Ihuriro ry’imiryango y’abafite ubumuga mu Rwandaryatangaje ko ryamaganye abantu bakoresha ku mbuga nkoranyambaga abantu bafite ubumuga cyane cyane ubwo mu mutwe bagamije indonke. Iri huriro risaba ko ababikora babicakaho kuko ari uguhutaza uburenganzira bwabo. Ku mbuga nkoranyambaga, hakunze kugaragaza amashusho ya bamwe mu bavuzwe haruguru, batanga ibitekerezo ku ngingo zitandukanye cyane kuri YouTube, hashakishwa ibyitwa ‘views’


