e2evgufwyacmqwc.jpg

Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha

Sangiza iyi nkuru

Abanyekongo bari bavanwe mu byabo n’imitingito no gutinya ko Ikirunga cya Nyiragongo cyakongera kuruka batangiye gutaha ku bushake mu gihugu cyabo, mu gihe abakiri mu bakomeza kwitabwaho uko bikwiye. Abatashye Igisirikare cy’u Rwanda kikaba cyabatije imodoka zacyo ngo zibafashe kugera ku mupaka.

e2evgufwyacmqwc.jpg

Ni nyuma y’aho mu ijoro ryo kuwa Kane, Impunzi z’abanyekongo 600 ziganjemo abagore n’abana zari zaraye zakiriwe muri Stade Umuganda, ariko mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ushize abagera kuri 250 bifuje gusubira iwabo mu Mujyi wa Goma bavuga ko imitingito yari ibahangayikishije yashize, bahawe imodoka z’igisirikare cy’u Rwanda zibafasha kubageza ku mupaka barataha.

e2evhtewuaapbxw.jpg

e2evocyx0ag2ghg.jpg

e2eic-bwqaajkba.jpg

e2eicomxwamewg9.jpg

e2eidtdxiaigdzb.jpg

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
    RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
    erega turi bamwe

  2. Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
    RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
    erega turi bamwe

  3. Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
    RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
    erega turi bamwe

  4. Amafoto: Imodoka za RDF zifashishijwe mu gucyura Abanyekongo batangiye gutaha
    RDF bakora kinyamwuga pe kandi bakoze neza cane gutabara abavandimwe
    erega turi bamwe

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *