U Bushinwa bwafatiye ibihano abantu 28 bari abayobozi ku bwa Trump

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bushinwa imaze gutangaza ko yafatiye ibihano abantu 28 bari abayobozi ku butegetsi bwa Donald Trump barimo Umunyamabanga Mike Pompeo. Abandi bafatiwe ibihano barimo Peter K. Navarro, Robert C. O’Brien, David R. Stiwell, Matthew Pottinger, Alex M. Azar II, Keith J. Krach, Kelly D. K. Craft, John R. Bolton na Stephen K. […]

Joe Biden na Kamala Harris barahiriye kuyobora Amerika (Amafoto)

img_20210120_200632.jpg

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden na Visi-Perezida we Kamala Harris, barahiriye kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika mu muhango wabereye i Washington. Umuhango w’irahira ry’abayobozi bashya ba Leta zunze ubumwe za Amerika witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye, barimo abayoboye kiriya gihugu nka Barack Obama, George W. Bush na Bill Clinton. Perezida ucyuye igihe […]

Min. w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububiligi yageze mu nteko ku kibazo cya Rusesabagina

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububiligi, Sophie WilmĂšs, kuwa Kabiri, yageze mu nteko ishinga amategeko, umutwe w’Abadepite ngo avuge ku kibazo cya Rusesabagina ufungiwe mu Rwanda ariko akagira ubwenegihugu bw’Ububiligi. Sophie yabwiye abadepite ko Leta ” iri gukurikiranira hafi iby’urubanza rwa Rusesabagina.” Uyu muminisitiri nta byinshi yashatse gutangaza gusa ngo bari kubikurikirana. Ati ” Dukomeza gukurikirana ko […]

Perezida Trump yashinguye ikirenge bwa nyuma kuri White House (Amafoto)

donald_trump_leaves_white_house_for_last_time_ap_photos_1611150570__rend_4_3.jpg

Perezida Donald Trump yasohotse muri White House bwa nyuma nka Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, mbere y’amasaha make ngo Joe Biden arahirire kuyobora kiriya gihugu. Perezida Trump yafatiye indege ku kibuga cya Andrews base kiri kuri White House aherekejwe na Melania we, mbere yo kwerekeza iwe muri Leta ya Florida muri kajugujugu ya […]

Moderna yasabwe gushaka impamvu urukingo rwayo rutera bamwe gufurutwa

Ikigo cya Moderna Inc. gikora urukingo rwa Covid-19 rwitwa ‘Moderna’ cyasabwe gukora iperereza ku mpamvu bamwe mu baruterwa bakomeje gufurutwa. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 17 Mutarama 2021, urwego rushinzwe ubuvuzi muri Leta ya California rutangaje ko hari abaterewe uru rukingo bavurirwa ibimenyetso byo gufurutwa mu ivuriro rya San Diego. Inzobere mu by’indwara z’ibyorezo […]

Sinari kwihanganira ingano y’igitsina cye-Umugore abwira urukiko

Umugore witwa Lucy Njeri yabwiye urukiko rwibanze rwa Makadara muri Kenya ko umugabo witwa Geoffrey Nyebere umurega kumumenaho aside akamwangiriza bari baratandukanye kuko atari kwihanganira ubunini bw’igitsina cy’uwo mugabo. Nyebere nk’uko Nairobi news ibitangaza, yagiye kureba Njeri ariko asanga hari undi mugabo bari kumwe, akomeza gukomanga baramwangira. Nyuma Njeri yarabyutse amumenaho aside mu maso ayinyujije […]

Ngoma: Haravugwa umugore watewe ibyuma mu maso, agakubitwa n’inyundo mu musaya

Umugore w’ imyaka 30 y’amavuko wari atuye mu Murenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma aherutse gusangwa mu nzu ku yatewe ibyuma mu maso, yanakubiswe inyundo mu musaya n’umuntu bikekwa ko ari umusore babanaga bimuviramo urupfu ndetse anamutwara ibihumbi 500 Frw. Byabaye kuwa Mbere saa munani z’amanywa bibera mu Kagari ka Gatonze mu Mudugudu wa […]

Ibibazo byo mu buriri ntacyo nabivugaho_Diamond asubiza uwari umubajije se

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma ukunzwe mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, yavuze ko ntacyo yatangaza ku bijyanye n’ibibazo byo mu buriri; ubwo yabazwaga amakuru yerekeye se umubyara. Kuva mu cyumweru gishize urujijo rukomeje kuba rwinshi ku bakunzi b’umuhanzi Diamond, nyuma y’uko nyina umubyara atangaje ko Mzee Abdul wari uzwi nka se atari we mubyeyi […]

Nyaruguru: Urujijo ku rupfu rw’umugabo bivugwa ko yakubiswe imigeri mu nda

fb_img_16111464519801346.jpg

Urupfu rw’umugabo witwa Nsanzumuhire Innocent bahimbaga “Gasongo”, w’imyaka 50, wari utuye mu Mudugudu wa Nyarusovu, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Kibeho, Akarere ka Nyaruguru rwabaye mu gitondo cyo ku wa 11 Mutarama 2021, bivugwa ko yari yangiritse impyiko n’izindi nyama zo mu nda kubera imigeri, rukomeje guteza urujijo. Umugore wa nyakwigendera witwa Sarah Mundanikure, avuga […]

CHAN: KNC yemereye Amavubi akayabo ngo azatsinde Maroc

Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles (KNC), yemereye ishimwe ringanga na $100 buri mukinnyi n’abagize staff y’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, mu gihe baba batsinze umukino wa CHAN bazahuriramo na Maroc. KNC yiyemeje uriya muhigo kuri uyu wa Gatatu, mu kiganiro Rirarashe gitambuka kuri TV na Radio1. Yagize ati “Gutsinda Maroc buri mukinnyi ni idolari […]

Trump asize afatiye ibihano abayobozi bo muri Tanzania

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu gihe haburaga umunsi umwe ngo asimburwe kuri izi nshingano, kuri uyu wa 19 Mutarama 2021 yashyiriyeho abayobozi bakuru muri Tanzania ibihano. Nk’uko The East African yabitangaje, ibi bihano ni iby’uko aba bayobozi batavuzwe mu mazina n’umubare, batakongera guhabwa viza bitewe n’uruhare bashinjwa mu “migendekere mibi […]

Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali

whatsapp-image-2021-01-19-at-14.21.30.jpg

Archbishop w’Itorero rya Uganda (Church of Uganda) wacyuye igihe, Stanley Ntagali yahagaritswe ku mirimo ashinjwa kuryamana n’umugore wubatse nk’uko Rev. Stephen Samuel Kaziimba Mugalu wamusimbuye yabitangaje. Nk’uko The Observer ibivuga, Archbishop Rev. Kaziimba yavuze ngo “Archbishop yagambaniye Imana n’Umucunguzi, umugore we, isezerano n’icyizere Abagande benshi bari bamufitiye, n’Abakirisitu ku Isi bamugize icyitegererezo mu buzima bwo […]

Ivuguruye: Ishimwe Kevin yatijwe na APR FC muri Kiyovu Sports

Ikipe ya Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko yamaze gutizwa rutahizamu Ishimwe Kevin umaze igihe adakoreshwa na APR FC, nyuma yo gushwana n’umutoza wayo mukuru Mu Ukwakira umwaka ushize ni bwo Kevin yari yahagaritswe na APR FC yiteguraga CAF Champions league mu gihe kitazwi, azira imyitwarire mibi ahanini yaturutse ku gushwana n’umutoza Mohammed […]

Fayulu aratangaza Guverinoma ye nka Perezida, nyuma y’imyaka 2 atsinzwe

Umunyapolitiki wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo washinze akaba anayoboye ishyaka rya ECIDĂ©, Martin Fayulu kuri uyu wa 20 Mutarama 2021 aratangaza Guverinoma ye nk’Umukuru w’Igihugu, nyuma y’imyaka ibiri ishize atsinzwe amatora. Amakuru aturuka muri iki gihugu, avuga ko Fayulu wiyita ‘Perezida watowe wa RDC’ amenyesha itangazamakuru abagize iyi Guverinoma saa sita z’amanywa. Fayulu […]

Burundi: Hafashwe abarimo abasaza rukukuri bahungabanyaga umutekano

eshqxktwmaep138.jpg

Polisi y’u Burundi, kuri uyu wa 19 Mutarama 2021 yeretse itangazamakuru agatsiko k’abahungabanyaga umutekano bitwaje intwaro, barimo abasaza rukukuri. Aba bafatiwe mu gace ka Gishiha, Zone ya Maramvya muri Komini ya Burambi mu Ntara ya Rumonge, bikavugwa ko kahungabanyaga umutekano muri Komini ya Burambi, Mugamba mu Ntara ya Bururi na Mugongomanga mu Ntara ya Bujumbura. […]

Uko Gen. Byiringiro wa FDLR yari agiye gusambanywa ku ngufu

umuyobozi-wa-fdlr-gen-maj-rumuri-aganiriza-abarwanyi-bashyize-intwaro-hasi-mbere-yo-kujyanwa-kanyabayonga-.jpg

Umuyobozi w’Inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, Forces DĂ©mocratiques de LibĂ©ration du Rwanda, FDLR), Lt. Gen. Iyamuremye Gaston uzwi nka Byiringiro Victor Rumuli yari agiye gusambanywa n’umwe mu basore bari kumwe na we mu modoka imutwaye ubwo yari agiye kwiga ibya gisirikare muri Ecole Royale Militaire mu Bubiligi. Umwe mu babaye muri FDLR mu myaka […]

Umuherwe Jack Ma yongeye kugaragara nyuma y’inkuru z’uko yaburiwe irengero

Umuherwe wa mbere mu Bushinwa, Jack Ma yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y’inkuru zivuga ko amaze amezi arenga atatu aburiwe irengero. Ma yagaragaye ubwo yagiranaga ikiganiro n’abarimu, cyabaye hifashishijwe ikoranabuhanga mpuzashusho (video conference), kuri uyu wa 20 Mutarama 2021, umunsi wahariwe umwarimu wo mu cyaro muri iki gihugu. Muri videwo ngufi igaragaza uyu muherwe wigeze […]

Trump yababariye abarimo Lil Wayne ku munsi we wa nyuma nka Perezida wa Amerika

Donald Trump usoza manda ye kuri uyu wa Gatatu nka Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahaye imbabazi abarimo umuraperi Lil Wayne mbere yo gusezera avuga ko yakoze ibyari byaramuzanye. Kuri uyu wa Gatatu Saa sita z’amanywa i Washington (saa moya zo mu Rwanda) ni bwo Joe Biden ararahirira kuba Perezida wa […]