Umujyi wa Huye (Butare ya kera) uherere mu Karere ka Huye, kamwe mu munani tugize intara y’amajyepfo, nako kagizwe n’imirenge ya Huye, Ngoma (ni wo ugize igice kinini cy’umujyi), Tumba, Karama, Gishamvu, Simbi, Rwaniro, Kinazi, Rusatira, Maraba, Mbazi, Kigoma, Mukura na Ruhashya.
Uyu mujyi uri muri 6 yunganira Umujyi wa Kigali, iri gushyirwamo imbaraga nyinshi mu kuzamurirwa ibikorwa by’iterambere, byaba bwite ndetse n’ibya rusange nk’ibikorwaremezo.
Bwiza.com yazengurutse uyu mujyi ifata amafoto atandukanye agaragaza ubwiza bw’uyu mujyi n’iterambere ryawo nyuma yo kuvugururwa.
Mu marembo ya Gare ya Huye mu ruhande ruherera mu mujyi rwagati
Uyu muhanda ugana mu mujyi rwagati, uvuye muri Gare ya Huye


Sitade mpuzamahanga ya Huye

Icumbi ryahoze ari iry’Umwamikazi wa Mutara III Rudahigwa, Rosalie Gicanda


Mu mujyi wa Huye rwagati



Hotel Faucon nayo ibarizwa muri uyu mujyi
Inyubako ebyiri, imwe ni iy’isoko rigezweho ry’umujyi, indi ni iya Semuhungu
Inyubako yo kwa Semuhungu

Aha bahita mu Rwabayanga, hasa n’ahitaruye mu mujyi rwagati

Amarembo ya Group Scolaire Officiel Butare
Inyubako y’ubucuruzi ya Diyoseze Gatolika ya Butare
Diyoseze Gatolika ya Butare
Umuhanda uva mu mujyi wa Huye, ujya mu Karere ka Gisagara

Ahitwa ‘Madina’ mu macumbi yiganjemo abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda. Inzu ndende igaragara ni iya Hotel Credo
Amacumbi y’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda, imbere y’umuhanda ugana ku bitaro bya CHUB
Hotel Barthos yegereye Kaminuza y’u Rwanda
Amacumbi y’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda, yahawe izina rya ‘Benghazi’
Mu marembo agana ku kigo cy’igihugu gishinzwe ubushakashatsi ( NIRDA) kiri mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda (Alboretum
Ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda rizwi nka Alboretum, hafi y’umuhanda ujya ku Kanyaru n’undi ugana mu murenge wa Tumba



4 Responses
Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
Umujyi wa Gicumbi Byumba wo uzavugururwa ryari ko umeze nkuko warumeze mbere ya 1994?!
Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
Umujyi wa Gicumbi Byumba wo uzavugururwa ryari ko umeze nkuko warumeze mbere ya 1994?!
Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
Umujyi wa Huye wise ntimwawutembereye ngo muwuheture. Bonnie consili ntayo, Garleo ntayo ndetse N’IBINDI bikorwa nyaburanga bihari. Ikindi iriya nyubako ya SEMUHUNGU mwafotoye imeze nkifatanye n’iya MISAGO.
Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
Umujyi wa Huye wise ntimwawutembereye ngo muwuheture. Bonnie consili ntayo, Garleo ntayo ndetse N’IBINDI bikorwa nyaburanga bihari. Ikindi iriya nyubako ya SEMUHUNGU mwafotoye imeze nkifatanye n’iya MISAGO.