img-20200826-wa0024.jpg

Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30

Sangiza iyi nkuru

Umujyi wa Huye (Butare ya kera) uherere mu Karere ka Huye, kamwe mu munani tugize intara y’amajyepfo, nako kagizwe n’imirenge ya Huye, Ngoma (ni wo ugize igice kinini cy’umujyi), Tumba, Karama, Gishamvu, Simbi, Rwaniro, Kinazi, Rusatira, Maraba, Mbazi, Kigoma, Mukura na Ruhashya.

Uyu mujyi uri muri 6 yunganira Umujyi wa Kigali, iri gushyirwamo imbaraga nyinshi mu kuzamurirwa ibikorwa by’iterambere, byaba bwite ndetse n’ibya rusange nk’ibikorwaremezo.

Bwiza.com yazengurutse uyu mujyi ifata amafoto atandukanye agaragaza ubwiza bw’uyu mujyi n’iterambere ryawo nyuma yo kuvugururwa.

img-20200826-wa0024.jpg Mu marembo ya Gare ya Huye mu ruhande ruherera mu mujyi rwagati

img-20200826-wa0030.jpg Uyu muhanda ugana mu mujyi rwagati, uvuye muri Gare ya Huye

img-20200826-wa0011.jpg

img-20200826-wa0009.jpg

img-20200826-wa0036.jpg Sitade mpuzamahanga ya Huye

img-20200826-wa0035.jpg

img-20200826-wa0022.jpg Icumbi ryahoze ari iry’Umwamikazi wa Mutara III Rudahigwa, Rosalie Gicanda

img-20200826-wa0020.jpg

img-20200826-wa0025.jpg

img-20200826-wa0010.jpg Mu mujyi wa Huye rwagati

img-20200826-wa0029.jpg

img-20200826-wa0028.jpg

img-20200826-wa0017.jpg

img-20200826-wa0015.jpg Hotel Faucon nayo ibarizwa muri uyu mujyi

img-20200826-wa0016.jpg Inyubako ebyiri, imwe ni iy’isoko rigezweho ry’umujyi, indi ni iya Semuhungu

img-20200826-wa0004.jpg Inyubako yo kwa Semuhungu

img-20200826-wa0037.jpg

img-20200826-wa0034.jpg Aha bahita mu Rwabayanga, hasa n’ahitaruye mu mujyi rwagati

img-20200826-wa0012.jpg

img-20200826-wa0023.jpg Amarembo ya Group Scolaire Officiel Butare

img-20200826-wa0014.jpg Inyubako y’ubucuruzi ya Diyoseze Gatolika ya Butare

img-20200826-wa0018.jpg Diyoseze Gatolika ya Butare

img-20200826-wa0021.jpg Umuhanda uva mu mujyi wa Huye, ujya mu Karere ka Gisagara

img-20200826-wa0013.jpg

img-20200826-wa0005.jpg Ahitwa ‘Madina’ mu macumbi yiganjemo abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda. Inzu ndende igaragara ni iya Hotel Credo

img-20200826-wa0007.jpg Amacumbi y’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda, imbere y’umuhanda ugana ku bitaro bya CHUB

img-20200826-wa0019.jpg Hotel Barthos yegereye Kaminuza y’u Rwanda

img-20200826-wa0008.jpg Amacumbi y’abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda, yahawe izina rya ‘Benghazi’

img-20200826-wa0027.jpg Mu marembo agana ku kigo cy’igihugu gishinzwe ubushakashatsi ( NIRDA) kiri mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda (Alboretum

img-20200826-wa0006.jpg Ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda rizwi nka Alboretum, hafi y’umuhanda ujya ku Kanyaru n’undi ugana mu murenge wa Tumba

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
    Umujyi wa Gicumbi Byumba wo uzavugururwa ryari ko umeze nkuko warumeze mbere ya 1994?!

  2. Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
    Umujyi wa Gicumbi Byumba wo uzavugururwa ryari ko umeze nkuko warumeze mbere ya 1994?!

  3. Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
    Umujyi wa Huye wise ntimwawutembereye ngo muwuheture. Bonnie consili ntayo, Garleo ntayo ndetse N’IBINDI bikorwa nyaburanga bihari. Ikindi iriya nyubako ya SEMUHUNGU mwafotoye imeze nkifatanye n’iya MISAGO.

  4. Ishusho y’umujyi wa Huye nyuma yo kuvugururwa: Amafoto 30
    Umujyi wa Huye wise ntimwawutembereye ngo muwuheture. Bonnie consili ntayo, Garleo ntayo ndetse N’IBINDI bikorwa nyaburanga bihari. Ikindi iriya nyubako ya SEMUHUNGU mwafotoye imeze nkifatanye n’iya MISAGO.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *