Ni umukobwa wabyaye, arashaka umukunzi utari uwo kuryoshya gusa

Sangiza iyi nkuru

Mwaramutseho ndifuza umukunzi ndumu fille mere w’umwana umwe imyaka32 ibiro 72 uburebure 1cm70 ndiga muri Kaminuza ntakazi mfite ndifuza umukunzi ufite imyaka32-40 upima ibiro73-80 uburebure 1cm70 kuzamura ufite urukundo sinshaka uwokuryoshya yanyandikira kuri email wasemutesi@gmail.com NB utujuje ibi ntanyandikire kuko sindigukina nafashe unwanya ntari gukina.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Uyu musore nawe yagize ati: “Ndi umusore ukuze n’imyaka 39, umukobbwa nshaka ni ufite ku myaka 34 kumanura hasi, wize Kaminuza, uba kandi agakorera i Kigali, mbese ufite akazi katamusaba kuba hanze ya Kigali; Nanjye nize Kaminuza mfite n’akazi i Kigali karinganiye katagize icyo gatwaye. Umukobwa ufite gahunda yanyandikira kuri email: linuganje@gmail.com tukamenyana birushijeho, twahuza tukabyereka Imana tukubakana!
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!!
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *