Burundi: Abantu batamenyekanye bagabye igitero ku bapolisi bari ku burinzi

Sangiza iyi nkuru

Abantu batamenyekanye bateye gerenade polisi y’u Burundi yari ku burinzi ahagana saa munani z’igicuku cy’uyu wa 1 Ukuboza 2019 mu gace ka Birongonzi mu ntara ya Rutana ariko ntiyaturika.

SOS Media ivuga ko aba bapolisi barashe aba bagabye igitero bariruka, bahata gerenade (grenade) ebyiri.

Aba bagabye igitero babyutse bashakishwa na polisi y’igihugu gusa nta makuru arenzeho iki kinyamakuru kirongera kubona, niba hari ababonetse cyangwa bakomeje kubura.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *