Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye gukora agashya (Amafoto)

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagaragaye avuza ingoma anambaye ibirenge ubwo yasozaga igihe cy’ikiruhuko yari amazemo iminsi. Perezida Ndayishimiye yagaragaye yabaye umutimbo [umukaraza] ubwo yasuraga abakaraza b’ahitwa Gishora ho mu ntara ya Gitega, mu rwego rwo kwerekana ko ingoma zifite umwanya munini mu muco w’u Burundi. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana umukuru w’igihugu cy’u […]
Rayon Sports yakuye amanota atatu i Rubavu, APR FC yambura Kiyovu Sports umwanya wa mbere
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye amanota atatu y’umunsi wa 13 wa shampiyona wasize APR FC ifashe umwanya wa mbere, nyuma yo gutsinda Etincelles FC ibitego 2-0. Rayon Sports yari yasuye Etincelles mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda. Igitego bya Manassé Mutatu wafunguye amazamu ku ishoti riremereye yarekuye ku munota wa […]
Le Rwanda accueillera la course “Ironman Triathlon” en août
Le président Paul Kagame a reçu hier Serge Pereira, PDG de Starstone, une compagnie d’assurance, et Cindy Descalzi qui, selon la présidence, sont dans le pays pour lancer l’Ironman Triathlon. La course, qui devrait avoir lieu dans le district de Rubavu en août de cette année, fait partie d’une série de courses de triathlon longue […]
Umugabo yakize indwara ebyiri yari amaranye imyaka itanu nyuma yo gukingirwa Covid-19
Umugabo ubarizwa muri Leta ya Jharkhand mu Buhinde witwa Dularchand Munda, wari umaze imyaka itanu atagenda, atanavuga kubera impanuka y’imodoka yakoze mu myaka itanu ishize,yongeye kugenda aranavuga nyuma yo gukingirwa Covid-19. Munda w’imyaka 55 wo mu Buhinde avuga ko yakingiwe Covid-19 ku itariki 4 Mutarama 2022, nyuma y’amasaha make akingiwe, ngo yatangiye kongera kumva amaguru […]
Umutoza wa Zimbabwe yakuriye ingofero umusifuzi Mukansanga

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe, Norman Takanyariwa Mapeza yakuriye ingofero Umunyarwandakazi Salma Rhadia Mukansanga wasifuye umukino wabahuje na Guinea Conakry wa nyuma mu matsinda y’irushanwa ry’abagabo ry’ibihugu bya Afurika, CAN 2021. Mukansanga ni we wari umusifuzi wo hagati muri uyu mukino wabereye kuri Sitade Ahmadou Ahidjo mu murwa mukuru wa Cameroon (Younde) Zimbabwe yatsinzemo Guinea […]
Kenya: Raila Odinga yasubije Visi Perezida Ruto nyuma yo kumushinja urugomo
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga yasubije visi perezida wa Kenya ashimangira ko abamushyigikiye batari abanyarugomo nk’uko abibashinja. Kuri uyu wa Kabiri ushize, Odinga yatangarije ibi i Nairobi, nyuma y’ibyatangajwe na Visi Perezida William Ruto atunga urutoki abayoboke ba Odinga kuba inyuma y’urugomo rwadutse ku kibuga cya Jacaranda cya Nairobi muri wikendi ishize. Mu gusubiza […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa MBONYIMANA Pascal
Nyamagabe: Arishyuza Frw hafi ibihumbi 300 avuga ko yambuwe n’umukoresha

Umuturage witwa Ndagijimana Ferdinand utuye mu Mudugudu wa Nyirakiraro, Akagari ka Karambo, Umurenge wa Kibirizi w’Akarere ka Nyamagabe arasaba ubuyobozi kumwishyuriza amafaranga y’u Rwanda (Frw) 272,500 uwahoze ari Shebuja witwa Kayihura Barthazar yarindiraga inzu, ariko akaza kumwambura. Mu mabaruwa Bwiza.com ifitiye kopi Ndagijimana yandikiye abayobozi batandukanye kugeza ku rwego rw’intara, avuga ati: “Kayihura Barthazar yampaye […]
Kigali: Bagiye gufata umurambo w’uwabo wapfiriye muri CHUK basanga warahawe abandi
Umuryango wa Habimana Diogène utuye mu murenge wa Gatenga w’akarere ka Kicukiro, uvuga ko wagiye gufata umurambo w’uruhinja baheruka kwibaruka rukitabira Imana mu bitaro bya Kigali (CHUK) basanga warahawe abandi ndetse waranashyinguwe. Ku wa 13 Mutarama ni bwo umuryango wa Habimana wibarutse, gusa nyuma y’umunsi umwe birangira yitabye Imana. Uyu muryango uvuga ko ubuyobozi bw’ibitaro […]
Burundi: CNL iravuga ko hari umugambi wo kwivugana umuyobozi wayo Agathon Rwasa
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, CNL, ku mugabane w’u Burayi, ari we Aimé MAGERA aravuga ko hari umugambi wo guta muri yombi no kwica Depite Agathon Rwasa, ukuriye ishyaka ku rwego rw’igihugu, avuga ko urimo gutegurwa na bimwe mu bikomerezwa byo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi. Abinyujije kuri Radio Peace FM Ijwi […]
Mike Mutebi mu muryango winjira muri AS Kigali
Umutoza ukomoka muri Uganda Mike Mutebi, biravugwa ko ashobora gutoza ikipe ya AS Kigali mu gihe cya vuba, aho azasimbura Jimmy Mulisa umaze igihe gito atoza iyikipe y’umujyi wa Kigali. Bikaba byitezwe ko mu minsi ya vuba atangira ishingano zo gutoza iyi kipe, aho ahita asimbura Jimmy Mulisa wari uri gutoza iyi kipe mu buryo […]
Ihuriro ry’imiryango y’abafite ubumuga ryamaganye abakoresha abafite ubumuga bwo mu mutwe mu ndonke
Ihuriro ry’imiryango y’abafite ubumuga mu Rwandaryatangaje ko ryamaganye abantu bakoresha ku mbuga nkoranyambaga abantu bafite ubumuga cyane cyane ubwo mu mutwe bagamije indonke. Iri huriro risaba ko ababikora babicakaho kuko ari uguhutaza uburenganzira bwabo. Ku mbuga nkoranyambaga, hakunze kugaragaza amashusho ya bamwe mu bavuzwe haruguru, batanga ibitekerezo ku ngingo zitandukanye cyane kuri YouTube, hashakishwa ibyitwa […]
Waba Umunyarwanda, Umukarimojong cyangwa umu-Acholi; twese turi Abagande_Gen Katumba abwira Bobi Wine
Minisitiri w’Umurimo n’Ubwikorezi muri Uganda, Gen Katumba Edouard Wamala, yabwiye Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa kiriya gihugu ko yifuza ko umunsi umwe yazakiyobora; gusa amwihanangiriza ku kwimakaza ibijyanye n’amoko. Gen Katumba yabigarutseho ubwo we n’abarimo Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine bari bahuriye mu muhango wo gushyingura Christopher Columbus Sembuya wahoze ari umunyemari ukomeye […]
Clinical psychologist at Save the Children
Clinical Psychologist About the Role: Save the Children’s work saves and improves children’s lives around the world in more than 120 countries. Save the Children’s Head Office for programs in both Burundi and Rwanda is based in Kigali and known as Rwanda/Burundi Country Office. Clinical Psychologist will work to contribute to improvement of mental health […]
Shock as famous kid found dead in water tank
Rwanda Investigation Bureau (RIB) has arrested two people in connection with the death of a child identified as Elisie Akeza Rutiyomba who apparently drowned in a water tank in Busanza cell, Kanombe sector of Kicukiro district. The suspects include a domestic worker and a step mother to Akeza. The child was reported dead over the […]
AFCON: Ikipe y’igihugu ya Ghana yaserewe itarenze mu matsinda nyuma y’imyaka 15 bitayibaho

Ikipe y’igihugu ya Ghana (Black Stars) yaraye isezerewe mu mikino ya nyuma y’Africa y’umupira w’amaguru ikomeje kubera muri Cameroon, nyuma yo gutsindwa na Camoros 3-2, mu mukino wa nyuma wo mu matsinda ibintu yaherukaga mu myaka 15 ishize kuko byaherukaga mu 2006. Uyu mukino wo mu itsinda C, ikipe ya Comoros niyo yabonye igitego cya […]
Rusesabagina’s case to proceed in his absence
A Kigali court on Tuesday ruled that it will proceed with the appeals hearing in the case of ‘Hotel Rwanda’ hero Paul Rusesabagina after concluding that legal steps were taken to summon him without success. He was not present or represented on January 17 when the court was due to start hearing an appeal filed […]
Arasabira umugabo we wamukubise gufungurwa, kuko ngo ni we watungaga urugo
Dusengimana Eveline utuye mu Kagari ka Kabushinge, Umurenge wa Rwaza w’Akarere ka Musanze arasabira umugabo we Twagirayezu lldephonse ufungiwe muri Gereza ya Rwamagana gufungurwa, kuko ngo ni we watungaga umuryango. Dusengimana mu ibaruwa yandikiye Minisitiri w’Ubutabera tariki ya 10 Mutarama 2021, ikamenyeshwa umuyobozi w’urwego rushinzwe amagereza n’umuyobozi wa gereza ya Nsinda (Rwamagana), yasobanuye ko intandaro […]
Rubavu: N’umugabo yaramwirukanye nyuma yo kwirukanwa ku kazi kuko atikingije
Umugore witwa Ingabire Jeanne Gentille utuye mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, aravuga ko umugabo we basezeranye byemewe n’amategeko yagerageje kumwirukana kuko atikingije Covid-19, icyemezo avuga ko gishingiye ku myemerere ye bwite cyanatumye yirukanwa ku kazi k’ubwarimu mu rwunge rw’amashuri rwa Rambo. Avuga ko mu Murenge wa Nyamyumba ari we mwarimu wenyine wafashe […]
Somalia: Ikindi gitero cy’ubwiyahuzi cyishe 4 nyuma y’icyakomerekeyemo umuvugizi wa leta
Nyuma y’igitero cya bombe cy’ubwiyahuzi cyakomerekeyemo umuvugizi wa Guverinoma ya Somalia, kuri uyu wa Kabiri undi mwiyahuzi yiturikirijeho igisasu muri resitora icuruza ikawa hafi y’ikigo cya gisirikare muri Mogadishu yivugana abantu bane. Ibi byatangajwe n’abayobozi b’igipolisi n’abandi babibonye n’amaso yabo. Umwe mu bapolisi bo mu kigo cyegereye ahabereye iki gitero, Abdirahman Adan, yavuze ko uwo […]
Salma Mukansanga yasutse amarira nyuma yo kwandikira amateka mu gikombe cya Afurika
Umunyarwandakazi Mukansanga Rhadia Salma yafashwe n’ikiniga ararira, nyuma y’uko yari amaze kwandika amateka yo kuba umugore wa mbere usifuye Igikombe cya Afurika cy’abagabo. Ku mugoroba w’ejo ku wa Gatatu tariki ya 18 Mutarama ni bwo Mukansanga w’imyaka 33 y’amavuko yanditse aya mateka, ubwo yasifuraga umukino wa gatatu wo mu itsinda rya kabiri Syli National ya […]
Meddy yagaragaje agahinda yatewe n’urupfu rwa Akeza wasubiyemo indirimbo ye

Umuhanzi Ngabo Médard (Meddy) yagaragaje agahinda yatewe n’urupfu rw’umwana w’imyaka 5 y’amavuko witwa Akeza Rutiyomba Elsie uherutse gusangwa mu kigega cy’amazi yapfuye. Urupfu rwa Akeza rwamenyekanye tariki ya 14 Mutarama 2022 ubwo yasangwaga muri iki kigega mu rugo rwa se Florian Rutiyomba, ruherereye mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Gasabo. Urwego […]
MRCD-FLN: Le procès en appel se poursuivra sans Rusesabagina
Le procès en appel des condamnés terroristes du FLN se poursuivra en l’absence de leur chef politique Paul Rusesabagina, ont décidé les juges de la Cour d’appel. Rusesabagina, qui est en garde à vue, est le président fondateur du MRCD, l’organe politique qui a créé le groupe terroriste FLN. La première audience devait avoir lieu […]
Abasirikare b’u Bufaransa bakomerekejwe n’igisasu muri Burkina Faso
Ingabo z’u Bufaransa zakomerekejwe n’igisasu cyaturikiye mu majyaruguru ya Burkina Faso nk’uko Igisirikare cy’u Bufaransa cyabitangarije AFP ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Igisirikare cy’u Bufaransa mu itangazo ryacyo cyatangaje ko imodoka yacyo yaturikijwe n’igisasu ubwo yari ivuye ku Kibuga cy’Indege cya Ouahigouya, cyongeraho ko itsinda ry’abasirikare bari bayirimo ari iryo muri Operation Barkhane […]
U Bwongereza buravugwaho gutegura kohereza abimukira mu Rwanda na Ghana
Guverinoma y’u Bwongereza yaba irimo gutegura gahunda yo kohereza abimukira babarirwa muri magana mu bihugu nk’u Rwanda na Ghana ngo batuzwe nk’uko amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu avuga. Amakuru yatangajwe na BBC ndetse n’ikinyamakuru UK Times, bivugwa ko yaturutse mu nzego za leta zitavuzwe amazina, avuga ko iyi gahunda ari imwe muri politiki […]
Goma: Herekanwe abagize uruhare mu iyicwa ry’uwari Ambasaderi w’u Butaliyani muri RDC
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 18 Mutarama 2021, i Goma, mu murwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru, itangazamakuru ryeretswe abakekwaho kugira uruhare mu iyicwa ry’uwari Ambasaderi w’u Butaliyani muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Luca Attanasio. Ni abagabo batandatu, baregwa kandi ibindi byaha byinshi, birimo ibitero byibasiye imodoka z’ubutabazi ku mihanda myinshi ikikije Goma na […]