Umugabo utaramenyekana amazina yakoresheje imbuga nkoranyambaga, avuga ko ubwo yagwaga gitumo umugore we asambana n’undi mugabo, yavuze ko ari we nyirabayazana. Uyu mugabo avuga ko ahubwo uyu mugore yahindukiye, agashinja umugabo we ko ari we umuca inyuma. Mu butumwa bwe, uyu mugabo yabazaga abandi niba haba hari impamvu ifatika umuntu yaha undi igihe yaba amusanze amuca inyuma. Mu mpamvu zatanzwe n’uyu mugore, harimo ko ” Ngo na we uhora mu ngendo, uagahora uhuze uri mu kazi.” Uyu mugabo avuga ko kuva yabana n’umugore we, atigeze amuca inyuma keretse ubwo batari bakabanye. Ati ” Sindamuca inyuma. Ndamukunda cyane. Nibyo koko nkunda gukora ingendo, nshaka amafaranga kugira ngo umuryango wanjye ubeho neza.” Uyu mugabo yavuze ko ubwo yandikaga ubwo butumwa yari arimo kurira, avuga ko yababajwe n’uko umugore we atumvise ko yamukoreye amakosa, ahubwo akamushinja ko atajya amuha umwanya. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV




4 Responses
Ni wowe ubitera-Umugore abwira umugabo we wamusanze asambanira mu rugo rwe
Ntabwo ukwiye kurira,wibaza impamvu umugore yaguciye inyuma,ukwiye kumenya ko amafr atazana byose murugo.wahushije intego.
wagombaga gushyiramo BALANCE hagati yamafr numugore wawe my friend
Ni wowe ubitera-Umugore abwira umugabo we wamusanze asambanira mu rugo rwe
Ntabwo ukwiye kurira,wibaza impamvu umugore yaguciye inyuma,ukwiye kumenya ko amafr atazana byose murugo.wahushije intego.
wagombaga gushyiramo BALANCE hagati yamafr numugore wawe my friend
Ni wowe ubitera-Umugore abwira umugabo we wamusanze asambanira mu rugo rwe
uyu mugore aranangiye umutima cyane kuko abayarasabye umugabowe imbabazi NONEHO BAKAJYA INAMA YO KO BAKEMURA IKIBAZO CYO MUBURIRI none uzagezahe ?
Ni wowe ubitera-Umugore abwira umugabo we wamusanze asambanira mu rugo rwe
uyu mugore aranangiye umutima cyane kuko abayarasabye umugabowe imbabazi NONEHO BAKAJYA INAMA YO KO BAKEMURA IKIBAZO CYO MUBURIRI none uzagezahe ?