csm_Pic_motard_2025_f5786f0ba0

Litiro ya lisansi yiyongereyeho asaga 600Frw

Sangiza iyi nkuru

Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere, RURA, kuri uyu wa Kane ushize rwashyize ahagaragara ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli bitamgira kubahirizwa kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Mata 2026, aho linsansi yiyongereyeho asaga 600Frw.

RURA ivuga ko ibi biciro bishingiye ku mpinduka ziri ku isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli n’ingamba Leta y’u Rwanda yafashe zo guhangana n’izo mpinduka.

Kuri ubu litiro ya lisansi ni 2,938 kuri litiro, mu gihe mazutu ari 2,205

Mu ntangiriro z’uku kwezi, ku itariki ya 4 Mata nabwo ibiciro bya lisansi na mazutu byari byazamutse lisansi igera ku 2,303Frw ivuye ku 1,989Frw yari yashyizweho mu ntangiriro za Werurwe.

Ni mu gihe mazutu yari yageze kuri 2,205Frw ivuye ku 1,948Frw kuri litiro.

 

HGDihtcaoAAkanh

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *