Umunyarwandakazi w’imyaka 26 yabaye umuntu wa 26 wishwe na Covid-19 mu Rwanda

Umunyarwandakazi w’imyaka 26 yishwe na COVID-19, bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera ku bantu 26, nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima. Ni icyorezo kimaze kwandurwa n’abantu 4, 689; nyuma y’uko abandi bantu 18 basanzwemo Coronavirus kuri uyu wa Gatandatu, barimo 14 b’i Kigali bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi, na bane b’i Nyamagabe. Babonetse […]
Amateka y’umuhanga Galileo wahanganye na Kiliziya kakahava
Tariki ya 15 Gashyantare mu 1564 nibwo Galileo di Vincenzo Bonaiuti de’ Galilei yavutse, avukira i Pisa mu Butaliyani. Se Vicenzo yari umunyamuziki naho nyina Giulia Ammannati yavukaga mu muryango w’umuherwe Iacopo Ammannati wari umunyamabanga wa Papa Pius II. Galileo Galilei yamenyekanye cyane kubera ubuvumbuzi yagiye ageraho mu bijyanye n’imibare, Ubugenge n’ubumenyi bw’ikirere. Ubwo yari […]
Burundi: Batanu bashinjwa kwica Perezida Ndadaye basabiwe igihano kiruta ibindi
Ku munsi wa gatatu w’iburanisha mu rubanza ruregwamo abashinjwa kwica Melchiore Ndadaye, ubushinjacyaha bwasabiye igifungo cya burundu batanu bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’uriya wahoze ari Perezida w’u Burundi. Ni urubanza ruri kuburanishwa n’Urukiko rw’ikirenga rw’u Burundi, rukaba ruregwamo abantu 20 barimo 15 badahari bijyanye n’uko bari hanze y’igihugu. Batanu bari kuburanishwa ni Gen. Major […]
Ku myaka 43, Karasira Aimable agiye kurongora
Uzaramba Aimable Karasira wabaye umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, yatangaje ko ari mu nzira zo gushaka umugore na we akagira umuryango nk’abandi. Karasira yirukanywe burundu ku mirimo yakoraga muri Kaminuza y’u Rwanda ku wa 14 Kanama 2020 ashinjwa imyitwarire mibi mu kazi, nyuma yo kumara imyaka 14 yigishamo. Ni icyemezo yemeza cyafashwe kimurenganya, ngo kuko […]
Ububiligi: Abanyarwanda baramagana Umuratwa Assumpta ugenda asebya u Rwanda na perezida Kagame
Bamwe mu banyarwanda batuye mu Bubiligi, barinubira Umuratwa Assumpta n’abandi bafatanyije bagenda basebya u Rwanda na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aho bavuga ko Abanyagihugu bayobojwe igitugu kibabuza ubwisanzure. Umunyarwanda utuye mu Bubiligi witwa Rutabana yavuze ko barambiwe Umuratwa na Emeline Munanayire batuye muri icyo gihugu bakorana n’abandi bagore bagenda mu ngo z’Abanyarwanda, bavuga nabi […]
Umusirikare wa Uganda yakatiwe igifungo cy’imyaka 90
Urukiko rukuru rw’igisirikare cya Uganda ejo ku wa Gatanu, rwakatiye igifungo cy’imyaka 90 umusirikare witwa Rubagumya Cephas, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kurasa no kwica uwari umuyobozi we. Rubagumya Cephas afite ipeti rya Private, akaba yahamijwe kwica Lance Corporal Businge Benard. Ubushinjacyaha buyobowe na Maj. Gerald Bamwitiribwe, bwabwiye urukiko rwari ruyobowe na Col Edison Muhanguzi […]
Perezida Ndashimiye yasabye Magufuli kumubera umubyeyi wa Batisimu muri Politiki
Mu ruzinduko rwa Mbere Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiriye mu gihugu cya Tanzania, yasabye mugenzi we wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli kumurera neza mu murimo wa Politiki yinjiyemo vuba. Inkuru y’ikinyamakuru Bongo 5 cyandikirwa muri Tanzania ivuga ko ubwo Perezida w’u Burundi yahitagamo gukorera uruzinduko rwa mbere hanze y’igihugu agahitamo Tanzania, ari ikimenyetso […]
Perezida Tshisekedi ashobora kujya i Goma mu cyumweru gitaha
Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi ashobora kuva i Kinshasa akajya mu mujyi wa Goma ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha, tariki ya 22 Nzeri 2020. Inkuru ya Actualite.CD ivuga ko aya makuru yaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu wa RDC, avuga ko Perezida Tshisekedi azaba agiye mu myiteguro y’inama ihuza Abakuru b’Ibihugu byo […]
Uganda: Uwari warashyinguwe mu mezi abiri ashize yongeye kugaragara ari muzima
Abatuye mu mudugudu wa Omururinda ho muri Komini ya Kamuganguzi, mu karere ka Kabale muri Uganda; baguye mu kantu ubwo umusore w’imyaka 19 y’amavuko bari barashyinguye mu mezi abiri ashize yabasesekaragaho ari muzima. Amakuru avuga ko uyu musore witwa Clinton Tindyebwa yabuze iwabo ku wa 29 Kamena. Mu gitondo cyo ku wa 06 Nyakanga, umuyobozi […]
Iherezo ry’umwana w’imyaka icyenda washyingiranwe n’umukecuru w’imyaka 62 ni irihe?

Mu mwaka 2014 isi yose yahururiye kureba ubukwe bw’agatangaza bwa Hellen Shabangu w’imyaka 62 na Sanele Masilela w’imyaka 9 bashyingiwe nk’umugore n’umugabo mu gihugu cya Afurika Yepfo. Abantu benshi bakomeje kwibaza icyaba kihishe inyuma y’ubu bukwe bw’aba bageni bahabanye cyane mu myaka. Ku wa Kane nibwo ikinyamakuru Phoenix cyabasuye bagitangariza uko ubuzima bwabo buhagaze nyuma […]
IRMCT_Rwanda : Urukiko rwanze ifungurwa ry’agateganyo rya Semanza Laurent
Bibaye ubwa mbere mu mateka y’imikoranire, urukiko rwa IRMCT rwasigariyeho Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwita ku cyifuzo cya Leta y’u Rwanda, mbere yo kurekura abakatiwe kubera jenoside. Bihereye kuri Semanza Laurent, wigeze kuba Burugumesitiri wa Komini Bicumbi, ubu ni Karere ka Rwamagana Mu cyemezo cye cyo ku wa 17 Nzeri 2020, umucamanza Carmel […]
Perezida Ndayishimiye yakiriwe n’imbaga y’abanya-Tanzania (Amafoto)

Perezida w’u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yamaze kugera i Kigoma muri Tanzania aho yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe. Ni rwo ruzinduko rwa mbere umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yagiriye hanze y’igihugu cye kuva yatorwa muri Gicurasi uyu mwaka, yemwe ni n’urwa mbere Perezida w’u Burundi agiriye hanze y’igihugu kuva muri 2015 ubwo Pierre Nkurunziza yakoreraga urugendo […]
U Rwanda ntirugaragara mu bihugu bibonera abana babyo ibyibanze Nkenerwa

U Rwanda ntirwagaragaye ku rutonde rw’ibihugu 38 by’isi bibonera abana bayo ibikenerwa byibanze mu buzima bw’umwana rukorwa na World Economic Forum. Ni urutonde rukorwa na World Economic Forum. Ibyibanze bishingirwaho hakorwa uru rutonde, harimo uburyo umwana yitabwaho mu myigire (mu bumenyi bwo mu ishuuri n’ubumenyi rusange), uburyo yitabwaho mu mikurure (Mu gihagararo no mu bwenge). […]
Twagura Kagere gute kandi azakinira Simba ku cyumweru?_Gen. Muganga
Visi-perezida wa APR FC, Maj. Gen. Mubarak Muganga, yavuze ku makuru avuga ko rutahizamu Meddie Kagere ari mu bifuzwa na APR FC, ashimangira ko iyi kipe y’ingabo z’igihugu nta gahunda ifite yo gusinyisha uyu rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ukinira Simba SC yo muri Tanzania. Gen. Muganga yabitangaje mu gitondo cy’ejo ku wa Gatanu, mu kiganiro […]
Facebook igiye gushinga ikindi cyicaro muri Afurika
Ubuyobozi bw’Urubuga rwa Facebook bwatangaje ko bugiye gufungura ikindi cyicaro cyayo ku mugabane wa Afurika, kizaba giherereye i Lagos Muri Negeria. Iki cyicaro nigifungurwa kizaba kibaye icya kabiri Facebook igize ku mugabane wa Afurika, nyuma y’icyo ifite i Johannesburg muri Afurika y’Epfo cyafunguwe mu 2015. Facebook kandi yatangaje ko iryo shami ryo muri Nigeria ari […]
Burundi: Babiri bahoze bafite ipeti rya Coronel bafunzwe n’ubutasi
(Rtd) Col. Prime Niyongabo wahoze ayobora abapolisi badasanzwe bo mu muhanda b’u Burundi (PSR) na (Rtd) Col. Pontien Baritonda usanzwe ari incuti ye, bafungiye muri gereza z’urwego rushinzwe iperereza mu Burundi bagejejwemo ku wa Gatanu w’iki cyumweru. SOS Media Burundi ivuga ko Col. Niyongabo afungiye muri gereza ya Muramvya iri rwagati mu Burundi, mu gihe […]
Kuki Perezida Museveni yari gukenera uburinzi bwihariye mu nama y’i Goma?
Inama yagombaga guhuriza mu mujyi wa Goma Abakuru b’Ibihugu byo mu Karere yasubitswe ubugira kabiri, bwa mbere bitewe n’imyiteguro y’inama y’Umuryango w’Abibumbye byavuzwe ko yari kuba tariki ya 15 Nzeri, ku nshuro ya kabiri biterwa n’impamvu itamenyekanye. Ubwa mbere iyi nama yari guterana tariki ya 13 Nzeri 2020, biteganyijwe ko ihuza Perezida w’u Rwanda, uwa […]
Minisitiri yahamije ko Joseph Kabila ari mu nzira yo gusubirana ubutegetsi
Minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere rirambye muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Claude Nyamugabo yahamije ko Joseph Kabila ari mu nzira yo gusubirana ubutegetsi. Minisitiri Nyamugabo yabitangaje kuri uyu wa 18 Nzeri 2020 mu nama y’abagize ishyaka rya PPRD (Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Democratie) Joseph Kabila asanzwe abereye umuyoboke. Kuri uyu Minisitiri, ngo […]
Abana batanu ba Depite bagiye gukorera ubukwe umunsi umwe
Abana batanu b’umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Nigeria, bagiye gukorera ubukwe umunsi umwe ndetse byitezwe ko buzabera ahantu hamwe. Ni ubukwe buzabera i Abuja mu murwa mukuru wa Nigeria, ku wa Gatandatu tariki ya 26 Nzeri. Ni amakuru yemejwe na nyir’ubwite, Depite Hassan Usman Sokodabo wasabye abaturage bo mu gace ahagarariye kwitabira ubutumire bwe. […]