rdf1-2.jpg

Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga

Sangiza iyi nkuru

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyahaye urubuga abifuza kwinjiramo ku rwego rwa osifiye no mu mutwe w’Inkeragutabara (Reserve Force).

Nk’uko itangazo ryaturutse mu biro bya RDF kuri uyu wa 17 Ukuboza 2021 ribivuga, abarebwa n’iri tangazo ni abafite imyaka y’amavuko iri hagati ya 18 na 21 barangije amashuri yisumbuye (ku rwego rwa ofisiye) n’iri hagati ya 18 na 25 ku bashaka kwinjira mu mutwe w’Inkeragutabara.

Kwiyandikisha bizatangira kuva tariki ya 3 kugeza ku ya 10 Mutarama 2022.

Soma itangazo ryose hano:

rdf1-2.jpg
rdf2-2.jpg

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
    Abasirikare bato bazinjira ryari

  2. Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
    Abasirikare bato bazinjira ryari

  3. Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
    Abasirikare bato bazinjira ryari

  4. Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
    Abasirikare bato bazinjira ryari

  5. Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
    Abasirikare bato bazinjira ryari

  6. Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
    Abasirikare bato bazinjira ryari

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *