Umuraperi Nizeyimana Didier uzwi ku izina rya Muchoma nyuma yo gukora amashusho yâindirimb atwika Bibiliya yasobanuye impamvu nyamukuru yabimuteye, anasaba imbabazi ku bahungabanjwe nâiki gikorwa yakoze.
Mu kiganiro yagiranye na KT Radio Muchoma yavuze ko ajya gukora indirimbo âNikibazoâ atari agambiriye kubabaza abamukunda ahubwo yashakaga kwerekana ko bamwe mu bakirisitu bitwaza Bibiliya cyane, ariko aho kuyikoresha mu gukora ibyiza ngo ibiyirimo bibabere urugero, bakayitatira, bagakora ibikorwa bibi birimo inzangano, ubujura, ubugome nâibindi.
Yagize ati âNtabwo nashwanyaguje Bibiliya byo kuyitesha agaciro ahubwo nabikoze nerekana ko hari abakirisito bahorana Bibiliya bagakora ibikorwa bihabanye na yo kandi biyitesha agaciro, bakayitwika mu bikorwa byabo bakayishwanyaguza uko bwije nâuko bukeye. Icyo nakoze ni ukwishyira mu mwanya wâuwo mukirisitu gito mbyereka abantuâ.
Mu mashusho yâindirimbo âNikibazoâ Mucoma agaragara yihagarika kuri Bibiriya, ayica impapuro yarangiza akayihamba.Ibi bikorwa byahise binengwa nâabantu batandukanye biganjemo abanyamadini nka Pasiteri Antoine Rutayisire.
Muchoma yasabye imabazi abakunzi be anabasaba gukomeza kumushyigikira mu rugendo rwâumuziki amazemo igihe kitari gito.
Indirimbo Nikibazo by Muchoma



6 Responses
Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Hari abazi ko Imana, itabaho, ko na Yesu atariho!!!! Ko Imana itamenya ubukeca bw’abantu bubyiganira mu mitima yabo!!! Utazi ikimuhatse agirango mu rukiko ni mu rukiniro.Mumureke uwo MUCOMA azakosorwa amenye ibyo akinisha agaciro kabyo. Imana ni urukundo ariko ntikinishwa. Sawuli, Sawuli undenganyiriza iki?
Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Hari abazi ko Imana, itabaho, ko na Yesu atariho!!!! Ko Imana itamenya ubukeca bw’abantu bubyiganira mu mitima yabo!!! Utazi ikimuhatse agirango mu rukiko ni mu rukiniro.Mumureke uwo MUCOMA azakosorwa amenye ibyo akinisha agaciro kabyo. Imana ni urukundo ariko ntikinishwa. Sawuli, Sawuli undenganyiriza iki?
Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Hari abazi ko Imana, itabaho, ko na Yesu atariho!!!! Ko Imana itamenya ubukeca bw’abantu bubyiganira mu mitima yabo!!! Utazi ikimuhatse agirango mu rukiko ni mu rukiniro.Mumureke uwo MUCOMA azakosorwa amenye ibyo akinisha agaciro kabyo. Imana ni urukundo ariko ntikinishwa. Sawuli, Sawuli undenganyiriza iki?
Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Hari abazi ko Imana, itabaho, ko na Yesu atariho!!!! Ko Imana itamenya ubukeca bw’abantu bubyiganira mu mitima yabo!!! Utazi ikimuhatse agirango mu rukiko ni mu rukiniro.Mumureke uwo MUCOMA azakosorwa amenye ibyo akinisha agaciro kabyo. Imana ni urukundo ariko ntikinishwa. Sawuli, Sawuli undenganyiriza iki?
Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Yoooo!!! Biteye agahinda ibyo yakoze,biragayitse cyane.iyo Bible nzi neza ko azayikenera kuko Imana ntiyakwemera ko ubujiji nk’ubwo umuntu wayo abupfana.Izamwihishurira asigare atanga ubuhamya bw’icyo gitabo kidakinishwa.Imana ni inyembabazi kandi itinda kurakara.
Umuraperi Muchoma Nyuma yo kugaragara yihagarika kuri Bibiliya yasabye imbabazi
Yoooo!!! Biteye agahinda ibyo yakoze,biragayitse cyane.iyo Bible nzi neza ko azayikenera kuko Imana ntiyakwemera ko ubujiji nk’ubwo umuntu wayo abupfana.Izamwihishurira asigare atanga ubuhamya bw’icyo gitabo kidakinishwa.Imana ni inyembabazi kandi itinda kurakara.