Umugore wa Past. Bugingo na we yamwihakanye

Umugore wa Pasiteri Bugingo, Suzan Makula Nantaba, avuga ko kuri we asanga atari umugore w’uyu mukozi w’Imana nk’uko bifatwa na bamwe ndetse bigatuma banaregwa mu nkiko. Aba bombi bari barakoze umuhango wo kwerekanwa mu muryango w’umugore/Kwanjula, gusa mu ruhame bahakana kuba barahise baba umugore n’umugabo. Uyu mugore ukorera kuri SALT TV, avuga ko ibyabaye kwari […]

Sudan: General yiciwe mu myigaragambyo

Polisi ya Sudan iravuga ko umupolisi mukuru wari ufite ipeti rya ‘Brigadier General’ yishwe n’abigaragambya bamagana ihirika ry’ubutegetsi ryakozwe n’igisirikare kiyobowe na General Abdel Fattah al-Burhan mu Kwakira 2021. Uyu mupolisi witwa Ali Bareema Hamad ngo yishwe ubwo yari mu kazi ubwo yarindaga umutekano w’abigaragambya mu murwa mukuru, Khartoum. Nk’uko France 24 ibivuga, Umuvugizi wa […]

Elizabeth II yambuye Igikomangoma Andrew ububasha bwose cyari gifite ku gisirikare

Umwamikazi w’u Bwongereza akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo zabwo, Elizabeth II, yambuye Igikomangoma Andrew kizwi nka Duke of York ububasha bwose cyari gifite ku gisirikare bitewe n’ikirego cy’ihohotera rishingiye ku gitsina gikurikiranweho n’ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni nyuma y’aho abahoze ari abasirikare bakomeye 150 bandikiye Umwamikazi bamumenyesha ko barakajwe n’ukuntu Igikomangoma gikomeje kugira […]

Le RIB cède certains pouvoirs à la police en vertu d’une nouvelle législation

Un nouveau projet de loi cherche à redonner à la Police nationale rwandaise (RNP) l’autorité légale et les pouvoirs nécessaires pour effectuer des actes d’enquête de base, par exemple, effectuer des perquisitions, des saisies et la collecte de preuves. Tous les pouvoirs d’enquête en vertu du cadre juridique actuel sont dévolus au Bureau d’enquête du […]

Abanyarwanda barenga 100 bari barahungiye urukingo muri RDC birukanwe

Repubulika ya Demukarasi ya Congo (101) yirukanye Abanyarwanda 101 biganjemo abagore n’abana bari barahunze ikingira ry’icyorezo cya Covid-19 bavuga ko rikorwa ku ngufu mu Rwanda. Aba Banyarwanda bagiye ku kirwa cya Idjwi muri RDC kiri mu kiyaga cya Kivu mu matsinda mato mato mu bihe bitandukanye, bagera kuri uyu mubare wemezwa n’ubuyobozi bwaho. Umuyobozi wa […]

Dr Kabera avuga ko abarimu ba kaminuza bashobora kurengana bazira kuba barize muri AIU

Umuyobozi w’ihuriro rya Kaminuza zigenga mu Rwanda, Dr Kabera Callixte avuga ko hari abarimu bashobora kurengana bazira kuba barize muri kaminuza mpuzamahanga ya AIU (Antlatic International University) yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Ni nyuma y’aho ubuyobozi bw’inama nkuru y’amashuri makuru na za kaminuza, HEC, tariki ya 10 Mutarama 2022 itangarije ko itesheje […]

U Budage: Urukiko rwakatiye uwari koloneli muri Siriya igifungo cya burundu

Urukiko rwo mu Budage rwakatiye Anwar Raslan wahoze ari umukoloneli wa Siriya, igifungo cya burundu azira kuba yarakoze ibyaha byibasiye inyoko muntu muri gereza y’i Damas mu myaka icumi ishize. Kuri uyu wa Kane, icyemezo cy’urukiko rw’ikirenga cya Koblenz kigaragaza intambwe ya mbere iganisha ku butabera ku Banyasiriya batabarika bahohotewe na guverinoma ya Perezida Bashar […]

Hari ububasha RIB ishobora kwamburwa

Inteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite, yagejejweho umushinga w’itegeko rishobora kwambura bumwe mu bubasha urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, bugasubizwa Polisi y’u Rwanda yari ibufite mbere. Minisitiri w’Umutekano ufite mu nshingano Polisi, Alfred Gasana ni we wageje ku badepite uyu mushinga, asaba ko Polisi yahabwa ububasha bwuzuye bw’ubugenzacyaha ku byaha bijyanye n’umutekano wo mu muhanda n’ubwo […]

Wa musifuzi wakoreye amahano mu muikino wa Mali na Tunisia yajyanwe mu bitaro

Umunya-Zambia Janny Sikazwe wasifuye umukino w’Igikombe cya Afurika ikipe y’Igihugu ya Mali yaraye itsinzemo iya Tunisia igitego 1-0, yajyanwe mu bitaro nyuma yo kuwukoreramo amahano. Les Aigles du Mali ya Mali na Les Aigles du Cartage ya Tunisia, bari bahuriye mu mukino wa mbere wo mu tsinda rya gatandatu ari na ryo rya nyuma wabereye […]

Umunyarwanda wari warahungiye muri Uganda yatahutse avuga ko yari yahawe akazi na CMI

fi-40iqxmaq4hvo_1_.jpg

UmunyarwaNda witwa Gilbert Shyaka wari warahungiye muri Uganda, yagarutse mu gihugu cye, avuga ko yari yarahawe akazi n’ Urwego rushinzwe iperereza mu gisirikare cya Uganda, CMI, kugira ngo ajye asebya u Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 30 nk’uko RBA yabinyujije kuri Twitter, yagarutse mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki 13 Mutarama 2022 nyuma yo kumara […]

Real Madrid yageze ku mukino wa nyuma wa Supercopa itsinze mukeba wayo FC Barcelone

Mu buryo bugoranye ikipe ya Real Madrid yageze ku mukino wa nyuma wa Supercopa ya Espagne nyuma yo gutsinda mukeba wayo FC Barcelone 3-2, umukino byasabye ngo hongerweho iminota mirongo itatu nyuma yaho isanzwe yarangiye amakipe yombi ananiwe kwisobanura Ikipe ya Real Madrid itozwa na Carlo Ancelotti, niyo yabonye igitego mbere, k’umupira rutahizamu Karim Benzema […]

Rusizi: Yatawe muri yombi ashaka gukorera mugenzi we ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Twaha Abdul yafashwe ashaka gukorera undi ikizamini cy'uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Twaha Abdul w’imyaka 30 y’amavuko afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu karere ka Rusizi, nyuma yo gutabwa muri yombi ku wa 12 Mutarama 2022 bivugwa ko yashakaga gukorera ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mugenzi we witwa Mwizerwa Issa wari wamwemereye amafaranga 300.000, akaba yemera icyaha, yemera n’ibihano amategeko yamuteganiriza ariko ngo akumva ahawe […]

AFCAN 2021: Udushya dukomeje kwiyongera, indirimbo ya Mauritania itariyo yaririmbwe inshuro 2

Mu mikino ya nyuma y’ibihugu y’umupira w’amaguru ya Africa ikomeje kubera muri Cameroon, ikomeje kubamo amahano kuburyo budasanzwe, aho tariki ya 12 Mutarama 2022 , ubwo Mauritania yari igiye gukina na Gambia indirimbo yabo y’ubahiriza igihugu, haririmbwe itariyo ishuro ebyiri zose. Ibi bikaba byarabaye ku munsi wejo ubwo ibi bihugu byari bigiye gukina umukino wabyo […]

Umusirikare wa FARDC yaguwe gitumo ari gusambanya intama

Umusirikare wo mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yaguwe gitumo n’abaturage bo mu gace ka Kibarizo ho muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru ari gusambanya intama. Byabaye ku wa Kabiri tariki ya 11 Mutarama 2022. Amakuru y’uko uriya musirikare wamenyekanye ku mazina ya Félix Balume yafashwe asambanya intama yemejwe n’umuyobozi wa […]

Rusizi: Bamwe mu batuye mu mujyi bababajwe no kwinjira muri 2022 bakivoma ibiziba byo mu bishanga

Bamwe bayavoma abandi bayameseramo,hakaba n'abazana ingurube kuzogerezamo, abayavoma bakayakoresha nko kubura ukundi bagira.

Abaturage b’imidugudu ya Kanombe,Kamabuye na Karitasi mu kagari ka Burunga mu murenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi baravuga ko bababajwe cyane no kwinjira muri 2022 bakivoma amazi mabi y’ibishanga, bamwe bagatinya kohoreza abana babo kuvoma ku isoko y’ahitwa mu kankoko muri uyu murenge nyuma y’uko mu myaka ishize hari umwana wishwe avuye kuvomayo n’abandi […]

RDC: Kwa Kabund hatewe n’abajepe, abapolisi baharinda bose batabwa muri yombi

Abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kurinda Perezida Félix Tshisekedi wa Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bateye urugo rwa Visi-Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’iki gihugu, Jean-Marc Kabund, bata muri yombi abapolisi bose bashinzwe kururinda. Mu ijoro ryakeye ni bwo aba basirikare bateye urugo rwa Kabund unasanzwe ari Perezida w’inzibacyuho w’ishyaka UPDS rya Tshisekedi, mbere yo guta […]

Cameroun: Umwe mu mijyi yakiriye Igikombe cya Afurika wumvikanyemo amasasu

Kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Buea uri mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Cameroun, uri no kuberamo imikino y’igikombe cya Afurika, humvikanye amasasu. Uyu mujyi urimo amakipe ane y’ibihugu ari gukiniramo imikino y’Igikombe cya Afurika yatangiye ku Cyumweru muri iki gihugu mu gihe kirimo ibibazo by’umutekano cyane cyane mu burengerazuba bw’igihugu ahari abashaka kwiyomora […]

Huye: Umugabo arashinjwa kwica umwana we w’imyaka 2 akanakomeretsa umugore

Umugabo w’imyaka 39 akurikiranwe n’ubushinjacyaha akekwaho kwica umwana we w’imyaka 2 akanakomeretsa umugore we w’imyaka 34 akoresheje agasuka . Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 03 Mutarama 2022 mu gihe cya saa mbiri z’ijoro mu mudugudu wa Nzovi, Akagari ka Nyamiyaga, Umurenge wa Muyira ho mu Karere ka Nyanza, nyuma y’uko batonganye bapfuye […]

Nyuma ya RDF, ingabo za SADC zizaguma muri Mozambique mu gihe kitatangajwe

Ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo bihuriye mu muryango w’ubukungu wa SADC byemeje kongera igihe cy’ingabo byohereje muri Mozambique, aho zimaze igihe zifasha ingabo za leta kurwanya intagondwa zigendera ku mahame akaze yiyitirira idini ya Islam. Igihe cyongeweho nticyatangajwe. Abategetsi bo muri ako karere bari mu nama ku wa Gatatu mu murwa mukuru Lilongwe wa Malawi, […]