Gj7bpbPXcAA3Krq

Amafoto: FARDC yongeye guha impano M23 i Bukavu

Sangiza iyi nkuru

Abarwanyi ba M23 bigaruriye Umujyi wa Bukavu bidasubirwaho kuri iki Cyumweru aho Kuri ubu ari bo bari kurinda umupaka wa Congo uhuza u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Amafoto

Gj68nOPXMAAePab

Gj68nONWMAAfVKg

Gj68nUJWYAACqFA

Screenshot 2025 02 16 134307

Kuri iki Cyumweru itariki ya 16 Gashyantare 2025 mu Mujyi wa Bukavu kandi abasirikare ba Guverinoma ya Congo bataye ibikoresho byinshi bya gisirikare birimo intwaro ndetse n’imyambaro ya FARDC irimo n’amakoti akingira amasasu azwi nka ‘bullet proof vests’ mu Cyongereza.

Gj7bpbPXcAA3Krq

Gj7bpezXUAAgtWX 1

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *