Abanyarwanda 33 bari bafungiwe i Kisoro boherejwe ku mupaka wa Cyanika

img_20191127_222839.jpg

Leta ya Uganda yohereje ku mupaka wa Cyanika abanyarwanda 33 mu bari bafungiwe muri gereza z’i Kisoro nyuma yo gufatira mu mukwabu. Aya makuru dukesha Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon. Gatabazi JMV ku rubuga rwa Twitter, wavuze ko aba baturage bazanwe mu ikamyo bagashyirwa ku mupaka. Gov. Gatabazi avuga ko aba baturage bambuwe ibyabo ndetse bamwe […]

Nyamasheke/Gihombo: Batashywe n’ubwoba bw’ingwe yahushije abanyerondo bahungiye mu Kivu, ikica Inka y’umuturage

Ku biro by'umurenge wa Gihombo abaturage baba bafite ubwoba ko iyi ngwe bahora babona yazahabasanga ikabamara

Abaturage b’akagari ka Butare mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke baravuga ko ubwoba butuma batagisinzira neza nyuma y’aho ngo ingwe ihushije abanyerondo bahungira mun kivu ikica inka y’umuturage iyisanze mu kiraro, barasaba inzego z’umutekano gukurikirana mu mashyamba ari hafi aho bakayibakiza. Iyi ngwe nk’uko bamwe mu batuye uyu murenge babitangarije Bwiza.com ngo basanzwe […]

Kinshasa: Indege ya Turkish Airlines igonganye n’iya Ethiopian Airlines

indeg2.jpg

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo 2019, indege ya Kompayi ya Turukiya (Turkish Airlines) n’iya Ethiopian zigonganiye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya N’Djili i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Amakuru aturuka kuri Media Congo avuga ko indege ya Ethiopian Airlines yari yaparitse ku kibuga cy’indege, mu gihe iya Turukiya yururukaga igendera […]

Hon Sebaba aravuga iryo yiboneye i mahanga, abanyoni bashumikwa

Hon. Sebaba naragenze ndabona nsanga hano muri Uganda ho ibihano biba kwinshi. Ku mugoroba umwe mperutse kuba nikatisha muri karitsiye imwe ngiye kubona mbona ihiriri ry’abantu birukankana umugabo umwe maze nshungera nk’abandi ngo ndebe ikibaye. Nagiye kubona mbona basingiriye uwo muntu n’amajwi hejuru, anyibutsa Umwami Yesu ubwo bamufataga bashaka kumwica bagira bati : ” nimumubambe”! […]

Kayonza: Aravugwaho gukorera umugore we ibikorwa byatumye atakibasha kuvuga

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 ugushyingo 2019 bavuze ko hari umugabo witwa Vuguziga Yohani wanigaguye umugore we bikamuviramo kutabasha kuvuga. Abaturage bo muri ako gace babwiye Radio 1 ko bavuze ko uyu mugabo bakunze kwita Rukarangira ko “Uretse gutera uyu mugore […]

Ruhango: Mwanamke auawa baada ya siku chache kuachana na mumewe

Mwanamke Mukarurangwa Mkazi Tarafa ya Bweramana Wilayani Ruhango ameuawa baada ya na watu amabao hawajatambulika. Kisa hicho ni baada ya siku chache kufarakana na mumewe Lando juu ya kutoelewana. Kwa hilo, Mahakama ilitoa uamuzi kwamba mwanamke aendelee kuwalea watoto. Mashahidi wamesema, Mukarurangwa amekatwa wakati ambapo watoto hawakuwa nyumbani pia mchungaji wa ng’ombe alikuwa hayupo. Upelelezi […]

Nukorana imibonano mpuzabitsina n’umugore akakubwira ko nta kigenda cyane ubutaha uzifashishe aya mabanga 10

Ntabwo igihe cyose wanezeza umugore uko abishaka, ahubwo nakugaya azabe aguhaye akanya ko kumenya uko ugomba kwitwara muri iki gikorwa kugira ngo noneho umwereke ko uri umugabo w’ukuri. 1. Banza ushake udukuru cyangwa udukino dukurura ibyishimo mukina mbere yo gutangira igikorwa. Burya ni byiza ko abantu bagiye gutera akabariro babanza kuganira bikagera n’aho bakina udukino […]

Rulindo District residents accuse leader of depriving them avocado trees seedling

Residents from Bushoki Sector in Rulindo say The Executive Secretary, Nzeyimana Pierre Claver has allegedly taken away from them 200 avocado trees seedling that were supposed to be given to the vulnerable for plantation. Nzeyimana, however, he planted the seedling in his own filed, residents told IGIHE. ” We saw him taking them away, we […]

Umuturage yabwiye Magufuli ko niba ashaka kugumya kuyobora yasuka ifaranga

Umuturage wo muri Tabora muri Repubulika ya Tanzaniya witwa Abel Mbinga hyasabye Perezida John Pombe Magufuli ko niba ashaka kuyobora ntazave ku butegetsi yarekura amafaranga. Amshusho dukesha Swahili Times atwereka Abel wari uzengurutswe n’abaturage, iki kinyamakuru kivuga ko aganira na Perezida Magufuli i Tabora. Gusa amaze kuvuga icyamugenzaga kiri hano hasi, abaturage basetse cyane ariko […]

This Sexual Pleasure Point Needs Your Attention

Every single orgasm is clitorally based. Yep. You heard that correctly. Every single orgasm. Even the beloved G-spot is part of the clitoris: It is the apex, the back part of the clitoris that sits near the urethral sponge and ducts. And, you guessed it, the A-spot is part of the clitoris, too! Here is […]

Uganda: Ushinzwe umutekano yagejejwe mu nkiko ashinjwa kwiba umugati

Umugabo w’imyaka 23 Jimmy Opoka yagejejwe imbere y’ubutabera ashinjwa kwiba umugati, amacupa atandatu y’inzoga n’abiri ya fanta. Opoka wari usanzwe akorera kompanyi ya Saracen yagejejwe imbere y’umushinjacyaha mu rukiko rukuru, Elisabeth Kabanda kuwa Kabiri tariki ya 26 Ugusyingo kugira ngo yiregure ku byaha aregwa. Uyu nk’uko Daily Monitor ibitangaza, yanze kwemera ibyo ashinjwa, maze yoherezwa […]

Igitsina cyiza, kimwe mu byo Zari avuga ko byamugize uwo ari we

Umuherwe, akaba umubyeyi w’abana Batanu, Zari Hassan yahishuye k’uko ameze ubu abikesha igitsina cye yise cyiza, amafaranga n’ibindi. Zari avuga ko abayeho neza, yishimira umubiri afite, by’umwihariko ko atakwirirwa ajya muri Gym gukora imyitozo imufasha kunanuka. Yagize ati “Abana bafite ubuzima bwiza, kurya neza, igitsina cyiza, amafaranga kuri banki ndetse n’amahoro muri njye, buri kimwe […]

Ubukwe bw’umugeni waziye mu isanduku bashyinguramo-amafoto & video

mva2.png

Abatashe ubu bukwe ndetse n’ababonye amashusho ku mbuga nkoranyambaga batunguwe n’ubukwe bw’umugeni waziye mu isanduku bashyinguramo abapfuye. Kuba yaje mu isanduku ni biratangaje ariko ibyakurikiyeho na byo ntibisanzwe. Amashusho agaragaza isanduku y’umweru iteretse hagati mu bantu bacanye telefone biteguye gufotora no gufata amashusho. Umugabo we bagiye gushyingiranwa (utagaragara neza) yari ahagaze iruhande rw’iyi sanduku yari […]

Gatsibo/Kiziguro : Abakora irondo ry’umwuga barataka kumara amezi atatu badahembwa

Abakora irondo ry’umwuga mu kagari ka Ndatemwa, Umurenge wa Kiziguro barinubira gucunga umutekano badahembwa bityo ko bikomeje gutyo bashobora guhagarika aka kazi. Bavuga ko bamaze amezi 3 badahembwa umushahara bagomba guhabwa buri kwezi. Umwe muri bo ukorera mu kagari ka Ndatemwa avuga ko n’ubundi bagenerwa umushahara udahagije hakiyongeraho no kutawubahera igihe. Yagize ati “Buri kwezi […]

Gen. Omega yongejwe ipeti ngo ayobore FDLR itorohewe mu bya gisirikare

Amakuru yashyizwe ahagaragara ni uko Maj. Gen. Pacifique Ntawunguka uzwi nka Omega yagizwe Umugaba Mukuru w’inyeshyamba za FDLR/FOCA ndetse agahabwa ipeti rya LIiyetona Jenerali (Lt. Gen.) ngo asimbure ku mugaragaro Lt. Gen. Sylivestre Mudacumura wishwe n’Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC). Iki cyemezo biravugwa ko cyafatiwe muri Gurupoma ya Tongo,Teritwari ya Rutshuro muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya […]

Abarundi batuye hafi y’umupaka w’u Rwanda n’uwa Congo basabwe kurikanura

Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu Burundi, Pascal Barandagiye yasabye abaturage b’iki gihugu baturiye umupaka wabwo n’u Rwanda ndetse na Congo, kuba maso bacunga ko umwanzi yabinjirana. Min. Barandagiye yasabye aba baturage cyane cyane abaturiye ishyamba rya Kibira gutanga amakuru byihuse mu gihe babonye umuntu batazi acaracara mu gace batuyemo by’umwihariko inzego z’umutekano nazo ngo zigakaza umutekano […]

Haravugwa urujijo mu rupfu rw’uwacuruzaga amakara mu Gatsata

Umugore witwa Uwihirwe Aline wari mu kigero cy’imyaka 25 bamusanze mu rugo rwe yapfuye mu mudugudu wa Gashubi Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata Akarere ka Gasabo. Abaturanyi ba nyakwigendera babwiye Radio Flash dukesha iyi nkuru ko batazi uburyo yapfuyemo ariko bakekwa ko yishwe kuko ku mugoroba wo kuwa 26 Ugushyingo yari muzima. Ubuyobozi bw’Akagari […]

Burundi: Imiryango y’abasirikare biciwe i Mabayi yangiwe gukora ikiriyo

Ngiyi tweet ya FRB-ABARUNDI

Imiryango y’abasirikare b’u Burundi biciwe mu gitero i Mabayi tariki ya 17 Ugushyingo 2019 irashinja leta kutabemerera gukora ikiriyo nk’uko bisanzwe ku babuze ababo. Iyi miryango igizwe n’abaturage bo mu Ntara ya Cibitoke mu duce twa Mugina, Rugombo na Buganda. Ubusanzwe, mu rwego rwo guha icyubahiro uwapfuye, ngo hubakwa amahema, imiryango ikaririra abayo, bagakora igicaniro, […]

TENDER:Provision of Transport Services at Institute of Policy Analysis and Research (IPAR)

The Institute of Policy Analysis and Research-Rwanda is a registered independent, not-for-profit research and policy analysis Think Tank in Rwanda. It became fully functional in 2008 with the support of African Capacity Building Foundation (ACBF ) and International Development Research Center (IDRC) with initial start up support from the Government of Rwanda. Website: http://www.ipar-rwanda.org TENDER […]

Isoko ry’ibiribwa n’ibikoresho by’isuku

Gasore Serge Foundation Website: http://www.rwandachildren.org Email: gasore.foundation@rwandachildren.org Web: www.rwandachildren.org P.O. Box: 5965 Kigali –Rwanda KURANEZA – FIGHTING AGAINST MALNUTRITION ITANGAZO RYO GUTANGA ISOKO Ref n0 01/RGB-GSF/2019-2020 Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa Gahunda yo gukumira no kurandura indwara zituruka ku imirire mibi, umushinga KURANEZA-Fighting Against Malnutrition ukorera mukigo cya GASORE SERGE FOUNDATION giherereye mu karere […]

Neonatal Nurse at VSO Rwanda

Voluntary Service Overseas (VSO) is an international development charity with a vision for a “world without poverty” and a mission to “bring people together to fight poverty”. VSO recruits professionals to work as volunteers, living and working alongside local populations in developing countries. VSO was founded in 1958, and currently works in 23 countries in […]

Program Manager I/Gender & Social Inclusion Advisor at CRS

Catholic Relief Services (CRS) is an international non-governmental organization supporting relief and development work in over 100 countries around the world. Website: http://www.crs.org Job Title: Program Manager I/Gender & Social Inclusion Advisor Department: Programming/Rwanda/CARO Reports To: Orora Wihaze Nutritionist Country/Location: Kigali, Rwanda Salary Grade: 9 About CRS Catholic Relief Services (CRS) is the official international […]