whatsapp-image-2021-01-19-at-14.21.30.jpg

Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali

Sangiza iyi nkuru

Archbishop w’Itorero rya Uganda (Church of Uganda) wacyuye igihe, Stanley Ntagali yahagaritswe ku mirimo ashinjwa kuryamana n’umugore wubatse nk’uko Rev. Stephen Samuel Kaziimba Mugalu wamusimbuye yabitangaje.

Nk’uko The Observer ibivuga, Archbishop Rev. Kaziimba yavuze ngo “Archbishop yagambaniye Imana n’Umucunguzi, umugore we, isezerano n’icyizere Abagande benshi bari bamufitiye, n’Abakirisitu ku Isi bamugize icyitegererezo mu buzima bwo kwizera.”

N’ubwo byavugwaga gutyo, nta muntu wigeze atangaza amazina y’uyu mugore ndetse n’ifoto ye. Ikinyamakuru Ugblizz cyashyize hanze amafoto y’uyu mugore watumye umuvugabutumwa atatira indahiro, agasambana, agaca inyuma uwo bashakanye.

whatsapp-image-2021-01-19-at-14.21.30.jpg

whatsapp-image-2021-01-19-at-14.21.29.jpg

woman.jpg

temp.jpg

whatsapp-image-2021-01-19-at-14.21.28.jpg

Ntagali w’imyaka 65 y’amavuko yahagaritse inshingano zo kuyobora Church of Uganda muri Werurwe 2020, kubera izabukuru.

Soma Izindi Nkuru

14 Responses

  1. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Abantu guca imanza ni abambere kdi nabo ni abanyabyaha,Yesu ati utarakora icyaha abariwe umutera ibuye!

  2. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Abantu guca imanza ni abambere kdi nabo ni abanyabyaha,Yesu ati utarakora icyaha abariwe umutera ibuye!

  3. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana n’abo batashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Ijambo ry’Imana rivuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nukutagira ubwenge nyakuri (wisdom).

    1. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
      iryojuru se niwowe uzagena abarijyamo niryaswo cg nyoko

    2. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
      iryojuru se niwowe uzagena abarijyamo niryaswo cg nyoko

    3. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
      bwana Bagambiki ninde wakubwiye ko abadakora ibyiza baraza zima kumunsi wimperuka koko! ubisoma he? absolute Bose bazazuka,gusa abakoze nabi barimbuke ubutazongera kubaho abakoze neza bagorirerwe gutura ku isi nyuma yokwezwa, nushaka ibihamya ndabiguha muvandi.

    4. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
      bwana Bagambiki ninde wakubwiye ko abadakora ibyiza baraza zima kumunsi wimperuka koko! ubisoma he? absolute Bose bazazuka,gusa abakoze nabi barimbuke ubutazongera kubaho abakoze neza bagorirerwe gutura ku isi nyuma yokwezwa, nushaka ibihamya ndabiguha muvandi.

  4. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana n’abo batashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Ijambo ry’Imana rivuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nukutagira ubwenge nyakuri (wisdom).

  5. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Bagambiki:
    Abakora ibikorwa byiza n’abakora ibikorwa bibi bose bazazuka.
    Ubundi bashyirwe mu rubanza inyandiko zera zose zahanuye. Abazatsinda urwo rubanza bazajya mu ijuru bazabamo iteka. Abazatsindwa urwo rubanza bazajya mu muriro utazima iteka.

    Gushaka: Imana yemereye abantu gutunga umugore urenze umwe ariko mu buryo buzwi wanabahaye inkwano.

    Ibi rero abantu bihaye byo kumva ko gushaka umugore urenze umwe ari icyaha n’ihohotera, barangiza bakabatunga buturi, nicyo cyaha, bikaba n’iteshagaciro kubagore.

    Murongore mutange inkwano kubabishoboye kuri umwe babiri bangahe, kandi mubahe ukuri kwabo kungana nta hohotera.
    Ariko nimwumva muzabogama, mugume kuri umwe mwirinde ubusambanyi.

  6. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Bagambiki:
    Abakora ibikorwa byiza n’abakora ibikorwa bibi bose bazazuka.
    Ubundi bashyirwe mu rubanza inyandiko zera zose zahanuye. Abazatsinda urwo rubanza bazajya mu ijuru bazabamo iteka. Abazatsindwa urwo rubanza bazajya mu muriro utazima iteka.

    Gushaka: Imana yemereye abantu gutunga umugore urenze umwe ariko mu buryo buzwi wanabahaye inkwano.

    Ibi rero abantu bihaye byo kumva ko gushaka umugore urenze umwe ari icyaha n’ihohotera, barangiza bakabatunga buturi, nicyo cyaha, bikaba n’iteshagaciro kubagore.

    Murongore mutange inkwano kubabishoboye kuri umwe babiri bangahe, kandi mubahe ukuri kwabo kungana nta hohotera.
    Ariko nimwumva muzabogama, mugume kuri umwe mwirinde ubusambanyi.

  7. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Abayoborwa n’umwuka wera nibo banana b’Imana ( Yohana 3 : 6) haravuga ngo ikibyarwa n’umwuka nu mwuka nikibyarwa numubiri n’umubiri kubwiyo mpamvu abenshi tubyarwa ni dini gusa ntitubyarwe n’umuka side mumubabarire

  8. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Abayoborwa n’umwuka wera nibo banana b’Imana ( Yohana 3 : 6) haravuga ngo ikibyarwa n’umwuka nu mwuka nikibyarwa numubiri n’umubiri kubwiyo mpamvu abenshi tubyarwa ni dini gusa ntitubyarwe n’umuka side mumubabarire

  9. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Ni igisukari majyane kabisa ni we wasambanije uyu mu Bishop

  10. Irebere mu mafoto uburanga bw’umugore wubatse waryamanaga na Archbishop Stanley Ntagali
    Ni igisukari majyane kabisa ni we wasambanije uyu mu Bishop

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *