Nukorana imibonano mpuzabitsina n’umugore akakubwira ko nta kigenda cyane ubutaha uzifashishe aya mabanga 10

Sangiza iyi nkuru

Ntabwo igihe cyose wanezeza umugore uko abishaka, ahubwo nakugaya azabe aguhaye akanya ko kumenya uko ugomba kwitwara muri iki gikorwa kugira ngo noneho umwereke ko uri umugabo w’ukuri.

1. Banza ushake udukuru cyangwa udukino dukurura ibyishimo mukina mbere yo gutangira igikorwa. Burya ni byiza ko abantu bagiye gutera akabariro babanza kuganira bikagera n’aho bakina udukino tworoheje tubafasha kwibagirwa ibyo biriwemo ndetse tukanabinjiza mu gikorwa ku buryo bworoshye cyane.

2. Kwirinda gutekereza ko ugomba kumukorera ibimeze kimwe neza n’ibyo usanzwe umukorera.
Iyo umugore abonye uhora umukorera ibintu bimwe gusa mu gihe muri mu gihe cyo gutera akabariro agera igihe abyinubira ashaka ko wamuhindurira uburyo ubimukoreramo. Ni byiza ko umenya uburyo bunyuranye bwo kwitwaramo mu gihe urimo gutera akabariro n’umukunzi wawe.

3. Mukorakore umubiri wose wibanda ku bice birimo amabere, ku gitsina n’ahandi hatuma agushaka cyane. Ikindi kandi mu gihe urimo kumukorakora gerageza unamusome, umwikubesho cyane ku buryo agera aho yumva agushaka cyane.

4.Irinde parapara: Niba ushaka ko umugore anyurwa, irinde ibintu byose byakuvana muri mood, ngo telefone nisona ubanze ujye kuyitaba, oya nyabwo aribyo. Tuza umenye ko igikorwa ugiye gukora gikomeye kandi ugomba kukitaho, tuza ubundi mugumane mu ntekerezo.

5. Kumenya ko ku munwa atariho basomana gusa

Mu gihe urimo gutera akabariro, ugomba kumenya ko umukunzi wawe atari ku munwa gusa akeneye ko umusoma kuko bimushimisha cyane iyo ugerageza no kumusoma n’ahandi hatandukanye nko ku kiganza no ku ntoki, ukagenda uzisoma rumwe ku rundi n’ahandi, ku mabere,… bigaragaza ikimenyetso cy’uko umwishimiye.

6.Menya pozisiyo akunda: Ushobora kumujyana mu yo adakunda cyangwa se yababariyemo ugasanga ibyo ukoze byose ntabwo bimunejeje, ni byiza rero kubanza kumenya iyo akunda ukaba ariyo mwifashisha.

7.Wikwihutira kwinjiza igitsina: Niba utangiye igikorwa nyirizina, irinde guhita winjiza igitsina cyane mu cye hutihuti, itonde ubanze umenyereze inyuma, ukozaho gahorogahoro, ukoza kuri rugongo wongera umanuka, injira gake usohoka,….niwumva akunze imbere winjire, mu kandi kanya uze kugaruka inyuma,…

8. Komeza umubwire twa tugambo turyohereye, turimo nka ndagukunda, uri mwiza, urahumura neza, ndumva ndimo kuryoherwa na we, ufite ibibero byiza,… bituma akomeza kuryoherwa cyane akaba yanakwereka ko ameze nk’ufite ibitotsi, udusoni twinshi,…

9.Menya gukoresha imbaraga z’igitsina cyane, aha nakubwira ngo wirinda kuba warangiza mbere ye, kuko byose byaba bipfuye. Niba wumva ugiye kurangiza sa nkurangara mu bitekerezo, noneho ushake n’uburyo usa nkusubiza igitsina cyawe inyuma niba wari winjiye imbere, noneho niwumva bigabanutse wongere winjire cyangwa ukorere inyuma cyane niba ugamije kumunyaza.

10.Niba ubashije kumunyaza, munyaze neza yumve anyuzwe kandi wibuke ko kunyara kwe atariko kurangiza, ahubwo nibona arangije na we uzirekure uhite urangiza kuko utinze ashobora kubabara. Icyo wakora cyose umugore ntumugeze ku ndunduro y’ibyishimo akwira uwa feke, niyo mpamvu iyo uhamugejeje ahora akwishimira kandi akwifuza.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *