HG-OqShbEAATXZa

Kinshasa/AFC-M23: Igihe ntarengwa cyo kugurana imfungwa cyarenze nta gikozwe

Sangiza iyi nkuru

Iminsi icumi nyuma y’amasezerano yo ku itariki ya 17 Mata 2026 hagati ya Kinshasa na AFC/M23, nta mfungwa z’intambara zafatiwe ku rugamba ku mpande zombi zarekuwe.

Igihe ntarengwa cyemeranijweho cyarenze, nubwo Amerika, Qatar, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, na Togo babigizemo uruhare ngo bishyirwe mu bikorwa.

Nyamara, Benjamin Mbonimpa, Umunyamabanga uhoraho wa AFC/M23 akaba n’umuntu w’ingenzi mu mishyikirano ya Doha, yari yatangaje hitezwe irekurwa ry’imfungwa 311 z’uyu mutwe hamwe n’imfungwa 166 ku ruhande rwa guverinoma.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *