Nitwa Albert
Mfite umugore n’abana babiri, ubu tukaba tubarizwa muri Kigali. Dufite umukozi w’umukobwa, nkamukundira ubwenge n’ubuhanga afite, mbese mubona nk’umujyanama mu rugo.
Ubusanzwe iyo mu rugo habaye ikibazo cyangwa se hari icyo tugiye gukora, uyu mukobwa na we muha umwanya, nkamwegera akambwira uko abyumva ndetse abasha no kutwunga, iyo nagiranye ikibazo n’umugore.
Gusa umugore asigaye andeba nabi ngo kuko nagize akamenyero ibintu byo kugisha inama umukozi no mu byo yita ‘ibidashinga’ ari njye si ko mbibona.
Ku bw’ibyo, ngo sinzongere kuvugisha uyu mukozi, nibitaba ibyo azajya kundega mu buyobozi ko hari gahunda naba ngirana na we (umukozi).
Nkore iki?



14 Responses
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ubwose urinze gusenya waba urwana Niki?
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ubwose urinze gusenya waba urwana Niki?
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ivyo bintu ukora n’ukuri si vyiza kuko bituma umugore wawe abona ko utamwizeye. Igihe mwashingiranwa, waramwemereye kutamuhemukira. Mbe se wewe, hamwe umugore wawe yoza abaza umukozi w’umugabo ivyo akwiye kukugirira, vyoguhimbara? Ubwo rero nkugire inama: ntuze ugirira abandi ivyo udashka ko bakugirira
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ivyo bintu ukora n’ukuri si vyiza kuko bituma umugore wawe abona ko utamwizeye. Igihe mwashingiranwa, waramwemereye kutamuhemukira. Mbe se wewe, hamwe umugore wawe yoza abaza umukozi w’umugabo ivyo akwiye kukugirira, vyoguhimbara? Ubwo rero nkugire inama: ntuze ugirira abandi ivyo udashka ko bakugirira
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
nta mugor uft kuburyo ujgisha inama umukoz,,,jya wubaha umgr wawe unamuhesh agacr kumukozi wanyu
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
nta mugor uft kuburyo ujgisha inama umukoz,,,jya wubaha umgr wawe unamuhesh agacr kumukozi wanyu
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ubu nkuyu abayavuze gutya abikora koko?cg aragirango yumve ibyo abandi bavuga?ngo ugisha umukozi inama ubwo umugore washatse niwe wahindutse umukozi rero noneho umukozi ahinduka umujyanama wawe
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
jyewe ndamugaye cyaneeeee pe,
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
jyewe ndamugaye cyaneeeee pe,
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ubu nkuyu abayavuze gutya abikora koko?cg aragirango yumve ibyo abandi bavuga?ngo ugisha umukozi inama ubwo umugore washatse niwe wahindutse umukozi rero noneho umukozi ahinduka umujyanama wawe
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ariko se was Mugabo we ugisha inama umukozi ufite umugore Koko ? Ahubwo uwo mugore aritonda ntuzasubire namakosa Hari ibibazwa umukozi kdi nabyo akenshi abibazwa numugore,uzabireke kdi uzasabe IMBABAZI umugore wawe
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ariko se was Mugabo we ugisha inama umukozi ufite umugore Koko ? Ahubwo uwo mugore aritonda ntuzasubire namakosa Hari ibibazwa umukozi kdi nabyo akenshi abibazwa numugore,uzabireke kdi uzasabe IMBABAZI umugore wawe
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ariko mwagiye mumenya ubwenge.ubwo se ugira umukozi umujyanama wawe umugore washatse ahari kubera iki?ahubwo umugore wawe arihangana.maze ukanabivuga hano koko?ubwose urumva ibyo ukora aribyo.njye ndakugaye pe.haricyo umushakaho nyine nonese arakubeshyera.
Ngisha inama umukozi, umugore akandeba nabi
Ariko mwagiye mumenya ubwenge.ubwo se ugira umukozi umujyanama wawe umugore washatse ahari kubera iki?ahubwo umugore wawe arihangana.maze ukanabivuga hano koko?ubwose urumva ibyo ukora aribyo.njye ndakugaye pe.haricyo umushakaho nyine nonese arakubeshyera.