Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate n’umuvugizi wayo Nkurunziza Jean Paul, bahagaritswe mu bikorwa by’umupira w’amaguru n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda Ferwafa bazira amagambo batangaje ubwo Rayon Sports yafatirwaga ibihano izira kutitabira irushanwa ry’intwari rya 2020.
Perezida Sadate yahanishijwe kuba hanze y’ibikorwa bya ruhago mu gihe cy’amezi atandatu, mu gihe Jean Paul yabihagaritswemo mu gihe kingana n’amezi ane.
Ni nyuma y’uko ku wa gatatu w’iki cyumweru aba bombi bari bahamagajwe n’akanama gashinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, kugira ngo bagire ibyo basobanura ku magambo batangaje.
Iri rushanwa ryabaye mu mpera z’ukwezi kwa 1, risozwa tariki ya 01 Gashyantare. APR FC ni yo yegukanye igikombe nyuma yo kunganya ku munsi wa nyuma w’iri rushanwa na Kiyovu Sports yasimbuye Rayon Sports mu irushanwa.
Rayon Sports nyuma y’irushanwa yafatiwe ibihano birimo kuyikura mu irushanwa ry’ubutwari mu gihe kiri imbere no kutemererwa gukina imikino ya gicuti mu gihe cy’umwaka, ariko ibihano byaje kugabanywa, iyi kipe iza kwemererwa kuzakina irushanwa ry’ubutwari rya 2021 mu gihe yazaza mu makipe 4 ya mbere, inagabanyirizwa igihano ku birebana no gukina imikino ya gicuti.
Ibihano Ferwafa yari yafatiye Rayon Sports ni byo byazamuye amarangamutima y’abarimo n’abayobozi bayo, bituma bavuga amagambo yuzuye uburakari.
Perezida Sadate abinyujije kuri Twitter yagize ati”Ubuyobozi bwiza bushingira ku cyizere ufitiwe n’abo uyobora, iyo bagutakarije icyizere inzira nziza ushobora guhitamo ni ukwegura, ntabwo wayobora abantu batakubonamo icyizere ni yo mpamvu mpamya ko iyi nama ari yo nziza ku buyobozi bwa FERWAFA. Mu kuri nta cyizere ugifitiwe…”
Umuvugizi wa Rayon Sports na we yavuze amagambo ajya gusa nk’aya ubwo yavugishaga ibitangazamakuru bitandukanye.
Perezida Sadate abinyujije kuri Twitter ye kandi yemeje amakuru y’ihagarikwa rye agira ati” Muraho mwese! Imyanzuro ya Komisiyo y’Imyitwarire ya FERWAFA imaze gusohora icyemezo cyayo, impagaritse amezi 6 mu bikorwa by’umupira, icyemezo tukazakijurira ku wa mbere.”


14 Responses
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
SADATE ubushize yarabyivugiye ngo iyo uyobora abantu batakwibona mo ngo ibyiza nuko wakwegura ukavaho, yewe Nkunda umugabo ntacyo ampaye, nanjye ndabona uwo Mugabo yaba SADATE usibye guhatiriza ndabona Abaye Umugabo yakwegura inzira zikigendwa, usibye na FERWAFA iguhaye amezi6 none ko aba RAYON Bazakwereka inzira isohoka? kandi umaze kubona ko udashoboye kuyobora Equiwe nka Rayon Sport, Prezida nuwungura equipe s’ukangata bwacya agatsindwa nka Sadate wirukanye Sarupongo ngo nta na mafranga bamugomba akanamwirukana mugihe igihugu kiri mu kaga Bwacya umukinnyi akamutsinda, none se ubwo Sadate yunguye Reyon? NIYEGURE cg TUMWEGUZE.
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
SADATE ubushize yarabyivugiye ngo iyo uyobora abantu batakwibona mo ngo ibyiza nuko wakwegura ukavaho, yewe Nkunda umugabo ntacyo ampaye, nanjye ndabona uwo Mugabo yaba SADATE usibye guhatiriza ndabona Abaye Umugabo yakwegura inzira zikigendwa, usibye na FERWAFA iguhaye amezi6 none ko aba RAYON Bazakwereka inzira isohoka? kandi umaze kubona ko udashoboye kuyobora Equiwe nka Rayon Sport, Prezida nuwungura equipe s’ukangata bwacya agatsindwa nka Sadate wirukanye Sarupongo ngo nta na mafranga bamugomba akanamwirukana mugihe igihugu kiri mu kaga Bwacya umukinnyi akamutsinda, none se ubwo Sadate yunguye Reyon? NIYEGURE cg TUMWEGUZE.
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
SADATE ubushize yarabyivugiye ngo iyo uyobora abantu batakwibona mo ngo ibyiza nuko wakwegura ukavaho, yewe Nkunda umugabo ntacyo ampaye, nanjye ndabona uwo Mugabo yaba SADATE usibye guhatiriza ndabona Abaye Umugabo yakwegura inzira zikigendwa, usibye na FERWAFA iguhaye amezi6 none ko aba RAYON Bazakwereka inzira isohoka? kandi umaze kubona ko udashoboye kuyobora Equiwe nka Rayon Sport, Prezida nuwungura equipe s’ukangata bwacya agatsindwa nka Sadate wirukanye Sarupongo ngo nta na mafranga bamugomba akanamwirukana mugihe igihugu kiri mu kaga Bwacya umukinnyi akamutsinda, none se ubwo Sadate yunguye Reyon? NIYEGURE cg TUMWEGUZE.
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
SADATE ubushize yarabyivugiye ngo iyo uyobora abantu batakwibona mo ngo ibyiza nuko wakwegura ukavaho, yewe Nkunda umugabo ntacyo ampaye, nanjye ndabona uwo Mugabo yaba SADATE usibye guhatiriza ndabona Abaye Umugabo yakwegura inzira zikigendwa, usibye na FERWAFA iguhaye amezi6 none ko aba RAYON Bazakwereka inzira isohoka? kandi umaze kubona ko udashoboye kuyobora Equiwe nka Rayon Sport, Prezida nuwungura equipe s’ukangata bwacya agatsindwa nka Sadate wirukanye Sarupongo ngo nta na mafranga bamugomba akanamwirukana mugihe igihugu kiri mu kaga Bwacya umukinnyi akamutsinda, none se ubwo Sadate yunguye Reyon? NIYEGURE cg TUMWEGUZE.
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Icyo cyemezo nugucecekesha abakuzi barukago kugirango batanenga ibibi biba byakozwe na Ferwafa irimo abafata kungufu abakobwa , n`abadashoboye kuyobora bumva ibitekerezo byabo aribyo bizima, kuburyo utumva kimwe nabo bamufata nkumwanzi.
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Mukuri, tutagize amarangamutima, Sadate yashenye Rayon Sport!
Ku ngoma ye nibwo iyi kipe ivuzwemo amakimbirane mu bakinnyi, ubuyobozi, ku muterankunga (skol), Ferwafa, byose bikaza mu mwaka umwe. Amagambo yanditse, kubwo kutitabira nkana Imikino y’amarushanwa ku munsi w’intwari, ntiyari ngombwa ku muntu nka president! Kutitabira iriya mikino yo ku munsi w’intwari z’u Rwanda, ku ikipe nkuru nka Rayon, ni ukwibeshya gukomeye Sadate yagaragaje kdi biragayitse imbere y’abanyarwanda!
Ibyo byose byatumye Rayon Sport ihanwa, umuyobozi wayo arahanwa, ikipe yishyuye umukinnyi (Sarpongo) amafaranga perezida yaravugaga ko ntacyo bazamwishyura,etc.
Byose biragaragara Sadate mu ntege nke n’ubushobozi bucye mu kuyobora Rayon Sport! Ndabona ahubwo azanasezererwa mu ikipe!
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Mukuri, tutagize amarangamutima, Sadate yashenye Rayon Sport!
Ku ngoma ye nibwo iyi kipe ivuzwemo amakimbirane mu bakinnyi, ubuyobozi, ku muterankunga (skol), Ferwafa, byose bikaza mu mwaka umwe. Amagambo yanditse, kubwo kutitabira nkana Imikino y’amarushanwa ku munsi w’intwari, ntiyari ngombwa ku muntu nka president! Kutitabira iriya mikino yo ku munsi w’intwari z’u Rwanda, ku ikipe nkuru nka Rayon, ni ukwibeshya gukomeye Sadate yagaragaje kdi biragayitse imbere y’abanyarwanda!
Ibyo byose byatumye Rayon Sport ihanwa, umuyobozi wayo arahanwa, ikipe yishyuye umukinnyi (Sarpongo) amafaranga perezida yaravugaga ko ntacyo bazamwishyura,etc.
Byose biragaragara Sadate mu ntege nke n’ubushobozi bucye mu kuyobora Rayon Sport! Ndabona ahubwo azanasezererwa mu ikipe!
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Icyo cyemezo nugucecekesha abakuzi barukago kugirango batanenga ibibi biba byakozwe na Ferwafa irimo abafata kungufu abakobwa , n`abadashoboye kuyobora bumva ibitekerezo byabo aribyo bizima, kuburyo utumva kimwe nabo bamufata nkumwanzi.
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Nuko imana ishimwe nibuka wicisha abakinnyi Inzara ba sarupongo ukirukana imishahara ugahagarika na skool itugobotse urayirwanya wijuse numugore wawe none Dore ubugome bwawe bugukozeho twaragusengeye ibyubonye nibike kuko bicyaza kubushobozi bw’imana…
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Nuko imana ishimwe nibuka wicisha abakinnyi Inzara ba sarupongo ukirukana imishahara ugahagarika na skool itugobotse urayirwanya wijuse numugore wawe none Dore ubugome bwawe bugukozeho twaragusengeye ibyubonye nibike kuko bicyaza kubushobozi bw’imana…
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Nuko imana ishimwe nibuka wicisha abakinnyi Inzara ba sarupongo ukirukana imishahara ugahagarika na skool itugobotse urayirwanya wijuse numugore wawe none Dore ubugome bwawe bugukozeho twaragusengeye ibyubonye nibike kuko bicyaza kubushobozi bw’imana…
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Nuko imana ishimwe nibuka wicisha abakinnyi Inzara ba sarupongo ukirukana imishahara ugahagarika na skool itugobotse urayirwanya wijuse numugore wawe none Dore ubugome bwawe bugukozeho twaragusengeye ibyubonye nibike kuko bicyaza kubushobozi bw’imana…
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Nuko imana ishimwe nibuka wicisha abakinnyi Inzara ba sarupongo ukirukana imishahara ugahagarika na skool itugobotse urayirwanya wijuse numugore wawe none Dore ubugome bwawe bugukozeho twaragusengeye ibyubonye nibike kuko bicyaza kubushobozi bw’imana…
Perezida wa Rayon Sports n’umuvugizi wayo bahagaritswe mu bikorwa bya ruhago
Nuko imana ishimwe nibuka wicisha abakinnyi Inzara ba sarupongo ukirukana imishahara ugahagarika na skool itugobotse urayirwanya wijuse numugore wawe none Dore ubugome bwawe bugukozeho twaragusengeye ibyubonye nibike kuko bicyaza kubushobozi bw’imana…