Urutonde rw'ibuhugu 38 byita ku bana babyo kurusha ibindi ku si

U Rwanda ntirugaragara mu bihugu bibonera abana babyo ibyibanze Nkenerwa

Sangiza iyi nkuru

U Rwanda ntirwagaragaye ku rutonde rw’ibihugu 38 by’isi bibonera abana bayo ibikenerwa byibanze mu buzima bw’umwana rukorwa na World Economic Forum.

Ni urutonde rukorwa na World Economic Forum. Ibyibanze bishingirwaho hakorwa uru rutonde, harimo uburyo umwana yitabwaho mu myigire (mu bumenyi bwo mu ishuuri n’ubumenyi rusange), uburyo yitabwaho mu mikurure (Mu gihagararo no mu bwenge).

Uru rutonde rwasohowe Ku munsi wejo, ruyobowe n’ibihugu byiganjemo ibyo ku mugabane w’uburayi.

Ku mwanya wa Mbere mu bihugu bifite abana babayeho neza kandi bitabwaho kurusha abandi ku isi hari igihugu cy’Ubuhorandi. Ubuhorandi bukurikiwe na Danemark, Norvège, Ubusuwisi, Finland n’ibindi.

Uru Rutonde kandi ntirugaragaraho igihugu na kimwe cya Afurika

Urutonde rw'ibuhugu 38 byita ku bana babyo kurusha ibindi ku si
Urutonde rw’ibuhugu 38 byita ku bana babyo kurusha ibindi ku si

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *