Musanze: Haravugwa imbogo yarumye abaturage babiri

Sangiza iyi nkuru

Hari amakuru yatanzwe n’Umuturage wo mu Murenge wa Gataraga ko imbogo yacitse mu Birunga yarumye abagabo babiri muri ako gace.

Umuturage wahamagaye kuri RC Musanze yavuze ko ibi byabaye kuri uyu wa 25 Ukuboza.

Birasanzwe ko inyamasawa zirimo imbogo zisohoka mu Birunga gusa ubuyobozi nabwo ntibuhwema gufata ingamba mu guhangana n’iki kibazo.

Amakuru arambuye BWIZA iracyayatara.

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Musanze: Haravugwa imbogo yarumye abaturage babiri
    Ngo Imbogo yarumye abaantu babili?
    Ibyo muvuga ni ibiki?
    Imbogo se yajyaga kuruma abaantu kubeera ko nta amahembe igira yo gusarika Abo mugira muri imbogo yarabarumye?
    Muribaza ko iyo imbogo ibonye umuuntu ijya mu bitekerezo byo gushaka uko imitima? Ahubwo iramuvumbukana ikamupfuunda na rwa rutwe rwa yo, ariko ikwinuza amahembe iterera ejuru waagwa iklngera kukwinura n’iheembe bityo bityo. Byacanga ikanakuribata.
    Ibyo kuruma umuntu n’agahomamunwa.

  2. Musanze: Haravugwa imbogo yarumye abaturage babiri
    Ngo Imbogo yarumye abaantu babili?
    Ibyo muvuga ni ibiki?
    Imbogo se yajyaga kuruma abaantu kubeera ko nta amahembe igira yo gusarika Abo mugira muri imbogo yarabarumye?
    Muribaza ko iyo imbogo ibonye umuuntu ijya mu bitekerezo byo gushaka uko imitima? Ahubwo iramuvumbukana ikamupfuunda na rwa rutwe rwa yo, ariko ikwinuza amahembe iterera ejuru waagwa iklngera kukwinura n’iheembe bityo bityo. Byacanga ikanakuribata.
    Ibyo kuruma umuntu n’agahomamunwa.

  3. Musanze: Haravugwa imbogo yarumye abaturage babiri
    Imbogo ntiryana kuko si indyanyama. Wenda yamutera ihembe cg se ikamucundagura ikamutabataba…

  4. Musanze: Haravugwa imbogo yarumye abaturage babiri
    Imbogo ntiryana kuko si indyanyama. Wenda yamutera ihembe cg se ikamucundagura ikamutabataba…

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *