Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyahaye urubuga abifuza kwinjiramo ku rwego rwa osifiye no mu mutwe w’Inkeragutabara (Reserve Force).
Nk’uko itangazo ryaturutse mu biro bya RDF kuri uyu wa 17 Ukuboza 2021 ribivuga, abarebwa n’iri tangazo ni abafite imyaka y’amavuko iri hagati ya 18 na 21 barangije amashuri yisumbuye (ku rwego rwa ofisiye) n’iri hagati ya 18 na 25 ku bashaka kwinjira mu mutwe w’Inkeragutabara.
Kwiyandikisha bizatangira kuva tariki ya 3 kugeza ku ya 10 Mutarama 2022.
Soma itangazo ryose hano:





6 Responses
Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
Abasirikare bato bazinjira ryari
Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
Abasirikare bato bazinjira ryari
Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
Abasirikare bato bazinjira ryari
Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
Abasirikare bato bazinjira ryari
Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
Abasirikare bato bazinjira ryari
Abifuza kwinjira muri RDF ku rwego rwa Ofisiye no mu Nkeragutabara bahawe urubuga
Abasirikare bato bazinjira ryari