Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kuri uyu wa 14 Gicurasi 2020 rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyuve, uw’akagari ka Kabeza muri uyu murenge ndetse na ba DASSO babiri bose mu Karere ka Musanze.
Ni nyuma y’aho umwe mu baturage afatiye amashusho aba bayobozi; Gitifu w’Umurenge, Sebashotsi Gasasira Jean Paul, Tuyisabimana Jean Léonidas, DASSO Nsabimana Anaclet na DASSO Abiyingoma Sylvain bakubitira Dushime Jean Baptiste na Nyirangaruye Uwineza Clarisse mu gasoko kitwa ‘Ku Ngagi’ gaherereye muri uyu murenge.
Aba bayobozi na ba DASSO bazizaga aba baturage babiri kutambara udupfukamunwa muri ibi bihe bya Covid-19. Mu mashusho hagaragara Nyirangaruye na Dushime bagaragurwa hasi, bakubitwa.
Aba bose bahohoteye abaturage bafungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Muhoza mu gihe hakorwa dosiye kugira ngo ishyikirizwe ubushinjacyaha.




74 Responses
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Nukuri Rib ikora akazi kayo neza
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Nukuri Rib ikora akazi kayo neza
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ariko nubwo about baturage batubahirije amategeko, umuti ntabwo Ari ugukubitwa ahubwo bakagombye kwigishwa bakatugura kuko kuyobora abaturage Ni uguhozaho .
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ariko nubwo about baturage batubahirije amategeko, umuti ntabwo Ari ugukubitwa ahubwo bakagombye kwigishwa bakatugura kuko kuyobora abaturage Ni uguhozaho .
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Biteye agahinda.uriya gitifu ahanwe byintangarugero.uriya ntabwo akwiye kuyobora abaturage.niyoherezwe gishwati kuragira cyangwa imasisi niho baba inka
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Biteye agahinda.uriya gitifu ahanwe byintangarugero.uriya ntabwo akwiye kuyobora abaturage.niyoherezwe gishwati kuragira cyangwa imasisi niho baba inka
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ariko ubundi Cyuve yabuze umuyobozi muzima kweli, nta handi ibibi bibarizwaaa…toujours Cyuve.
Uyu gitifu uretse no kuba yakwamburwa imirimo akwiye no kuryozwa iri teshagaciro.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ariko ubundi Cyuve yabuze umuyobozi muzima kweli, nta handi ibibi bibarizwaaa…toujours Cyuve.
Uyu gitifu uretse no kuba yakwamburwa imirimo akwiye no kuryozwa iri teshagaciro.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Simbona uwo muyobozi nawe yagakuyeho ngo ari kurwama iryo zuru rye ko ndibona?
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Simbona uwo muyobozi nawe yagakuyeho ngo ari kurwama iryo zuru rye ko ndibona?
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Icyakora abo bayobozi nabo bararwaye bavuzwe mu.mumutwe. Nta muntu muzima wafata inkoni ngo akubwire undi.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Icyakora abo bayobozi nabo bararwaye bavuzwe mu.mumutwe. Nta muntu muzima wafata inkoni ngo akubwire undi.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Cyuve bagira amatiku gusa niterabwoba
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Cyuve bagira amatiku gusa niterabwoba
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Cyuve bagira amatiku gusa niterabwoba
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Cyuve bagira amatiku gusa niterabwoba
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Cyuve bagira amatiku gusa niterabwoba
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Cyuve bagira amatiku gusa niterabwoba
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ibi birenze ukwemera.Hashize iminsi mike Dasso aharwaniye n abaturage babiri arakubitwa karahava
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ariko birababaje ,nukuri bahanwe byintangarugero ,kuko ntawo bikwiye pe!
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ariko birababaje ,nukuri bahanwe byintangarugero ,kuko ntawo bikwiye pe!
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ibi birenze ukwemera.Hashize iminsi mike Dasso aharwaniye n abaturage babiri arakubitwa karahava
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Mbona nanone tutakwishimira ibi kuko mbona uwafashe ariwe watumye bakurikiranwa numva batoza ba gitifu kutihutira guhohotera abantu kuko ahenshi bihutira guhondagura abantu
Mukirane naho batafashe amashusho
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Mbona nanone tutakwishimira ibi kuko mbona uwafashe ariwe watumye bakurikiranwa numva batoza ba gitifu kutihutira guhohotera abantu kuko ahenshi bihutira guhondagura abantu
Mukirane naho batafashe amashusho
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
muri uru Rwanda rwa kagame nta muntu ugikubitwa hakabayeho ubukangura mbaga
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
muri uru Rwanda rwa kagame nta muntu ugikubitwa hakabayeho ubukangura mbaga
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Gitifu muzima akwiye kwandagaze abantu kuriya koko. Nahanwe kd binabere abandi urugero
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Biteye agahinda kubona abayobozi aribo bahohotera abaturage ,abo ntaho bataniye n,interahamwe
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Biteye agahinda kubona abayobozi aribo bahohotera abaturage ,abo ntaho bataniye n,interahamwe
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abaturage bakoze amakosa none nabayobozi babakosaje amakosa gusa abayobozi nabo bajye bashishoza barebeko abobantu ntakindi kibazo bafite umuntu se we utumva inyungu z’agpfuka munwa ntakibazo afite Koko arikose leta izakore iki Koko turayigora pe
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abaturage bakoze amakosa none nabayobozi babakosaje amakosa gusa abayobozi nabo bajye bashishoza barebeko abobantu ntakindi kibazo bafite umuntu se we utumva inyungu z’agpfuka munwa ntakibazo afite Koko arikose leta izakore iki Koko turayigora pe
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Birababaje
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Birababaje
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
ubu nubugome bakoze rwose babiryozwe. ibi ntibikibaho iki nigitugu bakoresheje
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
ubu nubugome bakoze rwose babiryozwe. ibi ntibikibaho iki nigitugu bakoresheje
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Aba si abayobozi ni ibipinga gusa njye birambabaje cyaneeeee??? Wagirango ntibumva impanuro za Muzehe wacu ??Ubuse gahunda ya “Umututurage ku isonga” barayizi? Numvaga bakagombye kuraswa kuko bazagumura ; Bazateza imvururu mu baturage?Gusa RIB ikore ibyayo kuko biriya ntibibaho????
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Aba si abayobozi ni ibipinga gusa njye birambabaje cyaneeeee??? Wagirango ntibumva impanuro za Muzehe wacu ??Ubuse gahunda ya “Umututurage ku isonga” barayizi? Numvaga bakagombye kuraswa kuko bazagumura ; Bazateza imvururu mu baturage?Gusa RIB ikore ibyayo kuko biriya ntibibaho????
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ibi ntibyakabaye bikigaragara m’ubuyobozi babanze bapimwe m’umutwe ubundi bamburwe inshingano bahawe zitabakwiye banaryozwe ubwo bugoryi bakoze
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ibi ntibyakabaye bikigaragara m’ubuyobozi babanze bapimwe m’umutwe ubundi bamburwe inshingano bahawe zitabakwiye banaryozwe ubwo bugoryi bakoze
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Mana Nyagasani
Ubu se inkoni nagapfukamunwa bihurira he?
Kwigisha ni uguhozaho
Gusa abo bayobozi nabi bahanwe kuko guhihotera umuturage birababaje.
Umuturage kuba ntagapfukamunwa yambaye solution ntabwo Ari inkoni kbsa
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Mana Nyagasani
Ubu se inkoni nagapfukamunwa bihurira he?
Kwigisha ni uguhozaho
Gusa abo bayobozi nabi bahanwe kuko guhihotera umuturage birababaje.
Umuturage kuba ntagapfukamunwa yambaye solution ntabwo Ari inkoni kbsa
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Njyewe ndabona baliya bayobozi bakwiye kuvuzwa barwaye mumutwe ninka ntizigikubitwa ntacyobarushije umuturajye kuko nabo ubwabo bateje akavuyo harurwaye tayari yanduje abandi
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Njyewe ndabona baliya bayobozi bakwiye kuvuzwa barwaye mumutwe ninka ntizigikubitwa ntacyobarushije umuturajye kuko nabo ubwabo bateje akavuyo harurwaye tayari yanduje abandi
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bakubise abo baturage bakagezaho babakomeretsa bahanwe hakurikijwe icyo amategeko ateganya.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bakubise abo baturage bakagezaho babakomeretsa bahanwe hakurikijwe icyo amategeko ateganya.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Agapfukamunwa kararikora,ariko abayobizi ni bigishe abaturage aho kubadiha
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Agapfukamunwa kararikora,ariko abayobizi ni bigishe abaturage aho kubadiha
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Nibamenye icyabateye kutagira udupfukamunwa babone kubakubita kutagira izo cash zatwo si icyaha
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Nibamenye icyabateye kutagira udupfukamunwa babone kubakubita kutagira izo cash zatwo si icyaha
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ndabona umuyobozi S E nawe ntako yambaye ahubwo inkoniye iri kurirwa ndabona igingo 121 yamatengeko yurwanda igomba kubahirizwa
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ndabona umuyobozi S E nawe ntako yambaye ahubwo inkoniye iri kurirwa ndabona igingo 121 yamatengeko yurwanda igomba kubahirizwa
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Umuyobozi yakoze amakosa igigo 121 yubahirizwe
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Umuyobozi yakoze amakosa igigo 121 yubahirizwe
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bahanwe byintangarugero kuko ibyo bakoze birenze kamere mumtu.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bahanwe byintangarugero kuko ibyo bakoze birenze kamere mumtu.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ibi birarenze nukuri kwandagaza umwari bamwamburubusa nuriyamusore
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ibi birarenze nukuri kwandagaza umwari bamwamburubusa nuriyamusore
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bahanwe byintangarugero kuko ibyo bakoze birenze kamere mumtu.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bahanwe byintangarugero kuko ibyo bakoze birenze kamere mumtu.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Aba bayobozi bakwiye kwambura iryozina bagashakirwa irindi kuko nta ndangagacyiro bafite,aba bakurwe no kurutonde rw’intore!
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Aba bayobozi bakwiye kwambura iryozina bagashakirwa irindi kuko nta ndangagacyiro bafite,aba bakurwe no kurutonde rw’intore!
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ubundi ntayakagombye kuba akiri mu kazi ko kuyobora abaturage,nuko yakomeje gukingirwa ikibaba.
Naho gukubuta abaturage wagirango ba Gitifu I Musanze nibyo batumwe.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ubundi ntayakagombye kuba akiri mu kazi ko kuyobora abaturage,nuko yakomeje gukingirwa ikibaba.
Naho gukubuta abaturage wagirango ba Gitifu I Musanze nibyo batumwe.
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ngaho ko bakizwa no kubura ibimenyetso ngo simusiga! Ubwo se ibi ntibihagije.
Inkoki se yayikuye he?
Ubwo se bizitwa ko yutabaraga cg ko nta mugambi yari afite wo kukubita abo ayobora!
Nzaba ndeba!
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Ngaho ko bakizwa no kubura ibimenyetso ngo simusiga! Ubwo se ibi ntibihagije.
Inkoki se yayikuye he?
Ubwo se bizitwa ko yutabaraga cg ko nta mugambi yari afite wo kukubita abo ayobora!
Nzaba ndeba!
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bakoresha igitugu ntibakenewe muriyiminsi bakurikiranwe
Musanze: Gitifu w’Umurenge, uw’Akagari na ba DASSO babiri batawe muri yombi
Abo bayobozi bakoresha igitugu ntibakenewe muriyiminsi bakurikiranwe