Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC

Sangiza iyi nkuru

Mu rwego rwo kunoza imikorere y’ibigo bya Leta hagamijwe gukoresha neza umutungo wayo, Guverinoma y’u Rwanda yakoze amavugurura ahuza ibigo byari bisanzwe biriho ibindi bikurwaho .

Kuri uyu wa Gatanu, mu igazeti ya Repubulika y’u Rwanda, hasohotsemo iteka rya Perezida wa Repubulika rihuza, rikanasimbuza ibigo bya leta byari bisanzweho, mu gihe ibindi bizakomeza inshingano zabyo.

Iri teka rigena ko Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco (RALC), Ikigo cy’Ingoro z’Igihugu z’Umurage w’u Rwanda (INMR) ndetse n’Ikigo cyari gishinzwe Inkoranyabitabo na Serivisi z’Ishyinguranyandiko byose biseswa, bigasimbuzwa ikigo gishya kizakomatanya inshingano zabyo. Ni ikigo cyahawe izina ry’”Inteko y’Umuco”.

Ibigo birimo Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Abana (NCC) na Gahunda y’Igihugu y’Imbonezamikurire y’Abana bato (NECDP) byasheshwe, bisimbuzwa ‘Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana’ (NCD).

Ibyari Inama Nkuru y’Amashuri Makuru (HEC) n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Imyuga n’Ubumenyingiro (WDA), byasheshwe, inshingano zabyo zihurizwa mu cyiswe ‘Ikigo Gishinzwe Amashuri Makuru’.

Ni impinduka zemejwe nyuma y’uko ku wa 3 Kanama 2020 zari zemejwe n’Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda. Iri teka rigena ko abari abakozi b’ibigo byasheshwe, bashyikirizwa Minisiteri ifite abakozi ba Leta mu nshingano zayi bagacungwa hakurikijwe amategeko abigenga.

Soma Izindi Nkuru

46 Responses

    1. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
      REB se inanijwe n’iki ? Njye mbona inanijwe n’ibitekerezo byawe nk’ibi bitubaka !

      1. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
        ntabwo yatukanye ahubwo yatanze igitekerezo cye uko acyumva.

      2. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
        ntabwo yatukanye ahubwo yatanze igitekerezo cye uko acyumva.

    2. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
      REB se inanijwe n’iki ? Njye mbona inanijwe n’ibitekerezo byawe nk’ibi bitubaka !

  1. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Ubundi x har ubwo amashuri bateze kuyafura nibashaka byose bazabisese,ariko ndagirango muzabatubarize muti”nk abakandida bari biteguye gukora icyareta babatekerezahiki?

  2. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Ubundi x har ubwo amashuri bateze kuyafura nibashaka byose bazabisese,ariko ndagirango muzabatubarize muti”nk abakandida bari biteguye gukora icyareta babatekerezahiki?

  3. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    HEC nta kibazo yari ifite pe,iyo basesa REB yabuze nyirayo,uje wese azana ibye aho gukomeza ibya mugenzi we.

  4. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    HEC nta kibazo yari ifite pe,iyo basesa REB yabuze nyirayo,uje wese azana ibye aho gukomeza ibya mugenzi we.

  5. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    HEC nta kibazo yari ifite pe,iyo basesa REB yabuze nyirayo,uje wese azana ibye aho gukomeza ibya mugenzi we.

    1. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
      Agahwa kari kuwundi karahandurika. Bakavuga ngo aho kwicaye gitera wakica ikibimutera. Bagire inama nibyo mbona byaba ari byiza. Abazaza nabo ni abantu.

    2. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
      Agahwa kari kuwundi karahandurika. Bakavuga ngo aho kwicaye gitera wakica ikibimutera. Bagire inama nibyo mbona byaba ari byiza. Abazaza nabo ni abantu.

  6. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    HEC nta kibazo yari ifite pe,iyo basesa REB yabuze nyirayo,uje wese azana ibye aho gukomeza ibya mugenzi we.

  7. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Ngewe mbona WDA yarigukomeza Kuba yonyine Kuko yarikiyubaka. Ikindi ntabwo twaritwagera ahashimishije mubijyanye nubuminyi ngiro. Mbonarero biteye impungenge Yuko ikigo cyakomatanyije HEC Na WDA kitazagera kuntego vuba Kuko kizaba gifite inshingano nyinshi icyarimwe . Murakoze

  8. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Ngewe mbona WDA yarigukomeza Kuba yonyine Kuko yarikiyubaka. Ikindi ntabwo twaritwagera ahashimishije mubijyanye nubuminyi ngiro. Mbonarero biteye impungenge Yuko ikigo cyakomatanyije HEC Na WDA kitazagera kuntego vuba Kuko kizaba gifite inshingano nyinshi icyarimwe . Murakoze

  9. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Ko numva se uko bwije nuko bukeye ari impinduka gusa .

  10. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Ko numva se uko bwije nuko bukeye ari impinduka gusa .

  11. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    REB iracyakora iki c?na Minisiteri y’umuryango yarananiwe kuko umuryango urasenyuka irebera pe!

  12. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    REB iracyakora iki c?na Minisiteri y’umuryango yarananiwe kuko umuryango urasenyuka irebera pe!

  13. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Amashuri yisumbuye y’imyuga n’ubumenyi ngiro se ubwo ashyizwe mu cyiciro cy’amashuri makuru?

  14. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Amashuri yisumbuye y’imyuga n’ubumenyi ngiro se ubwo ashyizwe mu cyiciro cy’amashuri makuru?

  15. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Amashuri yisumbuye y’imyuga n’ubumenyi ngiro se ubwo ashyizwe mu cyiciro cy’amashuri makuru?

  16. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Amashuri yisumbuye y’imyuga n’ubumenyi ngiro se ubwo ashyizwe mu cyiciro cy’amashuri makuru?

  17. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Arega buriya igihugu kiba kibonako gitakaza byinshi kandi babihuriza hamwe bigashoboka

  18. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Arega buriya igihugu kiba kibonako gitakaza byinshi kandi babihuriza hamwe bigashoboka

  19. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Byose bakoze nukurengera umutungo wa leta. ntibitaye kwirema ry’uburezi

  20. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Byose bakoze nukurengera umutungo wa leta. ntibitaye kwirema ry’uburezi

  21. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Hari ibyo abantu bitiranya. REB ishyira mu bikorwa ibikenewe ihuza na gahunda Igihugu kihaye. REB ni ikigo, ariko hejuru yayo hari Minisiteri y’Uburezi. Nge mbona Minisiteri y’Uburezi ariyo ifite ikibazo si REB.

  22. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Hari ibyo abantu bitiranya. REB ishyira mu bikorwa ibikenewe ihuza na gahunda Igihugu kihaye. REB ni ikigo, ariko hejuru yayo hari Minisiteri y’Uburezi. Nge mbona Minisiteri y’Uburezi ariyo ifite ikibazo si REB.

  23. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Hari ibyo abantu bitiranya. REB ishyira mu bikorwa ibikenewe ihuza na gahunda Igihugu kihaye. REB ni ikigo, ariko hejuru yayo hari Minisiteri y’Uburezi. Nge mbona Minisiteri y’Uburezi ariyo ifite ikibazo si REB.

  24. Iteka rya perezida ryasheshe ibigo birimo HEC, RALC, WDA na NCC
    Hari ibyo abantu bitiranya. REB ishyira mu bikorwa ibikenewe ihuza na gahunda Igihugu kihaye. REB ni ikigo, ariko hejuru yayo hari Minisiteri y’Uburezi. Nge mbona Minisiteri y’Uburezi ariyo ifite ikibazo si REB.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *