Abanyekongo bari bavanwe mu byabo n’imitingito no gutinya ko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka batangiye gutaha ku bushake mu gihugu cyabo, mu gihe abakiri mu bakomeza kwitabwaho uko bikwiye. Abatashye Igisirikare cy’u Rwanda kikaba cyabatije imodoka zacyo ngo zibafashe kugera ku mupaka.

Ni nyuma y’aho mu ijoro ryo kuwa Kane, Impunzi z’abanyekongo 600 ziganjemo abagore n’abana zari zaraye zakiriwe muri Stade Umuganda, ariko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ushize abagera kuri 250 bifuje gusubira iwabo mu Mujyi wa Goma bavuga ko imitingito yari ibahangayikishije yashize, bahawe imodoka z’igisirikare cy’u Rwanda zibafasha kubageza ku mupaka barataha.








4 Responses
Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
erega turi bamwe
Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
erega turi bamwe
Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
erega turi bamwe
Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
erega turi bamwe