Umuhanzi Prezzo biravugwa ko yajyanwe mu bitaro nyuma yo gufatwa ku ngufu na ba ‘slay queens’

Umuraperi w’Umunyakenya, Jackson Ngechu Makini uzwi nka Prezzo wo mu gihugu cya Kenya, yashyize ukuri ku makuru avuga ko abagore bazwi nka slay queens batatu bamuhaye ibiyobyabwenge maze bakamusambanya bikamuviramo kujyanwa mu bitaro. Slay queen ni izina rikunda gukoreshwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane nka Instagram, rigahabwa ab’igitsina gore bazihoraho basa n’aho ari ko kazi bakora. […]

Perezida Kagame yahaye amahitamo abasubiye mu byaha bari barafungiwe

Mu butumwa yatanze kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2019 mu muhango wo kurahira kw’abaminisitiri, abanyamabanga ba leta n’abayobozi b’ingabo mu ngoro y’inteko ishinga amategeko, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yahaye amahitamo abiri abafunguwe bahawe imbabazi bagasubira mu byo bari barafungiwe. Perezida Kagame yihanangirije abihisha inyuma ya politiki,ubwisanzure,… bafashwa n’abahungabanya umutekano bari hanze. “Ndashaka […]

Inama yari guhuza u Rwanda na Uganda ntikibaye

Inama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Angola abyutsa umubano hagati y’u Rwanda na Uganda ntikibaye kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2019. Aya makuru yemejwe kuri uyu wa 14 Ugushyingo n’Umunyamabanga wa Leta y’u Rwanda muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe. Avuga ko iyi nama yimuriwe ku munsi utaramenyekana ku busabe […]

Uganda: Abapolisi basaga 90 batorotse imyitozo

Polisi ya Uganda yategetse ko abapolisi 91 batabwa muri yombi kugira ku bwo gutoroka imyitozo (amafunzo) yaberaga ahitwa Kyabalye mu Karere ka Masindi. 80 mu batorotse ni abari boherejwe muri iyo myitozo ngo babe abigisha (instuctors). Itangazo ryo kuwa 11 Ugushyingo ryashyizweho umukono na ACP Emmanuel Muheirwe, riragira riti “ Aba bantu babuze ku kazi […]

Ni iki gituma kompanyi z’Abashinwa ziganje ku isoko ryo mu Rwanda

Hirya no hino mu Rwanda hagenda hagaragara ibikorwaremezo byinshi nk’imihanda na zimwe mu nyubako bitwara akayabo byubakwa mu Rwanda by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, biba biri kubakwa n’Abashinwa. Abantu benshi bumvikana bibaza impamvu aya masoko yinjiza akayabo aba yahariwe Abashinwa. Amakompanyi y’ubwubatsi y’Abanyarwanda, n’abafundi bo mu Rwanda bavuga ko impamvu batabona akazi usanga Abashinwa bafite […]

Ushaka kuduhungabanyiriza umutekano bizamuhenda-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwiteguye guha akazi k’uwo ari we wese washaka guhungabanya umutekano warwo. Mu ijambo rye ubwo yarahizaga abayobozi batandukanye barimo n’abagisirikare, yavuze ko uzahirahira agerageza guhungabanya umutekano w’u Rwanda, bizamuhenda. Ati “ Tugiye kuzamura ikiguzi cyose byasaba, ku bantu bose bashaka guhungabanya umutekano wacu. […]

Umubyeyi wa Meya wa Bugesera yamusanze mu biro amutunguye amubaza ikibazo gitangaje

hagati.jpg

Umubyeyi w’Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi ku yamusanze mu biro bye nk’abandi baturage bose agira ngo hari ikibazo afite aje gushyikiriza ubuyobozi, ahubwo we amubaza igihe ari bugire gufata ifunguro. Meya Mutabazi abinyujije kuri Twitter yashyize hanze amafoto yasuwe na mama we, aho yavuze ko yamusuye bitunguranye. Meya Mutabazi ari kuganira n’umubyeyi we Mutabazi […]

TENDER: REQUEST FOR QUOTATION FOR HAIRDRESSING KIT

RFQ Number 00100/GC/COP/2019 Date: November 11, 2019 From To Global Communities Rwanda Prospective Suppliers Special Instructions Delivery Terms All quotations must be submitted on company letterhead, must include Supplier’s legal address, must be stamped, and must be valid for no less than 60 calendar days. Please note that delivery terms & payments will be stipulated […]

Ingabo z’Ubufaransa zigiye gufasha RDC mu guhashya imitwe y’inyeshyamba

Emmanuel Macron (ibumoso) na Felix Tshisekedi (iburyo)

Ingabo z’Ubufaransa zigiye gufasha iza Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu guhashya imitwe yitwaje intwaro n’inyeshyamba ibangamiye umutekano w’uburasirazuba bw’igihugu. Ibi byatangajwe na Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ari kumwe na Perezida Felix Antoine Tshisekedi kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2019, i Paris. Iki kiganiro cyavugaga ku bufatanye bw’ibihugu byombi mu nzego […]

5 Most Common Reasons Why Relationships Fail

While the last thing couples want to think about is breaking up, the sad reality is that it happens—a lot. In fact, according to recent data from the American Psychological Association, as many as 50 percent of marriages in the United States eventually end in divorce. But how can you tell whether your marriage will […]

Reading Ready Project Officer for Book Development at Save The Children

About the Role: The purpose of this role is to support the Reading Ready project in increasing the supply for print and digital children’s books and other materials intended for pre-primary and P1-P3. Key Responsibilities Program Support and Coordination Layout and Graphics Design Monitoring, Evaluation, Accountability, and Learning External Networking & Representation Program Support and […]

Kigali City to own over 50 idle plots of land

City of Kigali management has revealed a plan to take possession of state owned or individuals’ 50 idle plots of land as well as incomplete residential and commercial buildings. During a press conference held yesterday, Kigali leadership revealed a plan to take possession of such ideal properties in order to maintain cleanliness and implement law […]

Program Management Support Officer at The African Institute for Mathematical Sciences

We’re transforming Africa through innovative scientific training, technical advances and breakthrough discoveries! Established in 2003 in Cape Town, South Africa, the African Institute for Mathematical Sciences (AIMS) is a Pan-African network of centers of excellence offering postgraduate training, research, and public engagement for the advancement of Science, Technology, Engineering and Mathematics (STEM) in Africa. Building […]

Rwanda: Mtihani wahairishwa baada ya wanafunzi kupatiwa mtihani wa siku nyingine

Mtihani wa masomo ya muziki umehairishwa baada ya wanafunzi wa Shule la Nyundo kulalamika kwamba wamepatiwa mtihani wa siku nyingine. Hilo lilitokea tarehe 12 Mwezi Novemba, siku ya kwanza ya mtihani wa taifa nchini Rwanda. Kiongozi wizarani ya Elimu, Dkt. Valentine Mujawamariya amesema mtihani umerudishwa mjini Kigali na mtihina mingine imerudishwa ili kufanyiwa uchunguzi. Kumeamua […]

Umusirikare wa Uganda yafatiwe muri Dorutwari y’abakobwa yambaye ubusa akubitwa nk’iz’akabwana

Umusirikare wa Uganda yarokotse nyuma yo gufatirwa mu icumbi abakobwa b’abanyeshuri bararamo (dormitory) mu kigo cya Daystar Christian Based Secondary School giherereye mu mujyi wa Hoima muri Uganda. Geoffrey Kilama ni umusirikare wa Uganda, akaba yitabwaho n’abaganga kubera ibikomere yatewe n’abanyeshuri bamufatiye muri iri cumbi yambaye ubusa. Ikinyamakuru observer gitangaza ko ubwo yinjiragamo, abakobwa bahanahanye […]

Ibibazo by’u Rwanda na Uganda bizakemurwa n’abaperezida bombi- Minisitiri Kivejinja

Minisitiri w’Intebe wa kabiri Wungirije wa Uganda ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Kirunda Kivejinja avuga ko uyu muryango nta ruhare uzagira mu gukemura umubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda, ko ahubwo abaperezida b’ibihugu byombi ari bo bazabikemura. Kivejinja yabwiye abanyamakuru kuwa Gatatu ko umuti ku mubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda uzashakirwa umuti […]

U Burundi bwarunze abasirikare benshi n’ibitwaro biremereye ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Amakuru aturuka mu baturage b’u Burundi baturiye umupaka wabwo n’u Rwanda avuga ko hashyizwe abasirikare benshi banafite intwaro nini. Ni amakuru atangwa n’abaturage bo muri Komini Mabayi, Bukinanyana, Mugina na Rugombo, zikora ku mupaka w’u Rwanda. Bavuga ko kuva ku wa Mbere w’iki cyumweru amakamyo yatunze abasirikare n’intwaro bita iziremereye zibashyira muri ibi bice bitandukanye […]

Mureke dukureho inzitizi zibuza kugera ku buringanire n’ubwuzuzanye- Mme Jeannette Kagame

Iyi nama Jeannette Kagame arimo yitabiriwe n'abasaga ibihumbi Bitandatu

Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Madamu Jeannette yagaragaje ko hakwiye gukurwaho inzitizi zose zibuza uburinganire n’ubwuzuzanye kugerwaho. Ibi madamu Jeannette yabigejeje ku bitabiriye inama mpuzamahanga isuzuma ibyagezweho mu myaka 25 bijyanye n’iterambere ry’abaturage (ICPD25) ikaba yibanda ku myororokere, uburinganire n’ibyateza imbere umugore by’umwihariko iri kubera i Nairobi muri Kenya. Imyanzuro y’iyi nama yari iyobowe ahanini […]