Abazakora ibizamini bya Leta ntibarebwa na gahunda yo gutaha_MINEDUC

Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yasobanuye ko abanyeshuri bazakora ibizamini bya Leta baba mu bigo by’amashuri batarebwa na gahunda yo gutaha. Ni nyuma y’aho Guverinoma isohoreye itangazo rivuga ko amashuri aho ava akagera afunga guhera tariki ya 1 Nyakanga 2021, hakanasohorwa imiterere ya gahunda yo gucyura aba banyeshuri. Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ubwo yari imaze gusohora […]

Le ministre Biruta en Italie pour le sommet du G20

e5cmoh9xoaiham2.jpg

Le ministre des Affaires Ă©trangères et de la CoopĂ©ration internationale, Vincent Biruta, est arrivĂ© mardi Ă  Matera, dans le sud de l’Italie, pour la rĂ©union ministĂ©rielle du G20. Selon le ministère rwandais des Affaires Ă©trangères, le Dr Biruta a Ă©tĂ© reçu par son homologue Luigi Di Maio. La rĂ©union des ministres des Affaires Ă©trangères du […]

Impamvu abagabo bagomba guhindura imyumvire bafite ku bagore

Umuyobozi wa RWAMREC, Nzabonimana Venant, asaba abagabo guhindura imyumvire bafite ku bagore, ngo kuko baba bigisha abahungu babo. Asanga iyo umugore ahohoterwa bigira ingaruka ku buzima bw’umuryango wose. Ibi yabitangaje ubwo hasozwaga inama mpuzamahanga ya gatatu, yavugaga ku ruhare rw’umugabo mu kwimakaza ihame ry’uburinganire “Ubuntu Symposium , 3 rd Global MenEngage Symposium”. Ni inama ikorwa […]

Nigeria, igihugu cya Afurika gikize kiri muri 12 bya mbere ku Isi bifite injiji nyinshi

nigeria-2.jpg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubuhanga n’umuco, UNESCO, rivuga ko uburezi cyangwa kugera mu ishuri ari bumwe mu buryo bwo guha imbaraga zo kwibeshaho abaturage, umuryango cyangwa sosiyete muri rusange, rikaba ryagereranyije urugero rw’uburezi mu bihugu bitandukanye, aho riuga ko kugeza ubu 30% by’abantu bakuze na 20% by’urubyiruko (Hagati y’imyaka 25 na 34) bakomeje […]

Mu turere hafi 10 na Kigali ingendo zabujijwe guhera saa 6:00 z’umugoroba, amashuri arafungwa

aaaa.jpg

Bitewe n’umubare w’abandura Covid-19 ukomeje kugenda wiyongera ndetse na virus igenda yihinduranya mu bice bitandukanye by’Isi, Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba nsha zigamije gukumira ikwirakwizwa ry’iki cyorezo, aho guhera ku itariki ya 01 Nyakanga 2021, mu Mujyi wa Kigali, uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana ingendo zibujijwe guhera saa kumi […]

Abantu 45 bishwe na Coronavirus mu Rwanda mu cyumweru kimwe

Ikusanyamibare rya Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda rivuga ko mu Rwanda abantu 45 bapfuye guhera ku wa Mbere w’icyumweru gishize naho abantu 6, 571 banduye icyorezo cya Coronavirus. Mu banduye, abantu 2,324 ni abo mu Mujyi wa Kigali. Hashize icyumweru guverinoma ifashe ingamba nshya zo gukomeza kurwanya icyorezo cya COVID-19 gusa imibare y’abanduye yakomeje kuzamuka ubutitsa […]

Kayonza: Habonetse inzoka yamize ihene yose bunguri (Amafoto)

inzoka-735x400.jpg

Abashumba bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Murundi mu Kagari ka Buhabwa bishe inzoka nini cyane yari imaze kumira ihene yose kuwa 28 Kamena 2021. Iyi nzoka yishwe kumugoroba wo kuri uyu Mbere nkuko amakuru avugwa abyemeza, ikaba yishwe n’abashumba nyuma yo kuyibona imaze kumira ihene. Abayibonye nk’uko Inkanga ibitangaza, bavuga ngo ” […]

RIB yagaruje miliyoni 771 Frw muri miliyari 1 Frw yibwe umushoramari

abafashwe.jpg

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda zagaruje amafaranga angana n’amanyarwanda (Frw) 771,701,000 muri angana na 1,000,000,000 Frw yari yaribwe umushoramari ukomoka muri Hungary hakoreshejwe ubwambuzi bushukana. Nk’uko RIB yabitangarije ku rubuga rwa Twitter, hafashwe kandi abakekwaho kuyiba babiri n’ibitso byabo. Muri ibi byitso, harimo Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Rwamagana, […]

Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo yakatiwe gufungwa amezi 15

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yakatiwe igifungo cy’amezi 15 n’Urukiko rushinzwe kurinda itegekonshinga rya kiriya gihugu, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kurusuzugura akanga kurwitaba ngo rumukoreho iperereza. Ni iperereza ryerekeye ibyaha bya ruswa uyu wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo ashinjwa. Muri Gashyantare uyu mwaka ni bwo Jacob Zuma yari yatumijweho n’Umucamanza […]

Uganda yemeye kwifashisha umuti gakondo mu guhangana na Covid-19

Ikigo cya Uganda gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti, NDA, cyemeye ko umuti gakondo wa Covidex wifashishwa mu guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Aya makuru yemejwe n’umunyamakuru wa televiziyo NBS muri Uganda ukora inkuru zicukumbuye, Canary Mugume mu gitondo cy’uyu wa 29 Kamena 2021. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’aho bamwe mu bahanga mu by’imiti batangarije ko bizeye ko […]

Imijyi 7 ihenze kubamo mu karere u Rwanda rubarizwamo

Urubuga Numbeo rusanzwe rushyira hanze uko imijyi ihagaze ku ngingo zitandukanye, rwashyize hanze uko imijyi ihenze kuyibamo ku Isi (Current Cost of Living Index by City 2021). Uru rubuga ruvuga ko mu gukora urutonde, hagendewe ku Mujyi wa New York wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ruvuga ko rwagenekereje harebwe ku biciro by’ibiribwa, resitora, […]

RDC: Umudepite wubahutse Perezida Tshisekedi yaraye muri Gereza Nkuru ya Bunia

Umudepite w’intara ushinjwa gutuka PereziTshisekedi witwa Jean-Bosco Asamba waraye ijoro rye rya mbere muri kasho y’ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Ituri, kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Kamena, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Bunia. Uyu wafashwe ku itariki 27 Kamena, agahita anumvwa n’ubushinjacyaha bwa gisirikare bwa Ituri, ni umudepite watorewe mu Mujyi wa Bunia ushinjwa kuba […]

Perezida Ndayishimiye arateganya guhura na Tshisekedi bidatinze

shingiro.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye arateganya guhura na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, mu gihe cya vuba. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro ubwo yagezaga ubutumwa bwihariye bwa Ndayishimiye kuri Tshisekedi, i Goma kuri uyu wa 28 Kamena 2021. Nk’uko ibiro bya Perezida wa RDC […]

Mayuge: Umugabo yafashe uwamusambanyirije umugore bahita bagurana abagore

Abagabo babiri bo Karere ka Mayuge baguranye abagore nyuma y’aho uwitwa Ali Mudde afashe mugenzi we, Bryan Masaba, amusambanyiriza umugore bari mu gihuru. Ibi byabaye kuwa Gatanu w’icyumweru gishize ubwo Mudde utuye mu Cyaro cya Musoma muri Jagozi, yamenyaga ko Masaba ari kumusambanyiriza umugore mu gashyamba kari hafi aho. Uyu yahise yegera Mudugudu, Peter Balikowa, […]

Syria: Ibirindiro by’ingabo za Amerika byagabweho igitero cya za rokete

Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite ibirindiro hafi y’iriba rya peteroli mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Syria zagabweho ibitero bya rokete kuri uyu wa Mbere nyuma y’umunsi umwe indege z’intambara za Amerika nazo zigabye ibitero ku nyeshyamba ziherereye ku mupaka wa Syria na Irak. Nta bakomerekejwe n’iki gitero ariko ibyo cyangije biracyagenzurwa. “Turatanga amakuru […]

Umwami Mswati III ‘yahunze’ igihugu

Hari amakuru ataremezwa n’ubutegetsi bwa Eswatini ko Umwami (Ngwenyama) Mswati III yaba yahunze igihugu mu gihe imyigaragambyo y’abasaba demukarasi imaze gukomera. Abashinzwe umutekano muri Eswatini – yahoze yitwa Swaziland basakiranye n’abigaragambya bari gusaba impinduka mu itegekoshinga muri Weekend ishize. Abigaragambya bivugwa ko bamwe bakomeretse, barasaba Umwami Mswati kwemera amavugurura ya demokarasi, harimo n’amatora. Ikinyamakuru cya […]

Musanze: Hadutse amabandi yambaye gisilimu arimo kwibisha amayeri ahambaye

Abaturage batuye mu mujyi no mu nkengero zawo baravuga ko bahangayikishijwe n’amabandi yateye ari kwiba abantu yifashishije uburyo butandukanye. Ubuyobozi bw’akarere buravuga ko ayo mayeri bwayatahuye, icyakora bugasaba abaturage ko uwo bibayeho yakwihutira gutanga amakuru kugira ngo bafatwe cyane ko hari abari kwibwa bakagira isoni zo kubivuga. Aba bajura ntibari basanzwe cyane mur’uyu mujyi wa […]

Nyamasheke: Icyuho hagati ya Isange one stop center y’ibitaro bya Bushenge n’abafite ubumuga kiratera ingorane

Mu bitaro bya Bushenge mu karere ka Nyamasheke hagaragara umubare ukiri muto cyane w’abantu bafite ubumuga bagana Isange one stop center yabyo nyamara ngo abafite ubumuga bahohoterwa mu buryo bunyuranye ari benshi, ngo bigaterwa n’imikoranire itanoze hagati y’ibi bitaro n’abahagarariye abafite ubumuga, iki cyuho kigatuma n’abafite ubumuga bahohoterwa abenshi batamenya aho babariza bigatuma hari bamwe […]

Euro: U Bufaransa bwirangayeho, busezererwa n’u Busuwisi

Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa, Les Bleus, yaraye isezerewe mu irushanwa ry’Igikombe cy’u Burayi (Euro 2020), nyuma yo gutsindwa n’u Busuwisi kuri penaliti 5-4. Ni nyuma y’uko iminota 90 y’umukino na 30 ya kamarampaka yarangiye rwabuze gica, kuko amakipe yombi yanganyaga ibitego 3-3. U Bufaransa bwasezerewe butarenze 1/8 cy’irangiza, mu gihe bwahabwaga amahirwe menshi yo kwegukana […]

Inyeshyamba zigaruriye Mekelle, Leta yo ngo yatanze agahenge

Leta ya Ethiopia yatangaje agahenge mu Karere ka Tigray kari mu majyaruguru, mu gihe inyeshyamba zivuga ko zigaruriye umurwa mukuru wako Mekelle. Abahatuye bavuze ko babonye abantu bari mu byishimo, ababarirwa mu bihumbi bari mu mihanda bafite n’amabendera bacana n’imiriro y’ibyishimo. Leta ya Ethiopia ntabwo iremeza ko yatakaje uwo mujyi. Hashize hafi amezi umunani ingabo […]