img_20201224_213433.jpg

Uko abakinnyi bakomeye muri ruhago bizihije Noheli (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Gatanu w’itariki ya 25 Ukuboza, abakristu bo hirya no hino ku Isi bizihije umunsi Mukuru wa Noheli winukirwaho ivuka rya Yezu Kristu.

Ni umunsi wizigijwe n’ingeri z’abakristu bose, kugeza ku bakinnyi bakomeye b’umupira w’amaguru bifatanyije n’imiryango yabo.

Abarimo Lionel Messi, Cristiano Ronaldo, Mohamed Salah, Thiago Alcântara, Yaya TourĂ© n’abandi benshi, bizihije Noheli banagenera ubutumwa abatuye Isi.

img_20201224_213433.jpg

img_20201225_075808.jpg

img_20201225_074526.jpg

img_20201225_102034.jpg

img_20201224_212936.jpg

img_20201224_234126.jpg

img_20201225_075657.jpg

img_20201225_161118.jpg

img_20201225_161348.jpg

img_20201225_162122.jpg

img_20201225_162140.jpg

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Uko abakinnyi bakomeye muri ruhago bizihije Noheli (Amafoto)
    Noheli ni umunsi ubabaza Imana.Muli aba bose,umwe gusa niwe ubana n’umugore bateye igikumwe.Ikindi cyerekana ko Noheli ari umunsi wo kwishimisha gusa,nuko Mohamed Salah yizihiza Noheli nyamara atemera ko Yezu ari umwana w’Imana.

  2. Uko abakinnyi bakomeye muri ruhago bizihije Noheli (Amafoto)
    Noheli ni umunsi ubabaza Imana.Muli aba bose,umwe gusa niwe ubana n’umugore bateye igikumwe.Ikindi cyerekana ko Noheli ari umunsi wo kwishimisha gusa,nuko Mohamed Salah yizihiza Noheli nyamara atemera ko Yezu ari umwana w’Imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *