Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Umuraperi Nizeyimana Didier uzwi ku izina rya Muchoma nyuma yo gukora amashusho y’indirimb atwika Bibiliya yasobanuye impamvu nyamukuru yabimuteye, anasaba imbabazi ku bahungabanjwe n’iki gikorwa yakoze. Mu kiganiro yagiranye na KT Radio Muchoma yavuze ko ajya gukora indirimbo ‘Nikibazo” atari agambiriye kubabaza abamukunda ahubwo yashakaga kwerekana ko bamwe mu bakirisitu bitwaza Bibiliya cyane, ariko aho […]
Gen Henry Tumukunde yiyamye igisirikare cya Uganda kwivanga muri politiki
Rtd Lt Gen Henry Tumukunde uri mu bakandida bahatanira kuyobora Uganda, yiyamye bamwe mu albasirikare ba kiriya gihugu bari kwivanga mu bikorwa bya politiki mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu yegereje. Gen Tumukunde yabitangaje nyuma y’amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza umwe mu basirikare bo ku rwego rwa Jenerali mu ngabo za Uganda ari mu nama […]
Mu mafoto: Imyaka 10 irashize Lady Gaga avumbuye umwambaro ukoze mu nyama

Tariki ya 12 Nzeri mu mwaka 2010 ubwo hari mu bihembo bya MTV Video Music Awars nibwo umuhanzikazi Lady Gaga yatunguye benshi agaragara ku rubyiniro yambaye ikanzu idoze mu mu nyama. Ni ibihembo ngarukamwaka byabereye mu nzu y’imyidagaduro ya Nokia Theatre ihereye I Los Angeles muri Leta ya California muri Amerika Chelsea Handler wari uyoboye […]
Umunyamakuru Oswakim yinjiye mu muziki
Umunyamakuru wa Radio/TV 10 Oswald Mutuyeyezu uzwi nka Oswakim yinjiye mu ruhando rw’indirmbo zihimbaza Imana aho ku ikubitiro yashyize hanze iyiswe “Alleluia Vuga turakumva” yafatanije na korari St. Paul. Oswakim ni umunyamakuru ubimazemo igihe, byumwihariko akaba akunzwe cyane mu Kiganiro “Zinduka” gica kuri Radio/Tv10 Rwanda muri munsi. Umunyamakuru Oswakim ubusanzwe avuga ko akunda umuziki, ibi […]
Byinshi wamenya ku buzima bwa Me Nkongoli ufatwa nk’impunzi yatahutse mbere y’izindi (VIDEO)
Umunyamategeko Laurent Nkongoli ufatwa nk’Umunyarwanda watahutse mbere mu bahunze mu 1959, avuga ko yaherewe izina ry’Umututsi i Kamembe mu cyahoze ari Cyangungu. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV, yasobanuye byinshi byafatwa nk’udushya twaranze ubuzima bwe, aho yagaruutse ku buryo yabaye Umututsi abigizwe n’ubutegetsi bwa Habyarimana ubwo yari mu bihaye Imana baba Jezuwite. Me Nkongoli avuga […]
Menya uko ibihugu by’Isi birushanwa agaciro k’ifaranga
Ifaranga ni kimwe mu bipimo fatizo bishingirwaho mu bukungu bw’abantu n’ibihugu muri rusange. Ifaranga ryo ubwaryo nk’urupapuro cyangwa igiceri ntirigira agaciro, ahubwo ibyo rikoreshwa nko kugura ikintu no kurivunjamo andi mafaranga ni byo biryongera cyangwa bikarigabanyiriza agaciro. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho uko ibihugu 10 bya mbere ku Isi mu kugira ifaranga rifite agaciro ko […]
Uwahoze akora muri Wasafi ya Diamond Platnumz yatorewe kuba umudepite

Shaban Hamisi Taletale uzwi nka Babu Tale wahoze ari umukozi w’inzu itunganya umuziki ya Wasafi akanaba umujyanama wihariye wa Diamond Platinumz yatorewe kuba umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Tanzania. Babu Tale yatowe ahagarariye agace ka Morogoro y’Amajyepfo, akaba yari umukandida w’ishyaka Chama Cha Mapinduzi(CCM) muri ako gace. Babu Tale ubwo yiyamamazaga yijeje abaturage ko […]
Mu mafoto reba “Fabbri Over and Under” imbunda nto irusha izindi agaciro

Mu muco w’abatuye Isi usanga hari ibintu byaremwe cyangwa byakozwe bishobora kugira ingaruka nziza cyangwa mbi bitewe n’ugikoresha. Kimwe muri ibi bintu ni “Imbunda”. Kuva mu mwaka w’1364 ubwo imbunda ya mbere yakorwaga kugeza ubu ntibizwi neza abamaze guhitanwa nayo. N’ubwo imbunda ishobora gukoreshwa yica bamwe, ishobora no gukoreshwa ikiza abandi mu “bwirinzi”. Leta zinyuranye […]
Kera kabaye, abayobozi b’uturere bagiye gusinya imihigo imbere ya Perezida Kagame
Nyuma y’imyaka 2 imihigo yarahagaze ku mpamvu zitamenyekanye, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020, abayobozi b’uturere twose n’izindi nzego nkuru z’ubutegetsi bw’igihugu bagiye gusinya imihigo imbere y’Umukuru w’Igihugu. Amakuru dukesha RBA avuga ko imihigo abayobozi b’uturere bagiye gusinya ari iy’umwaka 2020/2021 itarasinyiwe igihe ku bw’impamvu zirimo n’icyorezo cya Covid-19. Ni umuhango biteganyijwe […]
Isabella Dos Santos, umuherwekazi wa mbere muri Afurika yapfushije umugabo

Sindika Dokolo, umugabo w’umuherwekazi wa mbere muri Afurika, Maria Isabella dos Santos yaguye mu mpanuka y’imodoka yabereye i Dubai kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Ukwakira 2020. Ikinyamakuru Cameroun Today cyanditse ko Sindika Dokolo yari yaragiye muri Leta zunze ubumwe z’abarabu mu mpera z’umwaka ushize. Ni nyuma gato yuko yari amaze iminsi mike yitaba […]
DRC: Igitero cya ADF cyahitanye umubare munini w’abasivili
Inyeshyamba z’umutwe wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zagabye igitero mu gace ka Bayeti mu mujyi wa Beni bica abasivili 18 banasahura amaduka y’abaturage. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu Tariki ya 2 Ukwakira 2020 nk’uko ikinyamakuru Actualité kibitangaza. Iyi nkuru ikomeza ivuga ko Abarwanyi ba ADF […]
Ibihugu by’ibihangange i Burayi bigiye gusubira muri “Guma mu Rugo”
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron na Shanseriyeli w’u Budage Angela Merkel batangaje ko ibihugu byabo byiteguye gusubira muri gahunda ya “Guma mu rugo” bitewe n’uko Covid-19 yongeye gukaza umurego. Mu ijambo Emmanuel Macron yavugiye kuri Televiziyo y’u Bufaransa, yavuze ko ubwandu bukomeje kwiyongera ku muvuduko mwinshi ari nayo mpamvu bafashe icyemezo cyo kuba basubiye muri […]
Imodoka Idi Amin wayoboye Uganda yibye, yasubijwe nyirayo

Imodoka Perezida Idi Amin Dada wayoboye Uganda yari yaribye mu bwami bwa Buganda mu mwaka 1966 , Guverinoma ya Uganda yategetse ko isubizwa muri ubwo bwami nta yandi mananiza abayemo. Iyi modokoka yo mu bwoko bwa Rolls- Royce Phantom bivugwa ko yibwe na Idi Amin Dada mu mwaka w’1966 . Yibwa mu bwami bwa Buganda […]
Abagore basatswe mu myanya y’ibanga bagiye guhabwa ubutabera
Qatar yatangaje ko yatangije iperereza ryimbitse ku karengane gaherutse gukorerwa abagore ku kibuga cy’indege cyo mu murwa mukuru Doha, bagasakwa mu myanya y’ibanga bakekwaho guta umwana. Inkuru ya BBC ivuga ko abagore bari bakatishije amatiki mu ngendo 10 z’indege ku kibuga cya Hamad Interantional Airport, basatswe bambaye ubusa hagamije gutahurwa niba umwe muri bo yaba […]
Bimwe mu byo wamenya ku rwego rushya rw’ingufu kirimbuzi
Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 27 Ukwakira 2020 yemeje iteka rya Perezida wa Repubulika rishyiraho Ikigo cy’ingufu z’ubumara mu Rwanda(Rwanda Atomic Energy Board). RAEB ni Urwego rushya ruzaba rushinzwe kugenzura, kubaka ibikorwaremezo no gukora ubushakashatsi ku ngufu za nukereyeri hagendewe ku masezerano mpuzamahanga y’ingufu kirimbuzi. Zimwe mu nsingano z’ururwego rushya mu Rwanda ni izi […]
Uganda: Abayobozi babujijwe kwambarira ingofero zitukura imbere y’itangazamakuru
Guverinoma ya Uganda yabujije abanyapolitiki kugaragara mu itangazamakuru bambaye ingofero zitukura cyangwa indi myambaro iriho ibirango bigaragara nk’ibyatera urujijo hagati y’abasivili n’inzego z’umutekano. Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda, Ofwono Opondo yabwiye Chimpreports ko uyu ari umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama y’abafite ibigo by’itangazamakuru n’inzego zinyuranye z’umutekano, hagamijwe kunoza imigendekere myiza y’amatora ateganijwe muri Mutarama […]
Perezida Museveni n’umuhungu we bashenguwe n’urupfu rwa Col. Bantariza

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda n’umuhungu we, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba bashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Rtd Col. Shaban Bantariza wahitanwe na Covid-19. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Ukwakira ni bwo Col. Shaban Bantariza wari umuvugizi wungirije wa Giverinoma ya Uganda yapfuye azize icyorezo cya Covid 19 nkuko umuvugizi […]
Koreya y’Epfo: Abahamya ba Yehova banze kujya mu gisirikare bagenewe igihano
Leta ya Koreya y’Epfo yatangiye guhana urubyiruko rwo mu itorero rw’Abahamya ba Yehova banze kwitabira kujya mu gisirikare nk’uko bigenwa n’itegeko. Itegeko rya Koreya y’Epfo rivuga ko umusore wese wo muri iki gihugu ategetswe gukora igisirikare byibura kugeza ku mezi atandatu. BBC yanditse ko Abahamya ba Yehova banze kwitabira icyo gikorwa rusange cyo kujya gisirikare […]
Ubutumwa bwa Musenyeri Mbanda wa EAR kuri Kambanda uheruka kuba Karidinali

Arikipisikopi w’Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda (EAR) Musenyeri Dr. Laurent Mbanda yifurije Antoine Kambanda uheruka kugirwa Karidinali na Papa Francis I ishya n’ihirwe mu mirimo ye mishya. Abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter, umuyobozi w’Itorero Angilikani mu Rwanda, yavuze ko kuba u Rwanda rugize umu Karidinali ari intambwe nziza ikwiye gutera buri wese […]
FARDC yivuganye abarwanyi 21 ba CODECO, inigarurira ibirindiro byayo bikomeye
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko cyigaruriye ibirindiro by’abarwanyi ba CODECO, cyica 21 muri bo. 7 Sur 7 yanditse ko ibi byabaye mu mperza z’icyumweru gishize nk’uko byemezwa n’igisirikare cya Congo, bibereye mu ntara ya Ituri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa RDC. Aya makuru yemejwe n’ingabo za Congo,Lt. General Yav Avul […]
Col. Shaban Bantariza wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma ya Uganda yapfuye
Col. Shaban Bantariza, Umuvugizi wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma ya Uganda akaba n’umuyobozi wungirije w’ikigo Uganda Media Centre yapfuye. Inkuru ya Daily Monitor ivuga ko Col. Shaban Bantariza yaguye mu bitaro bikuru bya Mulago aho yari amaze iminsi avurirwa.Umuvugizi wa Guverinoma ya Uganda Ofwono Opondo yavuze ko Col Bantariza yishwe na Covid-19. Umuvugizi w’ingabo za […]
Riderman yatunguye umugore we amwita ‘umukecuru’
Umuraperi Gatsinzi Emery uzwi nka Riderman yatunguye abamukurkira ku rubuga rwa Instagram yita umugore we umukecuru mu butumwa bumwifuriza umunsi mwiza w’amavuko. Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020, ubwo Agasaro Nadia yizihizaga isabukuru ye y’amavuko, Riderman yifashishije urukuta rwe rwa Instagram amuvuga nk’umuntu udasanzwe ku buzima bwe, abenshi batungurwa n’uko yamwise umukecuru. Muri ubu butumwa […]
Shaddyboo yatekeye abana b’umuhanda, basangirira iwe

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Mbabazi Shadia uzwi Shaddyboo yatunguye abana 35 bahoze baba ku muhanda arabatumira baza mu rugo iwe barasangira. Ni igikorwa cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020. Ubusanzwe bimaze kumenyererwa ko Shaddyboo ategura bene iki gikorwa ku munsi we w’amavuko cyangwa ku yindi minsi mikuru yo mu Idini ya Islam. […]
Umuhanzi Israel Mbonyi yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

Umuhanzi uririmba indirimbo ziramya Imana Israel Mbonyi yegukanye igihembo cya Album y’umwaka mu bihembo bya Maranathan Awards. Album uyu muhanzi yise “Mbwira “ ni yo yatwaye igihembo cya Album nziza y’umwaka 2020 . Ni igihembo Mbonyi yahawe adahari cyane ko yabitangarijwe binyuze ku rubuga rwa Instagram. Babinyujije ku rukuta rwa Instagram rwabo, ubuyobozi bwa Maranatha […]
Umupolisi wa Uganda narasa umunyabyaha, ategetswe kumuvura
Mu mabwiriza mashya agena imikoreshereze y’imbunda yashyizwe ahagaragara na Polisi ya Uganda tariki ya 23 Ukwakira 2020, havuga ko mu gihe bibaye ngombwa ko umupolisi wa Uganda arasa umunyabyaha ategetswe kumuha ubuvuzi bw’ibanze mu gihe haba hategerejwe imbangukiragutabara yo kumujyana kwa muganga. Nk’uko yabisabwe na Perezida Museveni mu mpera z’ukwezi gushize, Umuyobozi mukuru wa polisi […]
Afurika: Urutonde rw’abayoboye ibihugu bavuye mu mwuga w’ubwarimu

Abantu benshi bashobora gutekereza ko abayobora ibihugu na za Leta baba baravutse mu miryango ikomeye cyane. Hari n’abadatinya kwemeza ko baba batarakuze nk’abandi gusa si byo kuko muri Afurika hari ingero z’abayoboye ibihugu barahereye hasi. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho urutonde rw’abayoboye ibihugu bya Afurika barahereye mu mwuga w’ubwarimu ufata na benshi nk’usuzuguritse. Ellen Johnson […]
Uwayezu Jean Fidele wahoze mu gisirikare ni we utorewe kuyobora Rayon Sports
Mu Nteko rusange y’umuryango wa Rayon Sport yateranye Kuri uyu wa 24 Ukwakira 2020 muri Remigo Hotel I Remera, yatoye ubuyobozi bushya bwa Rayon Sport buhagarariwe na Perezida Uwayezu Jean Fidele . Amakuru make avugwa ku muyobozi mushya wa Rayon Sport avuga ko ari umuntu ukunda gusenga . Uwayezu ngo yahoze ari umusirikare mu ngabo […]
Papa Francis yanenzwe n’uwo bakorana nyuma yo gushyigikira abatinganyi
Karidinali Raymond Burke, umwe mu bunganizi ba Papa Francis ni we wabimburiye abakorana na we mu kunenga igitekerezo aherutse gutanga agaragaza ko abaryamana bahuje ibitsina bakwiye guhabwa uburenganzira busesuye bwo gushinga umuryango. Ku wa Gatatu tariki ya 21 Ukwakira 2020 ni bwo mu bitangazamakuru byo ku Isi hatambutse filimi mbarankuru igaragaza Papa Fransis I avuga […]
Perezida Museveni yise abatavuga rumwe n’ubutegetsi “abarozi”
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yagereranyije abarwanya iterambere yagejeje ku banya Uganda nk’abarozi batifuza kubona umwana w’umuturanyi akura neza. Ubwo yari mu kiganiro n’abahinzi b’ibisheke bo mu gace ka Adodi Ayulu ko mu Karere ka Amuru, Museveni yavuze ko abarwanya ubutegetsi bukora ibyiza ntaho bataniye n’abarozi baba batifuriza iterambere rya rubanda rugufi. Yagaragaje kandi […]
Amadeni mu bihangayikishije Komite y’Inzibacyuho ya ADEPR
Ubuyobozi bw’inzibacyuho bw’itorero ADEPR bwatangaje ko mu bibazo bine bugiye gukemura, harimo n’ikibazo gikomeye cy’amadeni iri torero ribereyemo abantu n’ibigo bakorana. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Ukwakira 2020 ni bwo Komite y’Inzibacyuho ya ADEPR yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru, aho yasobanuraga ku byo igiye kwibandaho mu kuzahura imiyoborere y’iri torero yari imaze igihe ivugwamo ibibazo […]
Kuba mbafite nibyo bituma mba uwagaciro:Perezida Kagame
Tariki ya 23 Ukwakira 1957 nibwo Perezida wa Repubulika y’U Rwanda Paul Kagame yavutse. Ku munsi w’amavuko we abantu banyuranye bamugaragarije imbamutima banamusabira kugira ubuzima buzima. Mu butumwa yanditse abunyujije kuri Twitter, Perezida Kagame yashimye buri umwe wamwifurije isabukuru, aho by’umwihariko yashimye cyane abagize ubumryango we banamuhora hafi mu buzima bwe bwa buri musi. Yagize […]
Rujugiro ufana APR yahishuye uko umukobwa yamukunze azi ko akinira Amavubi

Munyaneza Jacques umufana w’ikipe y’APR FC uzwi ku mazina ya Rujugiro yahishuye uburyo yigeze kwiyita Jacques Tuyisenge ukinira ikipe y’igihugu (Amavubi) kugira abone uko atereta umukobwa. Mu kiganiro yagiranye na Kiss FM kuri uyu wa Gatanu, Rujugiro yavuze ko yigeze kubeshya umukobwa ko akinira Amavubi kugira ngo atamwanga. Biturutse ku kuba abantu benshi bafata Rujugiro […]
Paul Rusesabagina yongerewe indi minsi ku gifungo cy’agateganyo
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Ukwakira 2020, Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Paul Rusesabagina yongererwa igihe cy’iminsi 30 y’ifungwa ry’agateganyo. Ubwo aheruka kwitaba uruki ku wa 20 Ukwakira, Ubushinjacyaha bwasabye kongererwa iminsi y’ifungwa ry’agateganyo aho buvuga ko bugikusanya ibimenyetso bizifashishwa mu rubanza bitabonekeye igiye. Paul Rusesabagina aregwa ibyaha 13 bifitanye isano no […]
Bobi Wine na Gen. Tumukunde ku rutonde rw’abujuje ibisabwa mu guhangana na Museveni
Kuri uyu wa Kane tariki 22 Ukwakira 2020 ni bwo Komisiyo y’Amatora muri Uganda yakiriye ibyangombwa bya nyuma by’abakandida 19 bifuza kuzahatanira umwanya w’Umukuru w’Kgihugu muri Uganda. Umuyobozi wa Komisiyo y’Amatora muri Uganda, Simon Byabakama yavuze ko uru rutonde rw’abantu 19 ruzanonosorwa kugeza kuwa 2 Ugushyingo 2020. Bimwe mu byangombwa bya nyuma batanze, birimo imikono […]
Ibigo by’amashuri byabujijwe kwaka abakobwa ibyangombwa byerekana ko badatwite

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri byasabaga abanyeshuri b’abakobwa icyangombwa kigaragaza ko badatwite mbere y’uko bemererwa kwiga, ivuga ko iki ari igikorwa kibi gishobora gutera ipfunwe ugikorewe. Mu minsi ishize, ku mbugankoranyambaga hamaze iminsi hazenguruka ibaruwa yandikiwe umubyeyi n’ubuyobozi bw’ikigo babamenyesha ibyangombwa umunyeshuri agomba gutangira yitwaje. Muri ibi byangombwa, Ibaruwa igaragaza ko hagokmba […]
Indirimbo ‘Ubushyuhe’ yasubiwemo, Bruce Melodie ntiyagaragaramo
Indirimbo “Ubushyuhe” yasubiwemo mu isura nshya igaragaramo abahanzi nka Marina na Deejay Pius bo mu Rwanda, Rosa Ree wo muri Tanzania na A Pass wo mu gihugu cya Uganda. Deejay Pius yatangaje ko impamvu yakuyemo Bruce Melodie akongeramo Marina n’abandi bahanzi bo mu karere kwari ukugira ngo ayongere uburyohe no kugira ikomeze imenyekane mu Karere. […]
Byabagamba yasabye ko yaburana icyaha cyo kwiba telefone nk’umusirikare wa RDF
Tom Byabagamba wahoze afite ipeti rya Colonel mu ngabo z’u Rwanda yasabye urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiriro ko icyaha cy’ubujura bwa telefoni aregwa yakiburanishwa n’Urukiko rwa Gisirikare cyane ko na we akiri umusirikare utarirukanwa. Mu rubanza rwabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, Umucamanza yatangiye asomera Tom Byabagamba icyaha aregwa cyo kwiba Telefoni ubwo yari mu rukiko rw’Ubujurire rwa Nyarugenge. […]
Perezida Kagame yavuze ku biciro by’ingendo byari byarateje impagarara
Mu muhango wo kwakira indahiro z’Abasenateri 6 bashya mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’ibiciro by’ingendo kimaze iminsi kivugwa yacyumvise aho anemeza ko kigomba gushakirwa umuti ukwiye bitagize uruhande na rumwe kibangamira. Perezida Kagame yavuze ko kubera ko nta ruhande na rumwe rw’igihugu rutahuye n’ingaruka za […]
Kigali: Buri munsi hamenwa ibiribwa byahaza 1/5 cy’abayituye
Ubuyobozi bwa WASAC ifite mu nshingano gucunga ikomoteri cy’Umujyi wa Kigali giherereye i Nduba mu Karere ka Gasabo buvuga ko mu igereranya bwakoze bwasanze muri Kigali hamenwa toni 200 z’ibiribwa zingana n’ibiryo byahaza 1/5 cy’abatuye uyu mujyi. Kanangire Olivier, umuyobozi ushinzwe igenamigambi ry’isuku n’isukura muri WASAC, yatangarije KT Radio ko muri toni 500 z’imyanda imenwa […]
Kumara imyaka 7 adatera akabariro byatumye umugore we yaka gatanya
Urukiko rwa Mapo muri Leta ya Ibadan muri Nigeria rwatandukanyije umuryango wari umaranye imyaka 18 , aho umugore yareze umugabo ko amaze imyaka 7adatera akabariro. Igitangazamakuru MHL Interanationl kivuga ko kuwa 17 Ukwakira 2020 ari bwo umucamanza Ademola Odunade yatanyije ku mugaragaro Joel Olutunji na Blessing bari bamaze imyaka 18 babana nk’umugore n’umugabo. Blessing mu […]
Umukobwa byari bizwi ko yashyinguwe mu myaka 2 ishize yagaragaye atembera mu rugo rw’ababyeyi be

Mu gace ka Msala ko mu Ntara ya Ndola muri Zambia habereye ibisa n’amayobera aho umukobwa byari bizwi ko amaze imyaka 2 ashyinguwe, yagaragaye atembera mu nzu y’ababyeyi be. Ubuyobozi bwo mu gace ka Msala bwemeje aya makuru, bunasobanura ko uyu mukobwa yari yarashyinguwe mu irimbi rwa Mitingo, riri muri ako gace mu myaka 2 […]
Uganda: Buchaman yatunguye Polisi ayijyanira umurundo w’ibikoresho bya gisirikare
Mark Bugembe usanzwe wiyita Buchman cyangwa umunyanama wa Perezida Museveni ku buzima bwa Ghetto yatunguye Polisi yo mu mu mujyi wa Kampala, ayijyanira imyenda n’ibindi bikoresho bya gisirikare byinshi yari atunze binyuranije n’amategeko. Bugembe usanzwe uzwi ku mazina ya Buchman ni umurwanashyaka ukomeye w’ishyaka National Unity Platform rya Bobi Wine. Bugembe yavuze ko icyamuteye kuzana […]
Umuhehesi yakatiwe imyaka 3 azira gusambanya inkoko
Urukiko rw’umujyi wa Yorkshire rwakatiye Umwongereza Rehan Baig w’imyaka 37 gufungwa imyaka 3 azira gusambanya inkoko, amashusho yafashwe na Kamera z’umutekano womu nzu yagaragaje ko icyo cyaha yagikoze abifashijwemo n’umugore we. Inkuru y’ikinyamakuru Daily Mail cyandikirwa mu Bwongereza ivuga ko Rehan Baig yafashwe amashusho asambanya inkoko, nyuma ngo iperereza ryagaragaje ko iyo nkoko yaje gupfa […]
Dr. Malimba wabaye Minisitiri w’Uburezi yagizwe umuyobozi wa UR w’agateganyo
Dr. Musafiri Malimba Papias wabaye Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda yagizwe umuyobozi mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda wungirije asimbuye Prof. Phillip Cotton ucyuye igihe. Prof. Cotton yayoboye Kaminuza y’u Rwanda kuhera kuwa 19 Ukwakira 2015. Iki gihe ni bwo hari hashize ibyaka 2 gusa hahujwe ayari amashuri makuru ya Leta na Kaminuza nkuru y’u Rwanda (NUR). […]
Paul Rusesabagina uregwa ibyaha 13 arasabirwa kongererwa igifungo

Kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Ukwakira 2020 ,Paul Rusesabagina uregwa ibyaha 13 yongeye kwitaba urukiko rwibanze rwa Kicukiro aho akurikiranweho ibyaha byo kurema no gutera inkunga umutwe wa FLN. Ku itariki 02/10/2020, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bwe ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo yari yafatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro. Itegeko ryerekeye imiburanishirize […]
Abantu 291 bashakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda baburiwe irengero
Kuva tariki ya 20 Mata 2017 Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda rwahabwa inshingano zo kugenza, gukumira no gukurikirana abakekwaho ibyaha mu Rwanda, abantu 291 bashakwa n’Ubutabera rw’ababuriye irengero. Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko kuva Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwakiriye ibirego by’abantu 1301 bakora ibyaha bagahunga ubutabera. Muri aba 1301, RIB yafashe abagera ku 1010 mu gihe abandi […]
Museveni wari warajyanye gutemberana n’abuzukuru be ku ivuko yagarutse mu mujyi

Perezida wa, Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yagarutse i Kampala mu murwa mukuru w’igihugu cye nyuma y’iminsi itandatu yari amaze atembereza abuzukuru be ibice by’icyaro bya Uganda birimo na Kiruhura avukamo. Kuwa Kabiri tariki 13 Ukwakira nibwo Museveni n’abuzukuru be buriye indege y’igisirikare cya Uganda berekeza mu karere ka Kisozi, aho yari agiye kubatembereza muri kariya […]
Urutonde rw’abakinnyi 10 ba Filime binjije amafaranga menshi muri 2020

Tariki 17 Ukwakira 2020, ikinyamakuru Forbes Magazine cyasohoye urutonde rw’abakinnyi ba filimi binjije amafaranga menshi mu mwaka 2020. Ni urutonde ruyobowe n’umunyamerika ukomoka muri Canada Dwayne” The Rock” Johnson winjije miliyoni 87.5 muri uyu mwaka. 1. Dwayne Johnson yinjije miliyoni 87.5 Dwayne Johnson uzwi nka The Rock ni umukinnyi wafilimi w’icyamamare ukunzwe cyane muri leta […]
Uganda: Abapangayi babuze ayo bishyura ubukode, bagirwa abacakara
Abapangayi babuze amafaranga yo kwishyura ubukode ku bw’ingaruka za Covid-19 barimo gukoreshwa imirimo ivunanye na ba Shebuja mu rwego rwo koroshya uburyo bwo kubishyura ibirararane bababereyemo. Daily Monitor yanditseko iki gitekerezo cyo gukoresha abapangayi mu nyungu bwite za ba Shebuja cyaturutse mu mpuzamashyirahamwe y’abacuruzi mu mujyi wa Kampala izwi nka Kampala City Traders Association (KaCITA). […]
Ntibikwiye ko umusore ufite Benzi abarurwa mu cyiciro cy’ababyeyi be_ Minisitiri Shyaka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase, yavuze ko mu byiciro bishya bagiye gutanga hari ingaragu zizajya zihabwa ibyiciro bitandukanye n’ibyababyeyi babo bishingiye ku byo binjiza ku kwezi. Ubwo yari mu kiganiro na TV1 kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ukwakira, Minisitiri Shyaka yavuze ko mu byiciro bishya by’ubudehe bigiye gukorwa hazazamo impindika zo gushyira abatarashaka […]
Ibyo umugore yakoreye inkumi yasanze iryamanye n’umugabo we ni agahomamunwa
Umugore utifuje ko amazina ye amenyekana yafatiye mu cyuho umugabo we aryamanye n’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko mu cyumba cye amukorera ibya mfurambi. Uyu mugore yafashe uwo mukobwa amucagaguriraho imyenda amukubita yambaye ubusa. Abatabaye bakijije uwo mwana w’umukobwa, umugore nawe ajyana n’umugabo we. Amashusho y’uriya mugore ahondagura uwo mwari akomeje guhererekanywa ku mbuga nkoranyambaga. Amategeko ya […]
U Burundi bwihakanye ibyo guhiga bukware abavuga Ikinyarwanda
Minisiteri y’Umutekano mu Burundi, yahakanye ibihuretse gutangazwa ko n’umuvugizi wayo Pierre Nkurikiye yavuze ko Leta igiye gutangira ibikorwa byo guhiga abantu bose bavuga ururimi rw’Ikinyrwanda babarizwa muri iki gihugu. Mu kiganiro umuvugizi wa Minisieri y’Umutekano mu Burundi Pierre Nkurikiye yagiranye n’itangazamakuru imbonankubone ku wa 8 Ukwakira 2020 mu Mujyi wa Gitega, yavuze ko abavuga ururimi […]
Menya abategetsi ba Afurika bigeze kuvugwa mu mahano y’ubusambanyi

Ubusambanyi ni icyaha abemera Imana bemeza ko yanga urunuka, ariko ntibikibuze kuba icyaha gikorwa kenshi kandi cyane n’abantu b’ingeri zose batuye Isi. Igitandukanya iki cyaha ni uko hari abagikora bakamenyekana mu gihe abandi babikora bikagirwa ibanga. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho abanyapolitiki muri Afurika bagiye bavugwa mu mahano y’ubusambanyi rubanda bakabimenya. Cyril Ramaphosa Perezida wa […]
Rubavu: Ubuyobozi n’umuryango wa Tuyishime wapfiriye muri gereza ntibavuga rumwe ku rupfu rwe
Umuryango w’uwitwa Tuyishime Jean Pierre warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi utuye mu murenge wa Rugerero muri Rubavu, urasaba guhabwa ubutabera uvuga ko yakubiswe bikamuviramo urupfu, ubuyobozi bwo buhakana ibivugwa buvuga ko ko nta wakubise Nyakwigendera. Umuryango wa uvuga ko mbere y’uko yitaba Imana yakubiswe ijeki n’umushoferi wa Tagusi witwa Niyitegeka Jean, ukavuga ko izi nkoni ari […]
Bushali bivugwa yajyanwe Iwawa ashobora kuzahagezwa mu mpera z’uku kwezi
Umuririmbyi Hagenimana Jean Paul uzwi nka Bushali byamenyekanye, ko yashyizwe ku rutonde rw’urubyiruko ruzajyanwa kugororerwa mu kigo ngororamuco cya Iwawa ku wa 20 Ukwakira 2020. Bushali byari bimaze iminsi bivugwa ko yamaze kugezwa muri kiriya kigo, amaze iminsi acumbikiwe ku kigo cyakira abategurirwa kujya kugororerwa Iwawa cya Gikondo ahazwi nko kwa Kabuga, ari naho yashyiriwe […]
Rubavu: Umugabo yica imbwa akazirira mu ruhame kubera impamvu itangaje (Amafoto)

Umugabo witwa Turinimana Innocent utuye mu Murenge wa Rubavu w’akarere ka Rubavu, avuga ko abaga akanarya imbwa ashaka imbaraga zidasanzwe zo gutera akabariro bita “akanyabugabo”. Turinimana bakunze kwita Kimada avuga ko adaterwa ipfunwe no kurya inyama z’imbwa yemeza ko usibye kuryoha ishobora no kuba umuti uvura abagabo bagira ubushake buke bwo gutera akabariro. Kimada avuga […]
Biratangaje! Abapolisi bafashe ibisambo batungurwa no gusanga ari bagenzi babo (Amafoto)

Mu gihugu cya Afurika y’Epfo apolisi yakoze umukwabu wo guhiga amabandi yitwaje intwaro no kuyaka ibyo aba yibye abaturage, babajije ibyangongwa abo bafashe basanga ni abapolisi bagenzi babo. Amashusho yahererekanyijwe ku rubuga rwa Instagram, agaragaza ibyo bisambo bifatwa na Polisi ya Afurika y’Epfo. Cyakora ku bw’amahirwe make, mu gihe cyo guhata ibibazo ibisambo polisi yatunguwe […]
Dr. Munyakazi yakatiwe gufungwa imyaka 10
Dr. Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite . Ku wa 30 Kamena 2020 ni bwo Urukiko rwakiriye dosiye iregwamo Dr. Munyakazi Isaac wahoze ari Umunyamabanga wa Leta […]
Perezida Tshisekedi arashinjwa gutererana Abanyamulenge
Amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yandikiye Perezida Félix Tshisekedi ibaruwa imusaba kwita ku karengane n’ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge batuye muri icyo gihugu. Abagize amashyaka abiri; ari yo Forces Novatrices pour l’Union et la Solidarité (FONUS) na Rassemblement Congolais pour la Démocratie(RCD) bandikiye Tshisekedi bamusaba kwita ku karengane n’ihohoterwa Abanyamulenge batuye i […]
Jay Polly yeretse abakunzi be uwo yasimbuje Shariffa wari umugore we

Umuraperi Jay Polly yongeye kwereka abakunzi be umukobwa bari mu rukundo,nyuma yo gutandukana n’uwari umugore we Shariffa waje no guhita yambikwa impeta n’umusore bakundana uba muri Amerika. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram Jay Polly yagaragaje umukobwa uri kumuhata urukundo, aho amugereranya nk’impano y’urumuri yahawe nyuma yo kwisanga mu mwijima. Yagize ati: “Navuye mu icuraburindi […]