aaaa.jpg

Mu turere hafi 10 na Kigali ingendo zabujijwe guhera saa 6:00 z’umugoroba, amashuri arafungwa

Sangiza iyi nkuru

Bitewe n’umubare w’abandura Covid-19 ukomeje kugenda wiyongera ndetse na virus igenda yihinduranya mu bice bitandukanye by’Isi, Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba nsha zigamije gukumira ikwirakwizwa ry’iki cyorezo, aho guhera ku itariki ya 01 Nyakanga 2021, mu Mujyi wa Kigali, uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana ingendo zibujijwe guhera saa kumi n’ebyiri kugeza saa kumi za mu gitondo, mu gihe ibikorwa byemerewe gukomeza bizajya bifunga saa kumi n’imwe z’umugoroba.

Soma hano ibyemezo bishya byafashwe

aaaa.jpg

bbbb-3.jpg

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Mu turere hafi 10 na Kigali ingendo zabujijwe guhera saa 6:00 z’umugoroba, amashuri arafungwa
    Ese abakora ikizamini cya leta ko batarebwa niyi gahunda, kandi bikaba bivugwa ko abandi bose bazarangiza igihembwe tariki ya 1/6/2021 none ubwo amashuriye yafunzwe cyangwa yarangije igihembwe kuko tariki ya mbere ni ejo, mudufashe kumva icyabaye

  2. Mu turere hafi 10 na Kigali ingendo zabujijwe guhera saa 6:00 z’umugoroba, amashuri arafungwa
    Ese abakora ikizamini cya leta ko batarebwa niyi gahunda, kandi bikaba bivugwa ko abandi bose bazarangiza igihembwe tariki ya 1/6/2021 none ubwo amashuriye yafunzwe cyangwa yarangije igihembwe kuko tariki ya mbere ni ejo, mudufashe kumva icyabaye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *