Ku mugoroba w’uyu wa 7 Gicurasi 2020, umusore utaramenyekana yinjiye mu bwogoshero (Salon de Coiffure) muri Kimironko mu Mujyi wa Kigali yiturikirijeho igisasu cya ‘grenade’ ahasiga ubuzima.
Amakuru avuga ko ubwo uyu musore yinjiraga muri iyi ubu bwogoshero yeretse abarimo iki gisasu ari nako yagifunguraga.
Abarimo bagerageje kumusohora ngo kitabaturikana ari ko cyahise kimuturikana, bamwe mu bari muri iyi ‘salon’ barakomereka ariko byoroheje.
Inkuru ya Igihe ivuga ko abakomeretse bategereje kujya kuvuzwa.



2 Responses
Kigali: Umusore yiturikijeho igisasu ari muri ‘Salon de Coiffure’
Ntabwo iri sanganya ryabereye kimironko ryabereye munurenge wa ndera mukagari ka Masoro ahazwi nko mwizindiro kwanayinzira.murakoze
Kigali: Umusore yiturikijeho igisasu ari muri ‘Salon de Coiffure’
Ntabwo iri sanganya ryabereye kimironko ryabereye munurenge wa ndera mukagari ka Masoro ahazwi nko mwizindiro kwanayinzira.murakoze