Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga ni ay’umugabo wavugaga ko yagiye kwivuza i Dar Es- Salaam, muganga akamushyiramo igice cy’igufwa ryo mu mutwe, ku gahanga atamenye ibyaryo. Uyu avuga ko iri gufwa ryamugezemo ubwo yivuzaga mu bitaro by’amagufwa byitiriwe Moi biri mu murwa mukuru wa Tanzania. Uyu yaganiriye na Times Digital avuga ko ari impamo koko ” Mu nda yanjye bashyizemo igufwa.” Millardayo yavuganye na muganga uzi iby’iki kibazo, avuga ko “Uyu murwayi agomba kugaruka kwa muganga.” Yasobanuye byinshi kuri iki kibazo. Videwo:



