire inama kandi uzayikurikize. Gusa ndabanza kukunenga niba umugabo wawe adatuma uvubura ni nka 55% mu gihe uruhare rwawe ari nka 45% mugomba rero guhuza mukageza ku 100 %. Kuvubura kwawe rero ku wo hanze birumvikanisha ubushake wari umufitiye (jya ubugirira uwo mu rugo) uwo mu rugo na we hari icyo buriya atujuje (kugutera kumwiyumvamo) hari uburyo uzamushishikariza kubikoramo gahunda zemere (sms only 0785790160) buriya ushobora gusanga hari ahantu bayamwuhagira (amava…) ujye ukomeza udabagire uzasenya baguseke kandi barutahe. Bonne chance !
Umugabo anengera kutanyara mu gihe cy’imibonano ngo n’ubwo mfite ubwiza n’ikibuno kinini- Nkore iki?
Inama numv nokugra nuko wokwihan ivy vyah wakoz kko ingero yicah nurpfu, hama egera umugabo ww umufash kuk urukundo ni 2 nimb haric adashobye umwerke uk yogkora ham mubndany urugo ruhre
Umugabo anengera kutanyara mu gihe cy’imibonano ngo n’ubwo mfite ubwiza n’ikibuno kinini- Nkore iki?
Inama numv nokugra nuko wokwihan ivy vyah wakoz kko ingero yicah nurpfu, hama egera umugabo ww umufash kuk urukundo ni 2 nimb haric adashobye umwerke uk yogkora ham mubndany urugo ruhre
Umugabo anengera kutanyara mu gihe cy’imibonano ngo n’ubwo mfite ubwiza n’ikibuno kinini- Nkore iki?
uzampamagare.nkwereke.ukobayashaka
0736250530
Umugabo anengera kutanyara mu gihe cy’imibonano ngo n’ubwo mfite ubwiza n’ikibuno kinini- Nkore iki?
uzampamagare.nkwereke.ukobayashaka
0736250530