Ihuriro ry’imiryango y’abafite ubumuga ryamaganye abakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu ndonke

Sangiza iyi nkuru

Ihuriro ry’imiryango y’abafite ubumuga mu Rwandaryatangaje ko ryamaganye abantu bakoresha ku mbuga nkoranyambaga abantu bafite ubumuga cyane cyane ubwo mu mutwe bagamije indonke.

Iri huriro risaba ko ababikora babicakaho kuko ari uguhutaza uburenganzira bwabo.

Ku mbuga nkoranyambaga, hakunze kugaragaza amashusho ya bamwe mu bavuzwe haruguru, batanga ibitekerezo ku ngingo zitandukanye cyane kuri YouTube, hashakishwa ibyitwa ‘views’

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *