Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali

Sangiza iyi nkuru

Umugore wifashe ntavuge amazina ye gusa akavuga ko atuye i Kigali, avuga akora muri kompanyi imwe y’ubucuruzi, ariko umugabo we akaba ashyigikiye ko yaryamana na bosi we wamwemereye kumukubira gatatu umushahara ngo baryamane.

Yasabye inama kuri iyi ngingo, avuga ko umukoresha we yamusabye ko baryamana, akava ku mushahara wa Frw 50,000 akamugeza ku bihumbi 150.

Avuga ko akimara gukoza umugabo we iyi nkuru, “Yamubwiye ko nta kibazo kirimo kuko amafaranga tuyakeneye.”

Umugore avuga ko ubwo bosi we yamugezagaho icyo gitekerezo, yumvise kitamuraje ishinga, abwira umugabo we yasaga n’uri kumubwira ibimubangamiye mu kazi, undi inkuru ayisamira hejuru ngo abikore.

Uyu mugore avuga ko umugabo we afite akazi gacirirtse, kinjiza make gusa ngo yamusabye ko yaryamana na bosi we kugira ngo babeho neza.

Yandikiye info@bwiza.com asaba inama ku cyo yakora kuri iyi ngingo.

Soma Izindi Nkuru

32 Responses

  1. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Mugore ntuzemere uwo mugabo wawe ni matérialiste
    Azabigucyurira imyaka n’imyaka n’imbere ye uzata agaciro n’imberevy’Imana uzaba ucumuye ibintu byi iyi isi ntibigomba gutuma ucumura ku mana nibyo bita idolâtrie byose tuzabisiga ku isi iyubahe kandi wubahe Imana ubundi se mbere ntiwari ubayeho

    1. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
      mureke yihende abikore ejo umugabo azomwigarama amwirukane.

    2. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
      mureke yihende abikore ejo umugabo azomwigarama amwirukane.

  2. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Mugore ntuzemere uwo mugabo wawe ni matérialiste
    Azabigucyurira imyaka n’imyaka n’imbere ye uzata agaciro n’imberevy’Imana uzaba ucumuye ibintu byi iyi isi ntibigomba gutuma ucumura ku mana nibyo bita idolâtrie byose tuzabisiga ku isi iyubahe kandi wubahe Imana ubundi se mbere ntiwari ubayeho

  3. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Yebabawee ndumiwe uyumudamunamugirinama yokutaryamana numukoreshawekuko Imana niyo itanga kubaho neza ibaze aguteyinda cg sida wikwiyandarika hejuru yamafaranga humura Imana izakugororera ibirenze 150000fr yaguha narenzayo

  4. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Yebabawee ndumiwe uyumudamunamugirinama yokutaryamana numukoreshawekuko Imana niyo itanga kubaho neza ibaze aguteyinda cg sida wikwiyandarika hejuru yamafaranga humura Imana izakugororera ibirenze 150000fr yaguha narenzayo

  5. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Ntabwo ari byo. Abantu dukwiye kunyurwa n’ibyo dufite n’uko tubayeho.
    Uwo mugabo we ndamugaye cyane.
    Inama nagira uwo mugore ni uko atabikora.
    Uretse no kuba binyuranyije n’umuco nyarwanda uvuga ko umugore ari uw’umuntu umwe
    ni n’icyaha ku Mana.

    1. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
      NAREBE KURE . IBYISHIMO BITANDUKANYE N,AMAFARANGA.

    2. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
      NAREBE KURE . IBYISHIMO BITANDUKANYE N,AMAFARANGA.

  6. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Ntabwo ari byo. Abantu dukwiye kunyurwa n’ibyo dufite n’uko tubayeho.
    Uwo mugabo we ndamugaye cyane.
    Inama nagira uwo mugore ni uko atabikora.
    Uretse no kuba binyuranyije n’umuco nyarwanda uvuga ko umugore ari uw’umuntu umwe
    ni n’icyaha ku Mana.

  7. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Yewe ntuziyandurishe umushahara wa 150000 kandi niwemera mukaryamana azajya ahora abigusaba ni ubyanga ushobora no gutakaza nayo 50000 kandi ni umugabo wawe uri kukwemerera uzaba utaye agaciro mu maso he ihangane Imana izakugirira neza

  8. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Yewe ntuziyandurishe umushahara wa 150000 kandi niwemera mukaryamana azajya ahora abigusaba ni ubyanga ushobora no gutakaza nayo 50000 kandi ni umugabo wawe uri kukwemerera uzaba utaye agaciro mu maso he ihangane Imana izakugirira neza

  9. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Wikozeho ikibwira umugabo wawe,abagabo uko bateye,ubwo tayari ikibazo cyaravutse, wowe wagombaga gufata umwanzuro, kugiti cyawe.Utiriwe ubwira umugabo.Wowe azarebe igikwiye aricyo ikora, urebe n’ ingaruka bizagira.Naho tayari wamaze kwiteza umugabo wawe, ikimubwira,ibyo bintu,witege ibizavamo.Ukuri kose siko gushyirwa hanze.Wowe Reba igikwiye by the way.

  10. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Wikozeho ikibwira umugabo wawe,abagabo uko bateye,ubwo tayari ikibazo cyaravutse, wowe wagombaga gufata umwanzuro, kugiti cyawe.Utiriwe ubwira umugabo.Wowe azarebe igikwiye aricyo ikora, urebe n’ ingaruka bizagira.Naho tayari wamaze kwiteza umugabo wawe, ikimubwira,ibyo bintu,witege ibizavamo.Ukuri kose siko gushyirwa hanze.Wowe Reba igikwiye by the way.

  11. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Uko bisakose ntaheza hisi ayo ma frw nejo uraba ushakandi uzabe umukene ukeneye Imana

  12. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Uko bisakose ntaheza hisi ayo ma frw nejo uraba ushakandi uzabe umukene ukeneye Imana

  13. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    IYI NINDAYA

  14. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    IYI NINDAYA

  15. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Yayayayayayayaaaaaaa, ndumiwe koko, mbega abagabo

  16. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Yayayayayayayaaaaaaa, ndumiwe koko, mbega abagabo

  17. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Mugore uzabyirinde ntuxabikore kuko byakuviramo umuvumo mubi uzakurikirana abawe na nyuma y’abuzukuruza. Sigaho ntukururire urubyaro rwawe umuvumo. Saba Imana ikurinde nibiba ngombwa uzakareke Imana uzaba wubahishije izaguha akakaruta kubera icyubahiro cyayo kidasangirwa uzaba uyihaye.

  18. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Mugore uzabyirinde ntuxabikore kuko byakuviramo umuvumo mubi uzakurikirana abawe na nyuma y’abuzukuruza. Sigaho ntukururire urubyaro rwawe umuvumo. Saba Imana ikurinde nibiba ngombwa uzakareke Imana uzaba wubahishije izaguha akakaruta kubera icyubahiro cyayo kidasangirwa uzaba uyihaye.

  19. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Tekereza kuri ibi:
    1) Ubwo se uryamanye na Bos yarangiza ntayaguhe wamuregera he? Hari amasezerano yanditse muzaba mufitanye waheraho urega? None se uribwira ko atajya ahora abigusaba uko yiboneye nkaho yagushatse?
    2) Umugabo wawe urumva muzarubanamo mute? Waba urushenye kabisa.
    Igirire icyizere kandi wiheshe agaciro nibwo Umugabo wawe azagukunda kandi na Bos wawe azajya akubaha kandi ntiyongere kugutekereza. Erega bibaye ngombwa akazi wakareka kubwo kurengera inyungu z’urugo rwawe! MBERE YA BYOSE IMANA.

  20. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Tekereza kuri ibi:
    1) Ubwo se uryamanye na Bos yarangiza ntayaguhe wamuregera he? Hari amasezerano yanditse muzaba mufitanye waheraho urega? None se uribwira ko atajya ahora abigusaba uko yiboneye nkaho yagushatse?
    2) Umugabo wawe urumva muzarubanamo mute? Waba urushenye kabisa.
    Igirire icyizere kandi wiheshe agaciro nibwo Umugabo wawe azagukunda kandi na Bos wawe azajya akubaha kandi ntiyongere kugutekereza. Erega bibaye ngombwa akazi wakareka kubwo kurengera inyungu z’urugo rwawe! MBERE YA BYOSE IMANA.

  21. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Iyangire ntiwemere. Umugabo wawe arashaka kukugusha mu mutego. Ejo yaba agucyurira avuga ko uri indaya. Kandi nanone ni icyaha gikomeye imbere y’Imana gukora imibonano mpuzabitsina n’undi mugabo utari uwawe, ni byo Bibiliya yita ubuhehesi.Ihangane mutumgwe n’amafaranga mubona mu buryo bwiza. Kandi nanone uramutse uryamanye na boss wawe yabigira itetu, wakwanga wa mushahara akongera akawukwaka.

  22. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Iyangire ntiwemere. Umugabo wawe arashaka kukugusha mu mutego. Ejo yaba agucyurira avuga ko uri indaya. Kandi nanone ni icyaha gikomeye imbere y’Imana gukora imibonano mpuzabitsina n’undi mugabo utari uwawe, ni byo Bibiliya yita ubuhehesi.Ihangane mutumgwe n’amafaranga mubona mu buryo bwiza. Kandi nanone uramutse uryamanye na boss wawe yabigira itetu, wakwanga wa mushahara akongera akawukwaka.

  23. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    nakugira inama yo kutemera kuko uko byaba kose ayo frw ntago yahaza kwifuza kwawe ahubwo nyurwa nuko uri kdi wigishe numugabo wawe kunyurwa areke guhubukira ibyisi.ikindi umenye ko wemeye waba ubaye umugore wabagabo babiri kuko ubutaha akwifuje ntiwamwangira kdi Imana ibyanga urunuka kuko ibyo nubusambanyi

  24. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    nakugira inama yo kutemera kuko uko byaba kose ayo frw ntago yahaza kwifuza kwawe ahubwo nyurwa nuko uri kdi wigishe numugabo wawe kunyurwa areke guhubukira ibyisi.ikindi umenye ko wemeye waba ubaye umugore wabagabo babiri kuko ubutaha akwifuje ntiwamwangira kdi Imana ibyanga urunuka kuko ibyo nubusambanyi

  25. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
    150000fr,

  26. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
    150000fr,

  27. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
    150000fr,

  28. Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
    Ubwo c urumva azayaguha amezi angahe?oya rwose wica inyuma umugabo wawe NGO ni
    150000fr,

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *