Umugore wifashe ntavuge amazina ye gusa akavuga ko atuye i Kigali, avuga akora muri kompanyi imwe y’ubucuruzi, ariko umugabo we akaba ashyigikiye ko yaryamana na bosi we wamwemereye kumukubira gatatu umushahara ngo baryamane. Yasabye inama kuri iyi ngingo, avuga ko umukoresha we yamusabye ko baryamana, akava ku mushahara wa Frw 50,000 akamugeza ku bihumbi 150. Avuga ko akimara gukoza umugabo we iyi nkuru, “Yamubwiye ko nta kibazo kirimo kuko amafaranga tuyakeneye.” Umugore avuga ko ubwo bosi we yamugezagaho icyo gitekerezo, yumvise kitamuraje ishinga, abwira umugabo we yasaga n’uri kumubwira ibimubangamiye mu kazi, undi inkuru ayisamira hejuru ngo abikore. Uyu mugore avuga ko umugabo we afite akazi gacirirtse, kinjiza make gusa ngo yamusabye ko yaryamana na bosi we kugira ngo babeho neza. Yandikiye info@bwiza.com asaba inama ku cyo yakora kuri iyi ngingo.



32 Responses
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Mugore ntuzemere uwo mugabo wawe ni matérialiste
Azabigucyurira imyaka n’imyaka n’imbere ye uzata agaciro n’imberevy’Imana uzaba ucumuye ibintu byi iyi isi ntibigomba gutuma ucumura ku mana nibyo bita idolâtrie byose tuzabisiga ku isi iyubahe kandi wubahe Imana ubundi se mbere ntiwari ubayeho
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
mureke yihende abikore ejo umugabo azomwigarama amwirukane.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
mureke yihende abikore ejo umugabo azomwigarama amwirukane.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Mugore ntuzemere uwo mugabo wawe ni matérialiste
Azabigucyurira imyaka n’imyaka n’imbere ye uzata agaciro n’imberevy’Imana uzaba ucumuye ibintu byi iyi isi ntibigomba gutuma ucumura ku mana nibyo bita idolâtrie byose tuzabisiga ku isi iyubahe kandi wubahe Imana ubundi se mbere ntiwari ubayeho
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Yebabawee ndumiwe uyumudamunamugirinama yokutaryamana numukoreshawekuko Imana niyo itanga kubaho neza ibaze aguteyinda cg sida wikwiyandarika hejuru yamafaranga humura Imana izakugororera ibirenze 150000fr yaguha narenzayo
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Yebabawee ndumiwe uyumudamunamugirinama yokutaryamana numukoreshawekuko Imana niyo itanga kubaho neza ibaze aguteyinda cg sida wikwiyandarika hejuru yamafaranga humura Imana izakugororera ibirenze 150000fr yaguha narenzayo
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Ntabwo ari byo. Abantu dukwiye kunyurwa n’ibyo dufite n’uko tubayeho.
Uwo mugabo we ndamugaye cyane.
Inama nagira uwo mugore ni uko atabikora.
Uretse no kuba binyuranyije n’umuco nyarwanda uvuga ko umugore ari uw’umuntu umwe
ni n’icyaha ku Mana.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
NAREBE KURE . IBYISHIMO BITANDUKANYE N,AMAFARANGA.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
NAREBE KURE . IBYISHIMO BITANDUKANYE N,AMAFARANGA.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Ntabwo ari byo. Abantu dukwiye kunyurwa n’ibyo dufite n’uko tubayeho.
Uwo mugabo we ndamugaye cyane.
Inama nagira uwo mugore ni uko atabikora.
Uretse no kuba binyuranyije n’umuco nyarwanda uvuga ko umugore ari uw’umuntu umwe
ni n’icyaha ku Mana.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Yewe ntuziyandurishe umushahara wa 150000 kandi niwemera mukaryamana azajya ahora abigusaba ni ubyanga ushobora no gutakaza nayo 50000 kandi ni umugabo wawe uri kukwemerera uzaba utaye agaciro mu maso he ihangane Imana izakugirira neza
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Yewe ntuziyandurishe umushahara wa 150000 kandi niwemera mukaryamana azajya ahora abigusaba ni ubyanga ushobora no gutakaza nayo 50000 kandi ni umugabo wawe uri kukwemerera uzaba utaye agaciro mu maso he ihangane Imana izakugirira neza
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Wikozeho ikibwira umugabo wawe,abagabo uko bateye,ubwo tayari ikibazo cyaravutse, wowe wagombaga gufata umwanzuro, kugiti cyawe.Utiriwe ubwira umugabo.Wowe azarebe igikwiye aricyo ikora, urebe n’ ingaruka bizagira.Naho tayari wamaze kwiteza umugabo wawe, ikimubwira,ibyo bintu,witege ibizavamo.Ukuri kose siko gushyirwa hanze.Wowe Reba igikwiye by the way.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Wikozeho ikibwira umugabo wawe,abagabo uko bateye,ubwo tayari ikibazo cyaravutse, wowe wagombaga gufata umwanzuro, kugiti cyawe.Utiriwe ubwira umugabo.Wowe azarebe igikwiye aricyo ikora, urebe n’ ingaruka bizagira.Naho tayari wamaze kwiteza umugabo wawe, ikimubwira,ibyo bintu,witege ibizavamo.Ukuri kose siko gushyirwa hanze.Wowe Reba igikwiye by the way.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Uko bisakose ntaheza hisi ayo ma frw nejo uraba ushakandi uzabe umukene ukeneye Imana
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Uko bisakose ntaheza hisi ayo ma frw nejo uraba ushakandi uzabe umukene ukeneye Imana
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
IYI NINDAYA
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
IYI NINDAYA
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Yayayayayayayaaaaaaa, ndumiwe koko, mbega abagabo
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Yayayayayayayaaaaaaa, ndumiwe koko, mbega abagabo
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Mugore uzabyirinde ntuxabikore kuko byakuviramo umuvumo mubi uzakurikirana abawe na nyuma y’abuzukuruza. Sigaho ntukururire urubyaro rwawe umuvumo. Saba Imana ikurinde nibiba ngombwa uzakareke Imana uzaba wubahishije izaguha akakaruta kubera icyubahiro cyayo kidasangirwa uzaba uyihaye.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Mugore uzabyirinde ntuxabikore kuko byakuviramo umuvumo mubi uzakurikirana abawe na nyuma y’abuzukuruza. Sigaho ntukururire urubyaro rwawe umuvumo. Saba Imana ikurinde nibiba ngombwa uzakareke Imana uzaba wubahishije izaguha akakaruta kubera icyubahiro cyayo kidasangirwa uzaba uyihaye.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Tekereza kuri ibi:
1) Ubwo se uryamanye na Bos yarangiza ntayaguhe wamuregera he? Hari amasezerano yanditse muzaba mufitanye waheraho urega? None se uribwira ko atajya ahora abigusaba uko yiboneye nkaho yagushatse?
2) Umugabo wawe urumva muzarubanamo mute? Waba urushenye kabisa.
Igirire icyizere kandi wiheshe agaciro nibwo Umugabo wawe azagukunda kandi na Bos wawe azajya akubaha kandi ntiyongere kugutekereza. Erega bibaye ngombwa akazi wakareka kubwo kurengera inyungu z’urugo rwawe! MBERE YA BYOSE IMANA.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Tekereza kuri ibi:
1) Ubwo se uryamanye na Bos yarangiza ntayaguhe wamuregera he? Hari amasezerano yanditse muzaba mufitanye waheraho urega? None se uribwira ko atajya ahora abigusaba uko yiboneye nkaho yagushatse?
2) Umugabo wawe urumva muzarubanamo mute? Waba urushenye kabisa.
Igirire icyizere kandi wiheshe agaciro nibwo Umugabo wawe azagukunda kandi na Bos wawe azajya akubaha kandi ntiyongere kugutekereza. Erega bibaye ngombwa akazi wakareka kubwo kurengera inyungu z’urugo rwawe! MBERE YA BYOSE IMANA.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Iyangire ntiwemere. Umugabo wawe arashaka kukugusha mu mutego. Ejo yaba agucyurira avuga ko uri indaya. Kandi nanone ni icyaha gikomeye imbere y’Imana gukora imibonano mpuzabitsina n’undi mugabo utari uwawe, ni byo Bibiliya yita ubuhehesi.Ihangane mutumgwe n’amafaranga mubona mu buryo bwiza. Kandi nanone uramutse uryamanye na boss wawe yabigira itetu, wakwanga wa mushahara akongera akawukwaka.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Iyangire ntiwemere. Umugabo wawe arashaka kukugusha mu mutego. Ejo yaba agucyurira avuga ko uri indaya. Kandi nanone ni icyaha gikomeye imbere y’Imana gukora imibonano mpuzabitsina n’undi mugabo utari uwawe, ni byo Bibiliya yita ubuhehesi.Ihangane mutumgwe n’amafaranga mubona mu buryo bwiza. Kandi nanone uramutse uryamanye na boss wawe yabigira itetu, wakwanga wa mushahara akongera akawukwaka.
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
nakugira inama yo kutemera kuko uko byaba kose ayo frw ntago yahaza kwifuza kwawe ahubwo nyurwa nuko uri kdi wigishe numugabo wawe kunyurwa areke guhubukira ibyisi.ikindi umenye ko wemeye waba ubaye umugore wabagabo babiri kuko ubutaha akwifuje ntiwamwangira kdi Imana ibyanga urunuka kuko ibyo nubusambanyi
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
nakugira inama yo kutemera kuko uko byaba kose ayo frw ntago yahaza kwifuza kwawe ahubwo nyurwa nuko uri kdi wigishe numugabo wawe kunyurwa areke guhubukira ibyisi.ikindi umenye ko wemeye waba ubaye umugore wabagabo babiri kuko ubutaha akwifuje ntiwamwangira kdi Imana ibyanga urunuka kuko ibyo nubusambanyi
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
150000fr,
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
150000fr,
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
150000fr,
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
150000fr,