Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko

Sangiza iyi nkuru

Umugore witwa Lucy Njeri yabwiye urukiko rwibanze rwa Makadara muri Kenya ko umugabo witwa Geoffrey Nyebere umurega kumumenaho aside akamwangiriza bari baratandukanye kuko atari kwihanganira ubunini bw’igitsina cy’uwo mugabo.

Nyebere nk’uko Nairobi news ibitangaza, yagiye kureba Njeri ariko asanga hari undi mugabo bari kumwe, akomeza gukomanga baramwangira. Nyuma Njeri yarabyutse amumenaho aside mu maso ayinyujije mu idirishya, undi ahita ashya.

Mu rukiko ruri Soweto muri Embakasi muri Nairobi, Njeri yireguye avuga ko uyu mugabo bari baratandukanye kandi ngo kuba yaramusagariraga yari yarabimenyesheje polisi, ntiyagira icyo ibikoraho.

Yabwiye umucamanza, Anjelo Kithinji ko yari yaratandukanye na Nyebere ” Kuko atari kwihanganira ingano y’igitsina cye. Cyari kinini ku mugore uwo ari we wese.”

Njeri yarekuwe by’agateganyo atanze Kshs ibihumbi 10, urubanza rukazakomeza kuwa 21 Mutarama 2021.

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko
    Oya ntabwo kiriya aricyo gisubizo .buriya nubugome bukabije

  2. Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko
    Oya ntabwo kiriya aricyo gisubizo .buriya nubugome bukabije

  3. Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko
    Jyewe nabaye muri KENYA nanakoreye yo ahitwa Nakulu , Kisumu, Naivasha,na Kelicho za Nairobi….. , mu muco wabo iyo uri umugabo cyangwa umugore ,uba uri uw’umugore wawe wenyine nk’uko na we aba ari uwawe wenyine. Iyo rero umugore w’umukenyani afashe umugabo we cg aketse ko umugabo we amuca inyuma igihano amuha ni ukumwica akoresheje inkota cyangwa indi ntwaro yose abonye n’abagabo ni uko ariko abagabo bo ntibafuha cyane nk’abagore babo.n’iyo umuntu aguteranije k’umugore wawe biba bigusaba kwitonda cyane kuko barafuha cyane kandi iyo akubuzeho icyo yagucyekagaho cyangwa wamumenyereje na bwo ajya gushaka undi mugore cyangwa umugabo utakiriho. kadi iyo agukunze ndavuga umugabo cyangwa umugore uba ufite inshuti itajenjetse,kandi mu mibereho yabo ntibazi gushyenga no gutorera

  4. Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko
    Jyewe nabaye muri KENYA nanakoreye yo ahitwa Nakulu , Kisumu, Naivasha,na Kelicho za Nairobi….. , mu muco wabo iyo uri umugabo cyangwa umugore ,uba uri uw’umugore wawe wenyine nk’uko na we aba ari uwawe wenyine. Iyo rero umugore w’umukenyani afashe umugabo we cg aketse ko umugabo we amuca inyuma igihano amuha ni ukumwica akoresheje inkota cyangwa indi ntwaro yose abonye n’abagabo ni uko ariko abagabo bo ntibafuha cyane nk’abagore babo.n’iyo umuntu aguteranije k’umugore wawe biba bigusaba kwitonda cyane kuko barafuha cyane kandi iyo akubuzeho icyo yagucyekagaho cyangwa wamumenyereje na bwo ajya gushaka undi mugore cyangwa umugabo utakiriho. kadi iyo agukunze ndavuga umugabo cyangwa umugore uba ufite inshuti itajenjetse,kandi mu mibereho yabo ntibazi gushyenga no gutorera

  5. Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko
    None ubwo ijyisubizo cyanyacyo cyikaba kumwangiza bene ako kageni bamushyikirize ubutabera

  6. Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko
    None ubwo ijyisubizo cyanyacyo cyikaba kumwangiza bene ako kageni bamushyikirize ubutabera

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *