Abarwanyi ba M23 bigaruriye Umujyi wa Bukavu bidasubirwaho kuri iki Cyumweru aho Kuri ubu ari bo bari kurinda umupaka wa Congo uhuza u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Amafoto





Kuri iki Cyumweru itariki ya 16 Gashyantare 2025 mu Mujyi wa Bukavu kandi abasirikare ba Guverinoma ya Congo bataye ibikoresho byinshi bya gisirikare birimo intwaro ndetse n’imyambaro ya FARDC irimo n’amakoti akingira amasasu azwi nka ‘bullet proof vests’ mu Cyongereza.




