img_20210417_080147.jpg

APR FC yatangiranye imyitozo akanyamuneza yitegura shampiyona (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki 16 Mata 2021, APR FC yatangiye imyitozo yitegura shampiyona igomba gutangira mu kwezi gutaha kwa Gicurasi.

Ni nyuma yo guhabwa uburenganzira bwo gutangira imyitozo n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA.

Imyitozo ya APR FC yakozwe n’abakinnyi bose, ndetse n’akanyamuneza kagaragaraga ku maso y’abakinnyi bongeye guhurira hamwe nyuma y’igihe kinini badakorera imyitozo hamwe.

Shampiyona irabura ibyumweru bibiri ngo itangire, dore ko izatangira tariki ya 01 Gicurasi 2021. APR FC iri mu itsinda rya A ririmo , Bugesera FC, AS Muhanga na Gollira FC.

9g8a9404-768x721.jpg

img_20210417_080147.jpg

img_20210417_080133.jpg

img_20210417_080128.jpg

img_20210417_080143.jpg

9g8a9433-768x643.jpg

abanyezamu-ari-hejuru-1-768x548.jpg

keddy-yishyushya-kuri-uyu-wa-gatanu-768x726.jpg

mugunga-yves-yitegereza-umupira-768x579.jpg

niyonzima-olivier-sefu-mu-myitozo-yo-kuri-uyu-wa-gatanu-768x699.jpg

rwabugiri-omar-umunyezamu-wa-mbere-wa-apr-fc-768x761.jpg

yannick-bizimana-agiye-gutera-umupira-768x693.jpg

kapiteni-manzi-thierry-1-768x728.jpg

Amafoto: @APR FC

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *