1d46a85cd0a0d848676e37e08bab3c31Y29udGVudHNlYXJjaGFwaSwxNzc0NjI0MDU1-2.81663003

Trump yitandukanyije n’Ubwongereza

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yanenze Ubwongereza nyuma y’uko bwanze gushyigikira igikorwa cya gisirikare cy’Amerika kuri Iran.

Trump yabwiye Ubwongereza ko bukwiye gushaka amavuta bwonyine, cyane ko hari ibibazo by’ihagarara ry’icuruzwa ryayo mu nzira ya Hormuz.

Ku ruhande rw’Ubwongereza, Minisitiri w’Intebe Keir Starmer yavuze ko igihugu cye kitazishora mu ntambara Amerika yashoze kuri Iran.

Ibi byatumye umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi wiyongera, mu gihe ikibazo cy’amavuta gikomeje guteza impungenge ku bukungu bw’Ubwongereza.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *