Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo

Sangiza iyi nkuru

Benshi mu b’igitsinagore bakunze kugira icyibazo cyo kubabara mu gitsina nyuma yo kujya mu mihango, ariko bakibaza ikibitera n’uko babyitwaramo ngo ikibazo gikemuke.

Muganga mu by’imyororokere, Dr Vincent Karuhanga avuga ko ubu bubabare bushobora kubaho mbere, mu gihe na nyuma y’imihango. Ibo ngo bishobora kuba buri kwezi ku bagore bamwe ariko bikava ku mpamvu zitandukanye.

Iki kibazo cyitwa cyclic vulvovaginitis gifitanye isano n’impinduka mu misemburo y’umubiri bitewe no kujya mu mihango. Ibi bigira ingaruka kuri aside yo mu gitsina no gukura gukanbijekw’ibice bigize igitsina.

Ugukura gukabije kw’igitsina na bagiteri mbi zikirimo bitera ibyitwa Candidiasis na bagiteri ziri mu gitsina. Iki kibazo nk’uko Dr Karuhanga abivuga, gishobora gukemurwa no gukoresha imiti irwanya Fungi (Antifungal treatment) na cyangwa Flagyl.

Iki kibazo ariko ngo gishobora no guturuka ku bitambaro byakoreshejwe mu kwisukura, kogosha insya mbere yo kujya mu mihango bituma haza ububabare igihe ziri kumera, kugira allergy kuri kotegisi zakoreshejwe.

Muganga atanga inama yo kwitwararika hakabaho kugabanya insya aho kuzogosha zose. Atanga inama ko ibi bigomba kwitabwaho kuko ububabare bwo mu gitsina wbatuma umugore aseba, ubuzima bubi, stress no kuba hakekwa ugucana inyuma ku bashakanye.

Soma Izindi Nkuru

8 Responses

  1. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    umugorutwite akavamarasokandatwite vyababiterwaniki?

  2. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    umugorutwite akavamarasokandatwite vyababiterwaniki?

  3. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    niki gitera kuribwa kumukobwa iyo ari mumihango?

  4. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    niki gitera kuribwa kumukobwa iyo ari mumihango?

  5. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    niki gitera kuribwa kumukobwa iyo ari mumihango?

  6. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    niki gitera kuribwa kumukobwa iyo ari mumihango?

  7. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    Muraho neza nitwa kirezi agnes,mubyukuri iki kibazo cyo kuribwa bikabije mugihe k’imihango,nikibazo nkabakobwa kitubazo kitubangamira,muribi bihe,numwe mubantu bahangayikaga cyane iyo nageraga mugihe k’imihango,wasanga narihebye kubera uburibwe budasanzwe nagiraga,uyu munsi ndashima lmana cyane nyuma yo gukira iki kibazo,nahoraga kwamuganga,ariko nubundu byari byaratse ,uburibwe bwabaga Ari bwinshi,ndashimira ikigo cy’abanyamerika cyamfashije kubwimiti yabo nakoresheje,,wifuza ko nawe nagufasha muzabahamagare kuri 0732509289

  8. Impamvu yo kuribwa mu gitsina nyuma y’imihango n’uko wabyitwaramo
    Muraho neza nitwa kirezi agnes,mubyukuri iki kibazo cyo kuribwa bikabije mugihe k’imihango,nikibazo nkabakobwa kitubazo kitubangamira,muribi bihe,numwe mubantu bahangayikaga cyane iyo nageraga mugihe k’imihango,wasanga narihebye kubera uburibwe budasanzwe nagiraga,uyu munsi ndashima lmana cyane nyuma yo gukira iki kibazo,nahoraga kwamuganga,ariko nubundu byari byaratse ,uburibwe bwabaga Ari bwinshi,ndashimira ikigo cy’abanyamerika cyamfashije kubwimiti yabo nakoresheje,,wifuza ko nawe nagufasha muzabahamagare kuri 0732509289

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *