Kuri uyu wa Gatanu w’itariki ya 25 Ukuboza, abakristu bo hirya no hino ku Isi bizihije umunsi Mukuru wa Noheli winukirwaho ivuka rya Yezu Kristu.
Ni umunsi wizigijwe n’ingeri z’abakristu bose, kugeza ku bakinnyi bakomeye b’umupira w’amaguru bifatanyije n’imiryango yabo.
Abarimo Lionel Messi, Cristiano Ronaldo, Mohamed Salah, Thiago Alcântara, Yaya TourĂ© n’abandi benshi, bizihije Noheli banagenera ubutumwa abatuye Isi.














4 Responses
Uko abakinnyi bakomeye muri ruhago bizihije Noheli (Amafoto)
Nonec Ramos we ntamuryango agira?
Uko abakinnyi bakomeye muri ruhago bizihije Noheli (Amafoto)
Nonec Ramos we ntamuryango agira?
Uko abakinnyi bakomeye muri ruhago bizihije Noheli (Amafoto)
Noheli ni umunsi ubabaza Imana.Muli aba bose,umwe gusa niwe ubana n’umugore bateye igikumwe.Ikindi cyerekana ko Noheli ari umunsi wo kwishimisha gusa,nuko Mohamed Salah yizihiza Noheli nyamara atemera ko Yezu ari umwana w’Imana.
Uko abakinnyi bakomeye muri ruhago bizihije Noheli (Amafoto)
Noheli ni umunsi ubabaza Imana.Muli aba bose,umwe gusa niwe ubana n’umugore bateye igikumwe.Ikindi cyerekana ko Noheli ari umunsi wo kwishimisha gusa,nuko Mohamed Salah yizihiza Noheli nyamara atemera ko Yezu ari umwana w’Imana.