UmunyarwaNda witwa Gilbert Shyaka wari warahungiye muri Uganda, yagarutse mu gihugu cye, avuga ko yari yarahawe akazi n’ Urwego rushinzwe iperereza mu gisirikare cya Uganda, CMI, kugira ngo ajye asebya u Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 30 nk’uko RBA yabinyujije kuri Twitter, yagarutse mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 13 Mutarama 2022 nyuma yo kumara iminsi itari mike muri icyo gihugu. Yabwiye abanyamakuru ko ” Nari narahawe akazi na CMI ngo njye mvuga nabi u Rwanda.” Umugore wa Shyaka yari aherutse kumvikana mu bitangazamakuru, avuga ko umugabo we yaburiwe irengero. Icyo gihe hari amakuru ko yatorotse akajya muri Uganda.

Shyaka Gilbert uvuga ko yari yarahawe akazi na CMI/RBA Twitter



10 Responses
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Mwagiye mutohoza ayanyu makuru!
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Mwagiye mutohoza ayanyu makuru!
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Koko se? Amayeli aba menshi!
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Koko se? Amayeli aba menshi!
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Ariko imisega irangwira nkuyu se bamuhaga akazi ngo mariée iki Ouganda .Ouganda se ikeneye iki ki Rwanda ntiyafunze imipaka kawunga ikabura mu Rwanda uretse se ibyo mwiba muri rdc mugira iki
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Ariko nkawe uvuga ko Uganda yafunze imipaka kawunga ikabura wajyiye mu masoko yacu ugashaka urakabura? Hanyuma se RDC yo uvuga ibyibwayo ni wowe igihugu gituma ukaba ubitse ibyibano ngo noneho ubigaragaze wowe rero Rugagi (igorore ubwo umaze gushira impmu)
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Ariko nkawe uvuga ko Uganda yafunze imipaka kawunga ikabura wajyiye mu masoko yacu ugashaka urakabura? Hanyuma se RDC yo uvuga ibyibwayo ni wowe igihugu gituma ukaba ubitse ibyibano ngo noneho ubigaragaze wowe rero Rugagi (igorore ubwo umaze gushira impmu)
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
Ariko imisega irangwira nkuyu se bamuhaga akazi ngo mariée iki Ouganda .Ouganda se ikeneye iki ki Rwanda ntiyafunze imipaka kawunga ikabura mu Rwanda uretse se ibyo mwiba muri rdc mugira iki
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
IBYOYAHUNZE YABIKEMUYE,UBWOSE KONUMVA ATAZI KURINDA URURIMIRWE CYANGWA NUGUSHAKA AMANOTA.
Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI
IBYOYAHUNZE YABIKEMUYE,UBWOSE KONUMVA ATAZI KURINDA URURIMIRWE CYANGWA NUGUSHAKA AMANOTA.